Digiqole ad

Jaguar nyuma ya Kigeugeu yazanye “Kipepeo”

Umunyakenya w’umuhanzi Jaguar yamenyekanye cyane mu karere kubera indirimbo yise “Kigeugeu” ubu ngo inshya yazanye yise “Kipepeo” avuga ko izakundwa kurusha ‘Kigeugeu”

Jaguar
Jaguar

Muri “Kigeugeu” yatangaga ubutumwa bugaya abantu bakunze gusuzugura, n’uburyo Isi itakigira ikizere ikaba yarakunzwe cyane.

“Kipepeo” nshya ni indirimbo ikoze mu njyana ya Zouk ivuga ku rukundo. Muri Kenya ubu ni indirimbo igezweho, mu karere ngo iraba ica ibintu muri iyi minsi.

Amashusho y’iyi ndirimbo ngo azasohoka mu gihe cya vuba nkuko Jaguar yabitangarije Eastandard dukesha iyi nkuru.

Umva iyo ndirimbo nshya hano

Nzeyimana Luckman
UM– USEKE.COM

en_USEnglish