Digiqole ad

Kuwa 07 Werurwe 2013

Ifoto imwe bavuga ko iba ivuze byinshi, buri munsi UM– USEKE.COM uzajya ubagezaho ifoto imwe cyangwa zirenze imwe yerekeranye n’ubuzima bw’abanyarwanda bwa buri munsi.

Umunsi wo kuya gatandatu Werurwe 2013 mu mafoto

Jean Yves Cyusa wo mu murenge wa Kigali mu karere ka Nyarugenge avuye gutashya
Jean Yves Cyusa wo mu murenge wa Kigali mu karere ka Nyarugenge avuye gutashya
Jean Yves wa kabiri uvuye ibumoso na bagenzi be
Jean Yves wa kabiri uvuye ibumoso na bagenzi be

Foto/UM– USEKE.COM

Niba nawe ufite ifoto YAWE WIFATIYE, ubona ifite ubusobanuro ukaba ushaka kuyisangiza abasomyi b’UM– USEKE.COM yohereze kuri [email protected]

UM– USEKE.COM

0 Comment

  • Iyi nkuri mwanditse ishaka kumenyesh’iki?
    mujye mwandika ibifasha abantu bose

  • yes iyi foto igaragaza uko muri kigali babayeho. abenshi bazi ko muri kigali bose bagendera mu modoka, bambara neza nka callixte, baryama heza n’ibindi…. nyamara hari abarutwa n’abanyacyaro hamwe izuba rigera ritinze, babona imodoka bakiruka cyane, abashiritse ubwoba bakayegera bakayikoraaho ngo barebe ko ari ikiremwa muntu. hari n;aho bis yageze bamanukana amashoka ngo ingonokera nini yabateye.

  • Nyamara iyi nkuru ivuze byinshi

Comments are closed.

en_USEnglish