Kuwa 10 Gicurasi 2013
Imiryango y’abasigajwe inyuma n’amateka myinshi ntabwo igikora umurimo wo kubumba bakoraga cyera. Ubu bakora imirimo y’ubuhinzi cyangwa ubworozi.
Niba nawe ufite ifoto YAWE WIFATIYE ifite ubusobanuro ukaba ushaka kuyisangiza abasomyi b’umuseke.rw yohereze kuri [email protected]
umuseke.rw
0 Comment
Amateka yabasigaje inyuma ni ayahe?
Bakozi b,Imana mwazasuye ababantu mukabigisha ijambo ry,Imana ikazabahindurira ubuzima kubona ko nabo bahangayitse .
Ariko nyine ayo mateka n’ayahe?ubuse bagiye imbere?haaaaaaaaaaaaaaaaaaaaa
N’iyi mbwa iri mu nganzo se kandi?ahubwo se aba bantu uri kubona amateka bazayashyikira koko?yarabasize by’intangarugero kweri kweri!!
Ngewe ababantu ndabikundira umunsi naje mu rwanda nzaza kubasura .
Comments are closed.