Kuwa 01 Gashyantare 2014 CHIEF EDITOR 02/01/2014 Ibinyobwa bya BRALIRWA bimaze imyaka hafi 60 binyobwa mu Rwanda. Amwe mu mafoto ya bimwe mu binyobwa byayo. Primus ikundwa cyane mu gihugu ubu yashyizwe no mu icupa riringaniye Mutziig, inzoga y’uburyohe abayinywa bavuga ko butangaje Mu irushanwa ryihariye ryayitiriwe Ni umwihariko w’abayinywa Ikinyobwa kidasembuye cya Coca Cola nacyo kiri mu bitunganywa na BRALIRWA bikunzwe PRIMUS, inzoga inkunzwe cyane Photos/PMuzogeye ububiko.umusekehost.com Share this:Click to share on Twitter (Opens in new window)Click to share on Facebook (Opens in new window)
0 Comment
amerwe gusinda udasomyeho
ziraryoshye !
Iyi tariki (01/02) twizihiza Intwali z’u Rwanda, byari kuba byiza iyo mushyiraho Ifoto y’ibijyanye n’ubutwari (mugashyiraho nk’ifoto y’Intwali muzo twibuka) aho gushyiraho ibinyobwa bya BRALIRWA.
Comments are closed.