Digiqole ad

Kuwa 20 Gicurasi 2013

Nyangezi wo mu Rutsiro mu burengerazuba ari hejuru y’inzu ye ishaje ari gushakaho ibiti  byo gukoresha indi mirimo.

Nyangezi hejuru y'inzu ye
Nyangezi hejuru y’inzu ye
Inzu ye arateganya kuyisenya
Inzu ye arateganya kuyisenya
Arashakaho inkwi cyangwa imiganda yo kubaka urugo
Arashakaho inkwi cyangwa imiganda yo kubaka urugo

Photo/P Muzogeye

Niba nawe ufite ifoto YAWE WIFATIYE ifite ubusobanuro ukaba ushaka kuyisangiza abasomyi b’umuseke.rw yohereze kuri [email protected]

UM– USEKE.RW

0 Comment

  • Mana jya ufasha abana bawe bababaye muri ubu buzima bwa hano ku isi. Byibuze ubabonera amahoro y’umutima.

  • ariko amafoto mushyiraho beneyo baba babizi,

  • koko murabona uriya muntu atababaje.none se kuki Leta mubo ifasha itamutera inkunga ko ababaje ahaaaaaa

  • hahaha nyangezi ni serious

Comments are closed.

en_USEnglish