Kuwa 30 Gicurasi 2013
Abakozi mu kazi kabo gatandukanye buri wese aba afite ubunararibonye bwe. Uyu muhanga mu gusiga amarangi aritaba telephone ahagaze hejuru kuri ‘garde fou’ z’inyubako ya etage ebyiri, nta mususu kansi nta kintu kimufashe.
Photos/V Kamanzi
Niba nawe ufite ifoto YAWE WIFATIYE ifite ubusobanuro ukaba ushaka kuyisangiza abasomyi b’umuseke.rw yohereze kuri [email protected]
UM– USEKE.RW
0 Comment
Type ndabona anafite phone y’akaga. Gusa ibi sinabimushyigikiramo… iyo garde-fou ntibajya inama…
Mbahe ikizami abazi umugi wa Kigali…
AHA HANTU NI AHAGANA HEHE?
KU GIPOROSO
ni i Remera
i Remera ku giporoso.
yego arimo arakora isuku ariko arimo no kwanduza. iriya garde fou narangiza arongera ayisige irangi se?
mi ku giporoos mwana!
bravo ku kazi ariko risques….
Si byiza kutagabanya risques mu kazi dukora.
Attention au travail. La vie est chere, amigos
Ni mu Rwanda nyine, ari ahandi bahita bamuhambiriza! securité d’abord
Comments are closed.