0 Comment

  • UBU SE MWE MUBARUSHIJE IKI KO AHUBWO ARIMWE MUBYERETSE BENSHI!
    AT LEAST IYO MUDASHYIRAHO IYO PHOTO MUKATUBWIRA IBY’IYO NKURU.

  • baraga puuuuuuuuuuuuuuuuuuuuuuuuuuuuuuuuuuuuuuuuuuuuuuuuu

  • ubuse mwebwe ni ikicyiza iyi nkuru yanyu imariye bariya bana mutweretse ??? ndemeranya n’abavuga ku ireme ry’uburezi mu rwanda !!! kandi wasanga uyu washyizeho iyi nkuru yibitseho amadiplome atabarika??????

    • Icyo mbona cyo abanyarwanda turacyari hasi mu myumvire!
      Umuseke nta kibi mbona wakoze kukwereka iyi foto wowe cyangwa mwese muyinenga.
      Kuko mwebwe nti muri nka bariya bana, ahubwo Umuseke urababaza ngo ese mwe murabona bikwiye
      ko abana berekwa iriya mico?
      Warangiza ngo bakumariye iki kukwereka ikibazo gihari ngo utange umusanzu mu kigikemura!
      abababbababa

      • Nuko abantu batumva nahubundi urababwiye pe!Uri umuntu w’umugabo.

  • Uriya mutipe wambaye umwenda utukura arareba iki buriya?

    • arimo ararunguruka, reba ukuntu yihengetse ra!!!

    • yatangaye!

      • Wapi, ahubwo birajaguye mu mutwe we, ahise yifuza; ibyo areba bishituye moteri ye !!!!!

  • Iyi yote ni maisha bandugu yangu, none mwibwira ko bariya babyina kuriya se ari ubusa, ubuzima burakomeye kuburyo abantu bose baba basha ka icyatuma abona n’ijana namwe ngo imico ! umuntu ahagarara kumuco iyo yifite mugihe cyose tugiteze amaboko nibitari biriya bizaza,abazungu iyo babona tubigana mu n=myambarire no mubindi buriya uzii ukuntu bumva biteye icyara ko badukoloniza

  • hahahaha mureke yirebere biremewe!byamucanze

  • murakoze kuvuga kuri aya mabi yifubitse ibigezweho arimo gushyigikira ubwiyandarike no guta umuco mu bana b’u Rwanda. sinzi niba minisiteri y’umuco itari kubibona.ese ubundi bariya babikora bo buriya batekereza iki? umwari nk’uriya buriya abona hari ukwiyandarika birenze biriya. mu gihe twubaka u Rwanda ndebera uburyo we ari kurusenya.

  • Ibibyose namashitani yabarenze urubyiruko rukwiye gusengerwa kuko shitani yarurangije .

  • Ariko abantu bagiye bareka kuruhanya. Ino photo kuyishyira mu kinyamakuru bitwaye iki? ko ari ibintu byabereye mu ruhame. Ikindi, umunyamakuru avuga inkuru zose, apha kuba atabeshya.

  • Ariko rwose tugira abaminisitiri cyangwa abadepite, abasenateri!!!!!!!!!!!!!!Rwose abana bacu bajye bapfa tureba.Ni akumiro rwose.

  • Ikibazo ni abashinzwe UMUCO badashoboye akazi kabo. None se nimba ushinzwe UMUCO ukabihemberwa warangiza ugatituka urebera, ntuba watsinzwe! jye ndumva Ministre ushizwe umuco yakwegura kuko nta BILAN YE mbona uwandusha icyo yakoze yakimbwira,Ku giti cyanjye kdi ni uburenganzira bwanjye, NDAMUNENGA kuko mbona ntacyo yakoze mu gihe amaze ayobora iriya ministere kugirango ASIGASIRE UMUCO NYARWANDA!!!

    • @Patriote uri umuntu w’umugabo kabisa; Uri Minister w’UMUCO yaranyobeye nanjye rwose; None se nawe Minister w’Umuco muzima ushyigikira ko haba itorwa rya ba Miss muri buriya buryo ubona koko aribyo nabonye aba AKOMA AMASHYI IGIHE ABO BAKOBWA NGO NI MISS BABA BIYEREKA BAMBAYE UTWENDA TWO KOGANA IMBERE YA RUBANDA. Uwo niwo muco dukeneye kweli??? Banyarwanda ni muze duhaguruke turengere UMUCO NYARWANDA. Barangiza bakabyitirira ngo niba NYAMPINGA!! Ntabwo NYAMPINGA yemerewe kwambara IKARISO imbere ya minister w’UMUCO nawe yarangiza AGAKOMA AMASHYI yewe uwatsinze AKANAMUHOBERA! Nkaho yabyamaganye nibura bakiyerekana bambaye KINYARWANDA; BIKWIJE. MWABONYE AHO UMWARI W’URWANDA YAMBARA IKARISO NAKANTU GAPFUKA AMABERA GUSA, HANYUMA AKIYEREKANA KOKO, BIRIYA SI UMUCO WACU NAMBA, NUWO KWAMAGANANWA. NANJYE, URIYA mINISTER NDAMUNENGA, MBONA ADASHOBOYE GUTEZA IMBERE UMUCO MUGIHE ASHYIGIKIRA RIRIYA TORWA RYA BIYITA NYAMPINGA BAMBAYE KARIYA KAGENI. NDUMVA ARI UBURENGANZIRA BWANJYE BWO KUBIBONA GUTYO.

  • man biriyantaribi ahubwo iyababantubose bihangiragumurimo nkabariyabana

  • Abo bayobozi muvuga uwabereka abana babo, iyo bari mutubari iyo za Nyarutarama, birababaza gusanga umwana w’imyaka 15 afite icupa rya Whisk mu ntoki, yagandaye, imyotsi imuturuka mu mazuru ukagirango n’itanura batwitse, naho Driver amutegerereje kw’irembo ry’akabari na Plado yase!rimwe na rimwe yambaye na Uniform y’ishuri, harya ngo n’igisilimu ngo nuguha abana uburenganzira, yeweee Biteye agahinda nyamuna mutabare

Comments are closed.

en_USEnglish