Digiqole ad

Kuwa 23 Gicurasi 2013

I Nyamirambo abasore bo ku muhanda birarira imbere y’amaduka.

Abahungu aha bafashe "ingangi" (uburyamo) ni mu ijoro hagati
Abahungu aha bafashe “ingangi” (uburyamo) ni mu ijoro hagati
Barimo ari batatu bakagira n'uburyo baba bikinze imbeho
Barimo ari batatu bakagira n’uburyo baba bikinze imbeho
Hepfo yabo abandi nabo bagezeyo n'ibitotsi
Hepfo yabo abandi nabo bagezeyo n’ibitotsi
6
Ushobora kurara heza ntusinzire ariko bo hasi ntihababuza kwisinzirira wanafotora ntibumve

 

Niba nawe ufite ifoto YAWE WIFATIYE ifite ubusobanuro ukaba ushaka kuyisangiza abasomyi b’umusekehost.com yohereze kuri [email protected]

umusekehost.com

0 Comment

  • Burya koko ndabyemeye , ko avec l argent on peut acheter un bon lit mais pas du sommeil

  • bien berces dans les bras de morphee. Jah bless

  • Aba bo baranyemeje kabisa.N’urusqku rw’imodoka za nijoro ntibarwumva koko.Kugera naho babahagarara hejuru ntibumve.

  • ibi birushaho gutuma nibaza uko isi iteye bikanyobera. wari uziko se hariho abantu babaho gutya? ubwo se iyo barwaye baruhukiraha he? iyo bananiwe se? dukwiye kwigira hano kdi buri wese akibaza uko agomba kwitwara muri ubu buzima

  • none se bararana inkweto?

Comments are closed.

en_USEnglish