Digiqole ad

Kampala: Shakira yari aguye mu busambanyi aratabarwa

Umukobwa byatangajwe ko yitwa Shakira, yasanzwe mu cyumba yabuze umwuka ubwo yari aryamanye n’umugabo w’umunya Somalia muri Lodge yitwa Sabalien Guest House mu mujyi wa Kampala.

Shakira yari yahwereye kubera uwo mugabo wahise yigendera
Shakira yari yahwereye kubera uwo mugabo wahise yigendera

Umwe mu bakozi biriya Lodge yatangaje ko uriya mukobwa yinjiranye n’umugabo usa n’umunya Somalia ariko wiyandikishije nk’umunya Kenya mu cyumba numero 21.

Nyuma y’igihe kitarambiranye, batangiye kumva uyu mukobwa ataka cyane, gusa bakumva ko bisanzwe mu mibonano mpuzabitsina.

Nyuma y’umwanya uringaniye uyu mugabo yarasohotse arigendera, babonye atagarutse bajya kureba niba uyu mukobwa agihumeka, bamusanga ku gitanda yambaye ubusa ahumeka nabi cyane.

Nyuma yo guhuruza abashinzwe umutekano, uyu mukobwa yambitswe utwenda maze ajyanwa kwa muganga.

Uwari uyoboye Sabalien Guest House ndetse na nyirayo Teddy Dasta batawe muri yombi na Police, mu gihe uyu mukobwa we ari kuvurirwa mu bitaro bya Mulago.

Benshi mu bazi kariya gace, bavuga ko iriya Lodge kimwe n’izindi hafi aho habera ubusambanyi cyane kandi haba indaya nyinshi. Uyu niba yari indaya yahuye n’umukiliya udasanzwe.

Source:bukedde

UM– USEKE.COM

0 Comment

  • Haa! Pole sana shakira wari uhasize ubuzima Imana ikinga akaboko,na none umuntu yakwibaza ese uwakubonye mbere wambaye ukuri ntabwo yaba nawe yarihaye akabyizi mbere yo gutabaza abashinzwe umutekano. Yaba byashobokaga ngo bashyire za cameras muri za lodges, ikindi nibaza ese uwo mugabo ntabyangombwa bamusabye? Shakira wasanga nta na mutuel agira kuko birashoboka ko n’uwo muclient we atamwishyuye akaba yarakoreye ubusa.

    • hahaha uranyishe pee nta mituel yarafite !!!

    • Umva nawe kamaliza ngo urabaza. ubwose ari wowe ntiwabanza kwiha uwo mubyizi mbere yo gutabaza? ahaaa icyo nzicyo nuko nawe yawihaye. C’est bien ça la réalité de ce monde.

      • Eric sha uwomubyizi naho yawiha ntacyo wamugezaho,ntamusaruro uretse kurumbya?ninkoguhinga muri desert ugategereza umusaruro.Yesu yaraje kugirango tubone ubugingo not urupfu.twese tumugane niwe umuranzara yubusambanyi.

  • Ndumiwe pe, Ibihe turimo sinzi aho biganisha.

  • uyusumugaboye uwamumpa yamara inzarayimibonano mfite

  • shakira pole!ariko izo n’ingaruka z’icyaha umubiri wawe n’urusengero ry’umwuka wera dutinye urubanza rw’uwiteka.iyo upfa warikuba uzize iki?

  • BIRABABAJE CYANNE MANA HA UMUTIMA WO KWIHANA ABASAMBANYI BAREKE UMWUGA UZABATA MURI JAHANAMA.HABABAJE UMUBBEYI WAMWIBARUTSE?JYE NDUMVA BA NYIRIHOTERE BARENGANA PEE .

  • Mana weeeee bira babaje cyane kwiyahura ureba ariko ubundi Indaya murashaka iki?

  • yahuye numu type wanyoye viagra , nicyo cyajya gikomesha indaya, banyiri ama lodge mufate isomo mujye mwaka ibyangombwa mwiyandikire imyirondoro yaba client banyu kugirango bifashe police gufata abantu nkabo

    • bamufatira iki se??ni ikihe cyaha yakoze?

  • Ndumva ari isomo ku ndaya muri rusanga,aho umuntu yiyahura abireba. pole sana, wasanga biviramo shakira gukizwa akava mu byaha.

  • N’UBUNDI INGARUKA Z’ICYAHA NI URUPFU N’AKIRA AZIHANE KABISA

  • Oya biragaragarako shakira yarataramenyera ikibuga ntazi no kwiruka niyo mpamvu bamutsinze yaraguye mumashuka, niyihangane akore imyitozo ihagije nawe azatsinde umukino w’ubutaha.

  • Uyu mu type ashoboye akazi uyu Shakirra we bisa naho atakoze amarushanwa ahagije gosa Pole bajyabamwifashisha akosore abananiranye.

  • ABAKORA UMWUGA W’UBURAYA BAMENYE KO UWO BAKORERA NTABIHEMBO ATANGA;BISHIMISHIJE AHUBWO IBIHEMBO BYE;N’UKUGUSHYIRA KURI BOSE BABIREBA,NKUKO SHAKIRA BYAMUGENDEKEYE.

  • Ibihembo by’ibyaha ni urupfu, si ubusambanyi gusa hari n’ibindi byinshi abantu birengagiza, ariko ngo niyo ibyaha byatukura tukutuku Yesu yiteguye kubibabarira byose igihe cyose umuntu yihannye n’umutima ukunze kandi kwihana kwiza ni ukureka, ubundi ukizera Umwami Yesu ubwo ikibazo kikaba kirakemutse. Shakira na bagenzi be ndetse n’abandi bari mu isayo y’ibyaha nabasabira kugirirwa ubuntu n’imbabazi bakihana. Yesu yazanywe no gutarura icyari cyarazimiye. Yesu ubwo ugenderera abandi nanjye ntunsige. Amen

  • Haragowe abanyabyaha banze kubireka, bicare bazi ko bicaye hejuru y’umuriro.Nubundi nadakizwa azapfira muri ibyo byaha bye. Buriya hari igihe nibaza ahantu Steven KANUMBA yagiye hagati yo mu ijuru n’ikuzimu bikanyobera, kuko nawe yapfuye nkuko uwo SKAKIRA yari apfuye. Mube maso mwa ndaya mwe kdi mwihane.

  • Sha reka mbabwire nukuri Shakira arababaje ariko iyiba bose bahuraga nuriya mugabo kuko abana nabagore bikigihe baraka cyane bashoborwa nuriya mugabo rwose azaze nahano irwanda wenda bagenda gakeya bakubaha abagabo babo bagasubira kumurongo .gusa Umwami Yesu natabare kuko Isi irimumarembera

  • ABATIHANA BAZARIMBUKA

  • ugira amahirwe agira umwahagiza mwa bantu mwe!hari aho mwigeze mwunva ko shakira yavuye amaraso?guhumeka nabi se ni ibiki?ubusanzwe ni nde uba ahumeka neza?muge muba bakuru ariko,abamubyukije nibo bamubihirije naho shakira azarangire abandi aho yamuvanye kuko ni gake umuntu yishima kugera kuri ruriya rwego.

    • Betty ahahahahah.. urandangije rwose,rata babaze koko uko bahumeka cyagihe babikora.ahubwo shakira ntakigenda yitaye hanze.

  • sha uwo mugabo uwamumpa yenda yamara umushyukwe mfite ndara mpuhaho.

  • mwene izo bazita “mborometal”

  • ababyeyi ni basengere cyane imiryango by’umwihariko abana kuko turugarijwe n’umwanzi satani kandi batoze abana gusenga umuco wo kuganira n’abana w’imikwe mu miryango nyarwanda n’ubwo umwana yakwanga kumva ariko wowe nk’umubyeyi ukaba warangije inshingano ze.

  • ariko buriya birashoboka ko umuntu arongorwa kugera aho abura umwuka?

  • ahubwo se uwo mugabo aho kumusiga wenyine iyo akomeza ko aribwo byari bigeze aharyoshyewenda.abndi bana!!

  • ahubwo se uwo musore ntiyahombye niba bari bavuganye ama rounds (amaturu) atatu akaba yarakoze imwe?
    Gukora imibonano ni pscychologique, soit ni sentiment yari yibereyemo, soit ntamenyereye amarushanwa. wait and see

  • Ubuzima ntibworoshye pe!!! kwiyemeza kurishya innyo nk’URUYUKI ntibikwiriye pe. umuntu yagombye gukoresha amaboko ye ngo abone iki mutunga ntabwo yagombye gukoresha amabuno… Banyarwanda mwibuke ko burya kwireba ukibonamo igishoro burya biba byakurangiranye. kuko utangira igitsina kizana amazi bikarangira kizanye amashyira. mwitonde….

  • NAHO UBUNDI BIRAGARAGARAKO UWO CHAKIRA ATAZI UMUBYEYI BIKIRAMARIYA.

  • Please muge murya akagabuye,niwo muco, nuriya yazize akatagabuye gutoragura imyanda yo mumuhanda.abatekereza ibyo namwe muri nkabo

  • ARIKOMWASHATSE ABAGABOBANYU UBUNDI MUGAKUR AMABOKO MUMUFUKA MUGAKORA MUKAREKA KWI CURUZA IGITEY’AGAHINDA BIKORWA KESHI NABANA BIZE BAZI UBUZIMA ICYARICYOKWERI.BIRABABAJE.

  • ARIKO ABANTU BAVUYE MU BYAHA N UKURI TURI MU MINSI YA NYUMA UBABAYE KANDI UTEYE AGAHINDA NI NYINA WAMWIBARUTSE NAHO ABANYABYAHA BITINDE BITEBUKE BAZABONA INGARUKA ZABYO KUKO UMUKINO BURI WESE AKINA UZAGIRA IHEREZO BURIYA SHAKILA RYARI IHEREZO RYE NUKO YONGEREWE IKINDI GIHE CYO KWIHANA, YISUBIREHO NDETSE NABAMEZE NKAWE BAGENDA BAVUGA IBITEYE ISONI KURI BOSE BABIREBA NUKO NYINE BADASHIRAHO AMAZINA YABO NYAKURI BYABA BIBABAJE KUBONA UMWARI W URWANDA UHUBUKANA IBITEYE ISONI NKIBYO NAHOZE MBONA HARUGURA ZIRIKANA AMAGAMBO YOSE AVUGWA AZASHIRWA AHAGARAGARA.

  • YESU AMUHE AGAKIZA
    KANDI BIRASHOBOKA NANJYE YRANTABAYE NARIMURENZE.

  • gusa birababaje shakira niyihangane byaba byiza ashatse umugabo akazajya amushimisha
    uko abyifuza naho ubundi nabandi bazahasiga ubuzima

  • Uwiyishe ntaririrwa pe!Satani yitegure kumwakira mu bayo.

  • Mana igira neza watabaye abawe koko, kuki uri kwemera ko ibi bibaho, shakila we nugira Imana ugakira uhita wikirizwa, niba ari isomo uraribonye

  • Ubutaha azabemeza noneho ntacyo azaba, mbabajwe nuzamushyira mu rugo afite kamuzinzi nto

  • ndabashimiye mwese mwagize icyo muvuga kuri yi nkuru, ariko wamugani ngo IJORO RIBARA UWARIRAYE, shakila niwe uzi uko byari bihagaze wabona atari n indaya, barasenganaga akamubwira ati ngwino nkwereke aho umperekeza!!!!! ntawamenya, naho abashora ibice by umubiri bobo baba biyizeye, cg nanone ashobora kuba yari UMURURU, ataramenyera akazi kose ari akanini n agatooo!!!!!!!!!!!!!!!!!!

  • sha akazi karagwira ra ariko kandi n’ibikoresho biba byinshi uwo ubanza yari Satani wuzuye neza neza kuko ntibisanzwe

  • abasomali se burya???hahaha ntibizoroha peuh

Comments are closed.

en_USEnglish