Digiqole ad

Kuwa 30 Gicurasi 2013

Abakozi mu kazi kabo gatandukanye buri wese aba afite ubunararibonye bwe. Uyu muhanga mu gusiga amarangi aritaba telephone ahagaze hejuru  kuri ‘garde fou’ z’inyubako ya etage ebyiri, nta mususu kansi nta kintu kimufashe.

Aritaba telephone ahagaze ku kantu gato cyane muri etage ya kabiri
Aritaba telephone ahagaze ku kantu gato cyane muri etage ya kabiri
IMG_0562
Ntabwoba bwo kuvugira hejuru y’urupfu kuko hasi ni nko muri metero 15
IMG_0567
Uwo bavugana yanamusetsaga
IMG_0569
Hanyuma umwete n’umutima ku kazi

Photos/V Kamanzi

Niba nawe ufite ifoto YAWE WIFATIYE ifite ubusobanuro ukaba ushaka kuyisangiza abasomyi b’umuseke.rw yohereze kuri [email protected]

UM– USEKE.RW

0 Comment

  • Type ndabona anafite phone y’akaga. Gusa ibi sinabimushyigikiramo… iyo garde-fou ntibajya inama…

  • Mbahe ikizami abazi umugi wa Kigali…

    AHA HANTU NI AHAGANA HEHE?

    • KU GIPOROSO

    • ni i Remera

    • i Remera ku giporoso.

      • yego arimo arakora isuku ariko arimo no kwanduza. iriya garde fou narangiza arongera ayisige irangi se?

  • mi ku giporoos mwana!

  • bravo ku kazi ariko risques….
    Si byiza kutagabanya risques mu kazi dukora.
    Attention au travail. La vie est chere, amigos

  • Ni mu Rwanda nyine, ari ahandi bahita bamuhambiriza! securité d’abord

Comments are closed.

en_USEnglish