Kuwa 20 Gicurasi 2013
Nyangezi wo mu Rutsiro mu burengerazuba ari hejuru y’inzu ye ishaje ari gushakaho ibiti byo gukoresha indi mirimo.
Photo/P Muzogeye
Niba nawe ufite ifoto YAWE WIFATIYE ifite ubusobanuro ukaba ushaka kuyisangiza abasomyi b’umuseke.rw yohereze kuri [email protected]
UM– USEKE.RW
0 Comment
Mana jya ufasha abana bawe bababaye muri ubu buzima bwa hano ku isi. Byibuze ubabonera amahoro y’umutima.
ariko amafoto mushyiraho beneyo baba babizi,
koko murabona uriya muntu atababaje.none se kuki Leta mubo ifasha itamutera inkunga ko ababaje ahaaaaaa
hahaha nyangezi ni serious
Comments are closed.