Digiqole ad

Kuwa 10 Gicurasi 2013

Imiryango y’abasigajwe inyuma n’amateka myinshi ntabwo igikora umurimo wo kubumba bakoraga cyera. Ubu bakora imirimo y’ubuhinzi cyangwa ubworozi.

DSC_0275
Mu karere ka Gisagara, aha bicaye hari mu nganzo ubu bahicara barinze imyaka bahinze

Niba nawe ufite ifoto YAWE WIFATIYE  ifite ubusobanuro ukaba ushaka kuyisangiza abasomyi b’umuseke.rw yohereze kuri [email protected]

umuseke.rw

0 Comment

  • Amateka yabasigaje inyuma ni ayahe?

  • Bakozi b,Imana mwazasuye ababantu mukabigisha ijambo ry,Imana ikazabahindurira ubuzima kubona ko nabo bahangayitse .

  • Ariko nyine ayo mateka n’ayahe?ubuse bagiye imbere?haaaaaaaaaaaaaaaaaaaaa

  • N’iyi mbwa iri mu nganzo se kandi?ahubwo se aba bantu uri kubona amateka bazayashyikira koko?yarabasize by’intangarugero kweri kweri!!

  • Ngewe ababantu ndabikundira umunsi naje mu rwanda nzaza kubasura .

Comments are closed.

en_USEnglish