Digiqole ad

Kuwa 03 Kamena 2013

Guheka abana ni umwe mu mico nyarwanda ndetse dusangiye na henshi muri Africa. Gusa mu mijyi cyane cyane abana ngo ntibagihekwa umwanya uhagije, ndetse haje n’ubundi buryo butandukanye bwo kubaheka bya kizungu. Abahanga mu mitekerereze ya muntu bemeje ko guheka umwana kenshi bituma yiyumva cyane mu muntu ukunda kumuheka kurusha utamuheka.

Mu gihe Maman wabo ari kubagara ibishyimbo uyu mwana w'ikigero cy'imyaka icyenda abaye ahetse murumuna we
Mu gihe Maman wabo ari kubagara ibishyimbo uyu mwana w’ikigero cy’imyaka icyenda abaye ahetse murumuna we

Photos/Methode Bahizi

Niba nawe ufite ifoto YAWE WIFATIYE ifite ubusobanuro ukaba ushaka kuyisangiza abasomyi b’umusekehost.com yohereze kuri [email protected]

umusekehost.com

0 Comment

  • Ayiga shenge!!! rwose ndibutse, neza neza igihe nk’iki ngana gutya mpetse Ptte soeur Maama ari guhinga.
    Ndumva hari muzi za 81. Rwose mukoze hasi munyibutsa ibuye!
    Murakaramba

Comments are closed.

en_USEnglish