Digiqole ad

Kuwa 31 Gicurasi 2013

Amarushanwa ya Primus Guma Guma ku nshuro ya gatatu abahanzi bari gukora iyo bwabaga mu guhatana kugira abafana benshi. Bamwe muri aba bahanzi bitwaje itwaro z’abafana.

Nzovu (ibumoso) na mugenzi we ashobora kuba asumba (hirya) barashyushya abafana ba Senderi i Nyanza
Nzovu (ibumoso) na mugenzi we ashobora kuba asumba (hirya) barashyushya abafana ba Senderi i Nyanza
Little Man
Yaje gufana Senderi nawe
Rujugiro we yaje gushyigikira Knowless
Rujugiro we yaje gushyigikira Knowless
Ni umufana wigenga. Aha arawuceza nta kibazo
Ni umufana wigenga. Aha arawuceza nta kibazo

hotos/P Muzogye

Niba nawe ufite ifoto YAWE WIFATIYE ifite ubusobanuro ukaba ushaka kuyisangiza abasomyi b’umuseke.rw yohereze kuri [email protected]

UM– USEKE.RW

0 Comment

  • birabaje ko uyu muntu wafashe aya mafoto yake ivangura akurikije indesho namwe mukumera ko amafoto yurukoza soni agatambuka

    • Ikibao se cy’indeshyo kirihe? Rujugiro se areshya na Nzovu? uriya mugore se uwuceka areshya na nde? Ujye uvana aho amatiku!

    • Reka amatiku mwana w’urwanda kuko amatiku ntaho yatugeza.

  • unva ari NZOVU NUWO W’ UWUNDI UMUREMURE NINDE??

Comments are closed.

en_USEnglish