Digiqole ad

Kuwa 1 Mata 2013

Iyi ni imiturirwa ibiri y’impanga yuzuye mu mujyi wa Kigali. Ni inyubako z’Ikigo cy’igihugu cy’ubwishingizi (RSSB) ‘Doctors’ Plaza’ cyane ko hazashyirwamo n’ibitaro by’umutima. Izi nyubako zifite agaciro ka miliyari hafi zirindwi z’amanyarwanda.

Inyubako z'impanga zuzuye mu Kiyovu mu mujyi wa Kigali kuri 'Payage'
Inyubako z’impanga zuzuye mu Kiyovu mu mujyi wa Kigali kuri ‘Payage’
Izo nyubako uziturutse hepfu uvuye mu kanogo
Izo nyubako uziturutse hepfu uvuye mu kanogo
DSC_0098
Uzegereye
DSC_0133
Urebeye izi nyubako z’impanga ku muhanda w’inyuma ugana mu Kiyovu
DSC_0509
Mu ijoro

Photos/P Muzogeye

Niba nawe ufite ifoto YAWE WIFATIYE, ubona ifite ubusobanuro ukaba ushaka kuyisangiza abasomyi b’UM– USEKE.COM yohereze kuri [email protected]

UM– USEKE.COM

 

0 Comment

  • Wow! ni nziza kbs, abatari i Rda Umuseke murahatubera neza cyane, mu byaro mu mujyi nuko nuko rwose mukomereze aho.
    Izi nzu ni nziza cyane, WHY NOT Petronas Kigali Tours in 20 years

    Long live my Rwanda, i miss u

  • Kabisa ndabemeye! Umunsi mu mafoto uranshimisha cyane, ku ko mbona ibintu biri nyabyo ntawe unshutse. Murakoze cyane umuseke! Urabona ifoto yazino nzu nijoro, ukuntu ari nziza.

  • Umuseke.com turabakunda cyane mujye mukomeza muhatubere.

    Imana ikomeze iteze iimbere u Rwanda

  • mwana plaisir uri pro kabisa ,duhurire hahandi mukanya hahaha

  • ndakwemera sana

  • TWIN TOWERS ??? (nibutse World Trade Center)

    Ariko ntabwo ari Impanga nyazo (vrais jumeaux/identical twins) witegereje neza urugero amadirishya y’imbere ku muhanda munini.

Comments are closed.

en_USEnglish