Kuwa 1 Mata 2013
Iyi ni imiturirwa ibiri y’impanga yuzuye mu mujyi wa Kigali. Ni inyubako z’Ikigo cy’igihugu cy’ubwishingizi (RSSB) ‘Doctors’ Plaza’ cyane ko hazashyirwamo n’ibitaro by’umutima. Izi nyubako zifite agaciro ka miliyari hafi zirindwi z’amanyarwanda.
Photos/P Muzogeye
Niba nawe ufite ifoto YAWE WIFATIYE, ubona ifite ubusobanuro ukaba ushaka kuyisangiza abasomyi b’UM– USEKE.COM yohereze kuri [email protected]
UM– USEKE.COM
0 Comment
Wow! ni nziza kbs, abatari i Rda Umuseke murahatubera neza cyane, mu byaro mu mujyi nuko nuko rwose mukomereze aho.
Izi nzu ni nziza cyane, WHY NOT Petronas Kigali Tours in 20 years
Long live my Rwanda, i miss u
Kabisa ndabemeye! Umunsi mu mafoto uranshimisha cyane, ku ko mbona ibintu biri nyabyo ntawe unshutse. Murakoze cyane umuseke! Urabona ifoto yazino nzu nijoro, ukuntu ari nziza.
Umuseke.com turabakunda cyane mujye mukomeza muhatubere.
Imana ikomeze iteze iimbere u Rwanda
mwana plaisir uri pro kabisa ,duhurire hahandi mukanya hahaha
ndakwemera sana
TWIN TOWERS ??? (nibutse World Trade Center)
Ariko ntabwo ari Impanga nyazo (vrais jumeaux/identical twins) witegereje neza urugero amadirishya y’imbere ku muhanda munini.
Comments are closed.