Kuwa 20 Kanama 2013
Nyampinga wa KIM (Kigali Institute of Management) kuwa 16 Kanama, hatowe Carine Umuraza, hatowe kandi na rudasumbwa wabaye Floris Rutayisire. Uyu muhango mu mafoto:
Photo/P Muzogeye & RM Rutindukanamurego
UM– USEKE.RW
© Since 2011, Umuseke. All rights reserved
0 Comment
Good Good Nanjye Nzaba Mr Kigali Town Ok Carine
nice
Au pays des aveugles le borgne…..!!!!
ariko se aba bantu baba muri kim koko?
sha narumiwe koko!!!!!
Miss na Mr ndabona arakatarabonekaaa!!!
Uyu mukobwa wa Masoro(AUCA)yageze muri KIM ate?Ndumiwe koko sha twarigane umuraza Carne n’Impangaye kabisa Umubyeyi Irene!!!!
Yeah nanjye mbazi muri AUCA, birancanze mubonye ngo ni miss muri KIM
aka gakobwa ni kabi!
sha ntabwo ari mwiza pe har’abamuruta benshi barimo.
Maman wanjye mukecuru Marigarita mukazibera ahageze yaba Miss KIM pe na Muzehe Umusaza Rudasumbwa yabarusha uretse upfuye ijisho mu mpumyi aba umwami nta kundi
arko se sha ubwo urumva udahemuka nonese naba barashakaga nyampinga KIM uriya akaba ariwe wari mwiza nonese wagirango undi avehe?n’uriya nyine waruhari.
Eremmwivuga menshi, yasubiye mumukungugu.
Comments are closed.