Digiqole ad

Amafoto: i Kinazi bashyinguye imibiri 60 000 y'abishwe muri Jenoside

Ruhango – Kuwa gatandatu w’iki cyumweru, tariki 19 Mata, Abanyakinazi n’incuti zabo bibutse ku nshuro ya 20, banashyingura mu cyubahiro imibiri y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi isaga ibihumbi 60.

IMG_0245
Inshuti abavandimwe abaturanyi n’ababuze ababo kuri uyu muhango
IMG_0250
Buri wese yifuzaga ko abo bantu bashyingurwa mu cyubahiro
IMG_0256
Hashize imyaka 20 bashyinguye nabi
IMG_0273
Abakiri bati baje kumva no kumenya kurushaho ayo mateka mabi
IMG_0299
Baje kwibuka ababo
IMG_0312
Impande zose zari zuzuye abantu
IMG_0349
Abahagarariye ingabo zahagaritse ubwo bwicanyi
IMG_0382
Abasaza bakuru baje kwibuka
IMG_0385
Uyu muhango wajemo abantu beshi
IMG_0455
Basubijwe icyubahiro bambuwe mu myaka 20 ishize ubwo bicwaga nabi bagashyingurwa nabi
IMG_0512
Bamwe bagiraga intege nke
IMG_0541
Abayobozi bakuru bari muri uyu muhango
IMG_0561
Buri wese umutima uri ku mabi nk’aya yabaye mu Rwanda
IMG_0585
Ni agahinda gakomeye
IMG_0599
Ababyeyi bakuru baribuka ibyabaye
IMG_0608
Abantu benshi batabaye ababuze ababo abandi baje kwibuka ababo no kubasubiza icyubahiro bambuwe
IMG_0668
Baribuka ababo
IMG_0670
Ni akumiro kuri bamwe urupfu rw’abantu bangana gutya bazira ikitari icyaha
IMG_0721
Buriwe wese wari aha afite icyo ibintu nk’ibi bimubwira
IMG_0760
Batabawe n’abavandimwe n’inshuti
IMG_0777
Abantu batandukanye bitabiriye uyu muhango
Umuhanzi Mariya Yohana ni umwe mu bifatanyije n'Abanyakinazi kwibuka.
Umuhanzi Mariya Yohana ni umwe mu bifatanyije n’Abanyakinazi kwibuka.
Perezida wa Sena Dr Ntawukuriryayo ageza ijambo kubari bitabiriye uyu muhango ryo kubihanganisha.
Perezida wa Sena Dr Ntawukuriryayo ageza ijambo kubari bitabiriye uyu muhango ryo kubihanganisha.
Minisitiri Mitali avuga ijambo.
Minisitiri Mitali avuga ijambo.
Ababyeyi barokotse bakishyira hamwe mu itsinda bise "Association Humura mubyeyi." yo guhozanya.
Ababyeyi barokotse bakishyira hamwe mu itsinda bise “Association Humura mubyeyi.” yo guhozanya.
Minisitiri Mitali nawe ni umwe mubarokokeye muri ibi bice by'Amayaga.
Minisitiri Mitali nawe ni umwe mu barokokeye muri ibi bice by’Amayaga.
Uru rwibutso ni rumwe muzifite udushya tw'uko hakirimo imibiri ikigaragaza uko umuntu yishwe.
Uru rwibutso ni hamwe hari imibiri ikigaragaza uko Interahamwe zishe Abatutsi
Amarira n'agahinda kubashyinguye ababo.
Amarira n’agahinda kubashyinguye ababo.
Ntawukuriryayo na Madame berekwa urwibutso.
Ntawukuriryayo na Madame berekwa urwibutso.
Abadepite bari bitabiriye uyu muhango bashyira indabo ku mva.
Abadepite bari bitabiriye uyu muhango bashyira indabo ku mva.
Amashapure n'ibindi byasanzwe ku mibiri y'abashyinguye muri uru rwibutso.
Amashapure n’ibindi byasanzwe ku mibiri y’abashyinguye muri uru rwibutso.
Depite Barikana Eugene ni umwe mu banyacyubahiro bari bitabiriye uyu muhango.
Depite Barikana Eugene ni umwe mu banyacyubahiro bari bitabiriye uyu muhango.
Bamwe mu banyacyubahiro bari bitabiriye uyu muhango basengera abishwe Jenoside yakorewe Abatutsi.
Bamwe mu banyacyubahiro bari bitabiriye uyu muhango basengera abishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi.
Perezida wa Sena Dr Ntawukuriryayo nawe yari yazanye na Madame we.
Perezida wa Sena Dr Ntawukuriryayo nawe yari yazanye na Madame we.
Minisitiri Mitali yaje kwifatanya n'Abanyamayaga.
Minisitiri Mitali yaje kwifatanya n’Abanyamayaga.
Minisitiri Mitali Protais na Madame nabo bari bitabiriye uyu muhango.
Minisitiri Mitali Protais na Madame nabo bari bitabiriye uyu muhango.
Bamwe mubitabiriye uyu muhango
Bamwe mubitabiriye uyu muhango
Rusiribana watanze ubuhamya
Rusiribana watanze ubuhamya
Samuel Dusengiyumva, wavuze mu izina ry’abarokokeye mucyahoze ari Komine Ntongwe
Samuel Dusengiyumva, wavuze mu izina ry’abarokokeye mu cyahoze ari Komine Ntongwe.
Perezida wa Sena Dr Ntawukuriryayo asura uru rwibutso.
Perezida wa Sena Dr Ntawukuriryayo asura uru rwibutso.
Mu rwibutso imbere.
Mu rwibutso imbere.
Bajyana amasanduku y'imibiri mu rwibutso
Bajyana amasanduku y’imibiri mu rwibutso

Photos: V. KAMANZI

ububiko.umusekehost.com

0 Comment

  • Kubera amateka u Rwanda rwaciyemo kugirango bizakomeze kuguma mu mateka,ko cyera hari commune 143 kandi abanyarwanda bari miliyoni 8 iyi mibare ntizateza ikibazo?

Comments are closed.

en_USEnglish