Digiqole ad

Kuwa 28 Kamena 2013

Impeshyi irarimbanyije, amazi hamwe na hamwe mu gihugu yatangiye kuba ingume. Abavomyi henshi bavuga ko ibyabagaho cyera bita inkomati ku mariba ubu bitakibaho abantu batakirwanira ku mariba.

DSCN0048
Nubwo amazi ari make bavoma mu mutuzo

Photos/RM Ruti

Niba nawe ufite ifoto YAWE WIFATIYE ifite ubusobanuro ukaba ushaka kuyisangiza abasomyi b’umuseke.rw yohereze kuri [email protected]

UM– USEKE.RW

0 Comment

  • ipeshyi byo ni dange ahubwo ni ugutegura aho amazi ari buve kabisa

  • Inkomati y’amazi.., gutendeka abantu mu mabisi, kuvundana abantu binjira muri za stade, Bus,etc… gutwara abantu muri za camionettes inyuma… ibyo byose twarabikize imana ishimwe! Komera Rwanda kandi tukuri inyuma maze ukomeze utere imbere!

    • wowe ahubwo ndagufashe ntugenda hirya no hino! cyakora icyo wavuze cy’ukuri umuvundo kuri stade waragabanutse n’aho ibindi uratubeshya!

  • Tanga igitekerezo cyawe udatukana, utamamaza, utavangura; unyuranije n’ibi ntago igitekerezo cyawe kijya ku mugaragaro. Ushaka kutwoherereza inkuru cyangwa Kwamamaza? Twandikire kuri Email: [email protected].

Comments are closed.

en_USEnglish