Digiqole ad

Igitsina gito ku mugabo ntigikwiye gutera ipfunwe

Ubushakashatsi bugaragaza ko abagabo bafite igitsina kigufi bibatera ipfunwe, kuburyo bamwe bibaviramo gutinya kubaka urugo bibaza ko bazananirwa gutera akabariro, ariko aba bashakashatsi bakaba bahumuriza umntu wese ufite icyo kibazo.

Igitsina cyawe ntikikagutere ipfunwe/photo internet
Igitsina cyawe ntikikagutere ipfunwe/photo internet

Abagabo rimwe na rimwe bakunda kwitegereza igitsina cyabo, ngo bakagereranya n’ibya bagenzi babao bazi, bikabareta ipfunwe. Ariko burya ngo niyo cyaba gito gute ariko kiri mu kigero gisanzwe (Normal range) nta kibazo

Nkuko bigaragazwa n’ubushakashatsi bwa University ya Turin, abagabo ngo ntibakwiye gufata imiti yo kongera ibitsina byabo kuko bitari ngombwa. Ngo iyi miti ibatwara amafaranga ndetse ikanabangiriza ubuzima.

Ngo ni gake cyane igitsina cy’umugabo kiba kitari mu kigero gisanzwe (normal range) biba ikibazo gusa iyo kitabasha kugira akabaraga ko guhaguruka.

Icyo bita ikigero gisanzwe ni ikihe? Urugero rusanzwe rw’igitsina cy’umugabo ngo ni hagati ya santimetero 7,6 na 10,2  mugihe kitari mu kazi kacyo. No hagati ya santimetero 12,7 na cm 17,8 mu gihe kiri cyangwa kiteguye gukora ibyo cyagenewe.

Abagabo bafite ibitsina bita bito, ngo ntimukwiye kujya mukangwa n’amatangazo yamamaza abereka uburyo bwo kongera uburebure bw’ibitsina byanyu.

Ubu bushakashatsi buvuga ko benshi bareba amashusho y’urukozasoni ngo bakabona abagabo bafite ibitsina binini cyane bakifuza kunganya nabo.

Ariko ngo abenshi muri bariya ni abakoresheje imiti ibongerera uburebure bw’ibyo bikoresho by’akazi kabo. Ariko ngo kuir benshi burya ntibiramba, kandi bibagiraho ingaruka zikomeye.

Igitsina gito, kuri ubu bushakashatsi, ngo si ubusembwa ndetse nta n’ipfunwe cyagakwiye gutera nyiracyo.

Oscar Ntagimba
UM– USEKE.COM

30 Comments

  • murakoze kubwi inkuru muduhaye, ariko njye ndibariza kuwaba abizi wese icyo umuntu yakora kugirango atarangiza vuba

    • va kubugoryi sha,niwajya ushaka kurangiza uzarangize uwo bidashimishije ajye gushaka abapfubuzi

    • Kurangiza vuba bituruka kumpamvu nyinshi zitanduknye ariko hari uburyo bwo kubirwanya ubifashijwemo nuwo mwashakanye.Iyo yumvise ugiye kurangiza ashobora kugutungura akakuvugisha cyangwa agasa nukwiyaka nuko akakurangazaho gato bigatuma gahunda isubira inyuma noneho mugakomeza ahanini rero kandi binaterwa no kutitegura bihagije mbere yikorwa nyirizina mwagombye kubanza mugategurana bihagije noneho mukagera kungingo mwese mubishaka kandi bigatuma amashagaga umwe agira mugitangira aba yabaye make kuko aba yashiriye muri feeling zibanziriza igikorwa.

  • Uraho Muvandimwe Kayonga,

    mbere na mbere ndagushimira ngushima cyane, kuba utinyutse kubaza kariya kabazo. Ndetse ndahamya ndashidikanya ko kareba benshi. Muli rusange, nta kibazo kibi kibaho, ahubwo habaho igisubizo kibi. Kandi ibibazo byerekeranye no gutera akabariro biriho iwacu i Rwanda, nubwo bitavugwa mu ruhame. Muramenye, ngo nuhigimye aba avuze. Dore rero muli make, jyewe uko mbigenza kugirango ndasohora imburagihe. N’undi wese ashobora kutubwira uko abigenza…

    Mbere yo kubonana n’umugore, ndabanza nkajya kwiyuhagira. Byaba ngombwa ngafata imboro yanjye mu ntoki, maze nkayikoresha imyitozo. Muli iyo myitozo mba nyiganiriza bucece, kuko nayihaye akazina, akazina keza. Ndakomeza kugeza nsohoye. Umurego usigaye uba uhagije kugirango ibashe kwinjira ndani sasa!!!….

    Nkuko ubisanga muyindi nkuru iri kuli runo rubuga, burya wa muco w’abakurambere wo kunyaza ni ikintu kiza cyane. Menya ndetse kw’isi yose, ali akarusho abanyarwanda twihariye. Ni cyo gituma kuli twe, ntacyo bitwaye iyo umugabo asohora vuba. Ahubwo ni byiza, kuko usanga byongereye ububobere mu gituba. Jyewe rero iyo bimbayeho ndakumeza ngakunguta. Usanga bigenda neza, kuko umurego w’igitsina cyanjye uba waganutse. Iyo bimaze akanya ndongera ngashyukwa kabisa. Kandi nyine hagataho, sinibagirwa guha madamu wanjye „Buzi buzi = Caresses“….

    Ubundi buryo, abagabo benshi bakoresha, busaba ko umugore wawe atinyutse cyane. Urugero: Abazungukazi nta kibazo bagira cyo gusoma penis. Iyo ubona washyutswe cyane, iyo wumva uli busohore imburagihe, ushobora gusaba umudamu wawe akagukorera icyo bita „Fellatio“. Fellatio bivuga ko afata penis yawe, akayishyira mu kanwa ke, akayisoma, akayitamira, akayivuguta, kugeza usohoye. Ariko iyo uteye nk’abanyarwanda benshi nzi, umurego „Penis = Imboro“ isigarana, iyo madamu arangije uwo mwitozo, uwo murego urahagije kugirango ubashe gucumita. Unaskiya ndugu yangu Kayonga!!!….

    ALORS JEUNESSE, BONNE CHANCE ET BON COURAGE DANS LA VIE. ET BON PLAISIR. D’ACCORD….

    Ikitonderwa: Muramenye, ibyo ali byo byose, mwirinde „Promiscuity = Guhindaguranya abagore nkuhindaguranya amashati“.

    KANDI MWIRINDE SIDA. SIDA NI IKIBAZO DUKWIYE KUGANIRAHO KENSHI, KULI RUNO RUBUGA RUHURIRWAHO N’URUBYIRUKO. OKAY!!!…

    Murakoze, uwanyu Ingabire-Ubazineza

    • inama ni nziza

    • ko witiranwa n’abagore se ingabire we?cyangwa uri ikinyabibiri?!
      nakubwira ko buri wese agira uburyo bwe sha!kuko nta shuri ribyigisha kandi ntawe binanira

  • INGABIRE, NDAGUSHIMA KUNAMA NZIZA UDUHAYE NIBA HARIZINDI WATWONGERERA KK IBYO UVUZE BYOSE NIBYO ABUMVA BUMVUREHO.

  • Hello dear ingabire,icyo uvuze ko les femmes blanche batamira imboro mukanwa,twibukanye ko hari risque nini cyane yokwandura ingwara zandura ziciye mumaraso kuko kenshi akanwa na penis or critoris zikunze kubamwo icyo bita des plaies invisibles il faut kwitonda ushaka gukora ibyo,wibuke ko uramutse uhuye nuwanduye Sida nibyo gufatwa nayo,uretse Sida hari nizinduza inzira y umuhogo ukazabaho ufite kurwara na cancer du gorge.fait attention mes amis,

  • Wowe borgres, ibyo bikorwa kubashakanye gusa. Ubwo urumva wajya ku kiro ukajya muri nta soni? erega abashakanye biragoye kwirindana ubwo nyine umwe yaraciye inyuma undi ahita amwanduza

  • Meme nabashakanye,jye ndi muri departement medicale,hari risque mbi cyane,kandi ns les Rwandais avec notre coutume ou culture nziko bitemerwa,gusa kunyaza byo simbyanga ntacyo.twibuke ko atari sida hari nizi microbe nshuti nawe utirengagije,umugabo udasiramuye byo bite?dukore ibiduhesha amahoro.

    • Nonese nsobanurira, ibyo byo gutamira imboro cg kurigata mu gituba bishobora kwanduza SIDA?

  • Hahahahahahahahahahahhahahahaha!!!< ngaho nimunyazanye nababwiz'iki !!!

    Umunyarwanda muzima aratinyuka agasoma igitsina ky'undi bataranashakanye koko !!!!!!
    Guyz,be careful with those practices.

  • Ese u ubundi kuki mukora imibonano mpuzabitsina,ubu nge ko natbyo ndakora sindiho ??ahubwo se mwagiye mutereta abo mubashije kwemeza,murinda mubipa abagore babandi,mwagiye mubanza mukabategura neza kuburyo murangiriza rimwe,ese kuki bamwe mutanyurwa n’ibitsina IMANA yabahaye !!!!
    ahaaaa,nababwiz’iki,courage

  • Bonjour et merci à tous,

    maze gusoma messages zanyu ziranyura. Kuko ibyo buli munyarubuga avuga, ndasanga harimwo ukuri kwihariye. Erega jyewe muli rusange, ntabwo mpita mpubuka, ntabwo mpita nigizayo igitekerezo cy’umuntu. Harubwo mara amezi, cyangwa ndetse imyaka ngasanga cya gitekerezo nashakaga iteka kwigizayo, kingiriye akamaro m’ubuzima…

    Ndashaka kugira icyo mvuga kuli message ya Borgres, kubera igihe gike abandi mumbabalire…

    Biranshimishije kuba utubwiye ko ukora muli département médical. Ubwo rero biriya tuganiraho, kuli wowe ni ibibazo uhura nabyo hafi buli munsi. Jyewe ntabwo ndi m’ubuvuzi, ariko medecine, psychology, music ni hobbies zanjye. Ni ikimenyimenyi ndi mentor muli „HIV PREVENTION – SELFHELP GROUP“ muli community mbamwo. Muli make indwara zijyana kandi zituruka ku mibonano y’ibitsina ni nyinshi. Ibyo wanditse rero ni UKURI KABISA. C’EST UNE QUESTION TRÈS SÈRIE– USE. FELLATIO EST, EN EFFET, UNE PRATIQUE SEXUELLE À HAUT RISQUE. ATTENTION * ATTENTION * ATTENTION…….OKAY!!!

    Jyewe ariko, biriya byose nanditse, ntabwo ali inkuru mbalirano, ni expérience yanjye. Nagerageje kwibanda ku kabazo Kayonga yabajije. Kandi ibyo yavuze ni byo rwose. Kiriya kibazo cyo gusohora vuba abaganga bakita „Ejaculatio praecox“. Mais j’ai oublié de dire que la véritable racine est psychologique. Cela veut dire que le concerné devrait avant tout cultiver un sentiment profond et positif de sa propre sexualité. Avoir un sentiment profond de sa propre valeur en tant que mâle….d’accord.

    Ikindi kandi, jyewe umugore wanjye ni umuzungukazi. Tumaranye igihe kirekire. Umuco nagiraga, kera nkiri muto, wo guca iruhande, ubu narawihannye!!!

    Ndangije mbasaba ko twakomeza kuganira ku byerekeye sida….

    Ahasigaye ndakubaza wowe Borgres, ikibazo kerakeranye n’ubusinzi (alcoolisme) uko ukibona. Ikindi nshaka kumenya ni ibijyanye n’umushinga „Isange one stop center“. Ikibazo cyo gukubita abagore ( violence familiale, cogneurs des femmes….) no mu bindi bihugu ni ingorabahizi. Mu bihugu bimwe nka Japon, France, Allemagne, Angleterre birakabije cyane. Les statistiques sont inquiétantes. Comment est la situation en général au Rwanda…………

    Mube mwiriwe, kandi mugire icyumweru kiza. Une semaine pleine de travail, mais aussi d’un peu de poésie…

    Uwanyu Ingabire-Ubazineza

  • vrmt ingabire ni umuntu udasazwe uziko ari ntasoni! mais ni umunyamafuti gusa ngo umugore atamire penis y`umugabo we? kel emb6lite frr? vrmt mujye mutanga inama
    nziza kuko iyiyo ntiyubaka kbs.

  • Muraho neza,Mr Ingabire,ndagira ngo nkubwire burya imboro idasiramuye cyangwa isiramuye byose bikunze kuba byatanga iyo mpamvu mwese mwagiraga umuvandimwe wacu.dore rero
    kutarangiza vuba afite azegere muganga a l’hopitala cyangwa ampamagare kuri 0788507924.
    My dear Ingabire,uziko duhorana udusebe mukanwa kandi tudakira ariko ntitugaragara mumaso sauf microscope.aho rero iyo imboro ifite agasebe kaguhura naka kanwa ningombwa urware uretse Sida,uhora ubura amacandwe ahagije mukanwa,bitera kandi kudakomera kwamenyo,byangiza urusenge rwa kanwa,kandi iyo bikorwa kenshi bituma uhora unuka akanwa,
    recherche iheruka gukorwa nuko hanyuma uzageraho ukarwara cancer du gorge aigue,ushobora kutavuga neza
    guhurorana iseseme,
    na sperme ziratwika kuko sikenshi umugabo yirekura.ncuti il faut faire attention kuko bitera ingaruka mbi nyinshi.reba nawe indi systeme wakora.kubyereke one stop centre,irakora très sérieusement,kandi violence feminine yaragabanutse kuko byahagurukiwe ninzego zose.ndashima uko biri par apport ailleurs bo ni urugendo rurerure.email yanjye ni [email protected]
    tel +2500788507924.wazanshaka tukavugana.mbonereho mbwire aba jeunes kwitonda cyane kuko murugarijwe,nabubatse ingo mwese.thanks

  • Yewe Dr. Börgres,

    urakoze cyane, iyi nyandiko yawe ni ingirakamaro. Jyewe inama ungiriye nzahita nzikurikiza aka kanya. Kuko ntabwo nkeneye gukomeza buriya buryo. Ibisobanuro birambuye utanze sinali mbizi….

    Muli rusange, yego muli iki gihe, ni ngombwa kwitonda, ariko kandi tugomba kwerura tukaganira ku byerekeye “Sexuality”. Twe abakuru b’imyiryango nidutinya kubivuga, abana bacu bazajya kubyigira kuli “Interneti”, maze bibwire ngo bize imico myiza, naho byose ali pornography…

    Jyewe rero sintinya gukosa, kuko nizeye ko umuvandimwe nka we undusha kubimenya azahita ankosora. Maze n’abandi bakumviraho…

    Gusa abavuga amahomvu, cyangwa bapfa gusubiza batumvise ikibazo aho kiri, bene abo nzajya mbima amatwi…

    Merci aussi pour les inormations concernant le centre “ISANGE”. Kiriya gikorwa ni iterambere koko. Iterambere si ukubaka imihanda n’ibibuga by’indege gusa. Domaine socio-culturel ntitugomba kuyibagirwa…

    Bon travail….

  • Ingabire kubyerekeye nanone inzoga nabyo birimubitera ibibazo psychologique,urareba kunkwa ukarenza ugira amakimbirane murugo,sexualité non planifié,donc idateguye,nibyo twita violence,kuko nuwawe ntaba yateguwe neza.donc ibibi by inzoga nibyinshi niyo mpamvu ntawaguha agaciro ubwawe utakihaye.dore les effets ziva kuri bieres

  • Donc iterambere ririho nibitangaza kabisa.ngizo za pornography benshi bakunda cyane des jeunnes sirtout,ubu waruzi ko ama couples menshi asigaye asambuzwa na pornography kubwinshi.
    Byanginza mumitwe,guhora urushye hose,ibitotsi bidashira,kuma akanwa ufite inyota,gusohora sperme zitari controlé nyuma amaraso akajya aza menshi,ukavaho uhuma tout cour,n’amashyira mugitsina.ngaho aho tujya.abi ningaruka zituruka kuri ziriya pornography zikorwa.wowe uri hanze nziko unababona.ngibyo.uzampe email nzaguha andi makuru

  • Titi nibyo ushobora kwandura Sida,iyo umwe muri mwe ayifite bikiri bishya,
    nukuvuga ngo iyo urigata cyangwa ushyira imboro yawe mukanwa k umu partenaire wawe urwaye sida wamwanduza kuko ni contact yibisebe bihura,kimwe n umugabo urigata igitsina cy umugore ngo aramufasha kuryoherwa ngo anyare,nawe iyo arwaye aramwanduza,uretse sida hari nizindi ngwara ziza mukanwa zikavamwo kwangirika nokuza kwa cancer y umuhogo.mwitonde,uwubatse ahamane nuwe, mureke kuzerera mubusambanyi,
    kandi icyo nabwira abasoma umuseke.com,nuko film za Pornography nanone kubashakanye arimbi sana.tuzabivugaho ubutaha.

  • Hello Dr. Börgres,

    ndongera kugushimira mbikuye k’umutima. Uko twaganiriye twungurana ibitekerezo ni ikintu kiza cyane, ni ikintu nkunda. Byanshimisha tubashije gukomeza tukaganira ku mishinga inyuranye. Ingero: Mazutu yo muli IRST, gukoresha imirasire y’izuba, ingufu z’amazi, ingufu z’umuyaga, biogas. Ariko na gahunda z’ibanze nka VUP ndazikunda cyane. Ntibagiwe kandi ibintu byose byerekeye IKORANABUHANGA.

    Muli make kuba iwacu twarafashe umugambi wo kubaka „….A knowledge-based Society“, jyewe nsanga ntako bisa. Kuko mbona ubukungu bwacu nyabwo, buli m’ubwonko bw’abanyarwanda n’abanyarwandakazi…

    Umbabalire ntabwo nshobora kuguha E-Mail yanjye. Kubera impamvu zitanturutseho. Naraye ngishije inama abankuriye. Ino abantu benshi basigaye basa nkabarwaye „Paranoia“!!!….

    Ariko nkwijeje ko nzakomeza kuganira n’abanyarubuga ba „Umuseke.com“. Kuko mpigira ibintu byinshi bimfitiye akamaro….

    And who knows: „So doing, we will stay anonymous and humble. So doing there will be no bias. So doing there will be no unintended consequences“.

    Uwawe Ingabire-Ubazineza

  • Mon chèr ami,ndaryohewe bitavugwa kuganira nawe mu bintu bitandukanye,kandi ntakibazo kuri contact je sais totalement,
    hanyuma iterambere ryo mu Rwanda kubanyarwanda ubwabo,riraza neza,ubu un peuple rwandais aramenya Bank,kwizigamira,gusaba crédit avec projet yifuza gukora,gir inka munyarwanda aho umuturage yoroza undi cyangwa benshi,ubudehe,aribwo buvamwo gufatanya mubimina,ubu dévéloppement irihari yaba no mugiturage hasi,Mituelle de santé,éducation iri bien avance,mais le plus part y abantu bamwe bajya hanze bakavuga uRwanda uko rutari ndabagaya pe!ariko nabacu nabo.ubu abanyarwanda barashishikarizwa kubyara bake bashoboye kwitaho,ibya Mazout byo nziko yatangiye gukoreshwa kandi c’est Mieux pour des vehicules bituma ibyotsi bya Mazout isanzwe bizagenda bivanwaho kuburyo dushobora kuzihaza.ndashimira IRSTrwose,turajya imbere ariko namwe mujye muba les ambassadeurs beza bavuga ukuri pe!
    Ndagusaba ngo uzarebe uko muzajyana na Madame kwa muganga barebe si nta ngorane mukanwa kubera le chose que tu ma dit dérnierement. Courage mon ami

  • Mon cher Brögres,

    ubutumwa bwawe maze kububona. Mu kanya ndi bwiruke njye muli meeting iri bugere nimugoroba. Ariko ubu mfite akanya gato gahagije, kugirango ngusubize….

    Icya mbere. Humura urosora uwabyukaga, kubyerekeye kujya kwisuzumisha jyewe na madame wanjye. Nali naraye mbitekerejeho, kuko usibye kubeshya, ibintu wambwiye byanteye ubwoba. Ubuzima ni ikintu cy’ibanze, ntabwo nshaka kubukinisha. Usibyeko ubuzima bwanjye, magingo aya bunryoheye, Igihugu kimwe n’impfubyi zo mu muryango baracyankeneye. Ndasaba Imana ngo mbashe kubaho byibuze indi imyaka icumi!!!….

    Icya kabiri. „….mais la plus part y’abantu bamwe bajya hanze bakavuga u Rwanda uko rutari ndabagaya pe!“. Muvandimwe Brögres, ibyo uvuga ni impamo. Umunyarwanda yise umwana we NYIRANEZA. Nyiraneza yokavugwa, Shenge weee, ntawuneza rubanda…..

    Jyewe rero ntabwo mbarirwa muli bene abo bantu. Ndetse uramenye, nubwo ndi hanze, nshobora kwemeza ndakabije, ko ibibazo bimwe ndusha abari imbere mu Gihugu kubimenya no kubisobanukirwa. N’ikimenyimenyi mfatanya n’abandi bavandimwe gufasha ishyirahamwe ry’abapfakazi n’impfubyi zacu. Hariho byinshi dukora sinshaka kubirondora, kubo kwicisha bugufi biri muli kamere ya njye. Rwose icyo kibazo cyo gusebya u Rwanda ndakizi na njye. Kandi nzi ko, ABAYOBOZI bo hejuru cyabashavuje. Ejo bundi Umukuru w’Igihugu yabivugiye kuli TV. O-Ton Kagame:“…. We have many people who vilify our country. We are not short of that“….

    Ariko ndagirango nkubwire ibitekerezo bibiri kuli iki kibazo. Kandi jyewe nkuko umaze kumenya ntabwo ntinya kuvuga icyo ntekereza, usibye nyine ko ahanini nifata kugirango ndasesereza mugenzi wanjye.

    Abantu muli imbere mu Gihugu, abantu muli mu nzego zo hejuru, mwese limwe nalimwe nsanga muba muteta. Uramenye ntacyo mfa na mwe, kuko na njye urwo rwego nirwo ndimwo. Ariko nsanga twibagirwa vuba, cyangwa tukirengagiza ibintu tuzi….

    Twibagirwa vuba uko iyi Leta yacu yavutse. Nta concessus na mba yali ihari. Guceceka kw’imbunda n’imihoro ntibivuga automatiquement ko AMAHORO aje. Twagombye gushyira hamwe ibice bibiri by’ingabo zari zararwanye, zari zarahanganye k’urugamba. Jyewe umbajije nakubwira ko iki gikorwa, iki gikorwa gikunze kwibagirana, iki gikorwa ali AKARUSHO. Jyewe ndi umuntu ukunda kugereranye ibihugu n’amateka yabyo. Nshobora kwemeza ko u RWANDA rwaciye umuhigo w’ikirenga. Nta kindi gihugu nzi cyabashije gukora ikintu nkicyo….

    Twibagirwa vuba ko INTERAHAMWE nabo ali Abanyarwanda. Ntabwo interahamwe zibyaye, ntabwo zavutse ku giti. Abantu bali Arusha nabo kandi bafite imiryango bavukamwo. Muli make, hariho abantu benshi batishimye, hariho abantu benshi batishimiye Leta yacu. Niyo twateka ibuye rigatota, abo bantu ntituzapfa tubashimishije. THAT IS A FACT. WE HAVE TO ACCEPT IT. ABSOLUTELY.

    Reka rero twikomereze twiganirire….

    Hariho ikintu nshaka ko umfasha gutunganya. IKIBAZO KEREKEYE RWANDAIR. Sinzi niba warakurikiranye inkuru iri hano kuli runo rubuga. Hariya hantu hari ikibazo gikomeye. Abagishinzwe bakwiye kugira bwangu kigakemurwa. Abantu bahakora bafite agahinda gakabije…

    Nkuko ubizi, buli wese muli twe, aba afite abantu baganira, abantu bo mu nzego zo hejuru. Kandi akagira uwo atuma. Na njye rero ndabafite. Ariko sinshaka gufata telefoni, ngo mpite ntelefona umuntu. Byaba byiza mbifitiye ibimenyetso simusiga. Muli make niba bishoboka, kuko wowe uli i Rwanda, uzajye gupima TEMPERATURE. Maze tumenye koko niba Rwandair irwaye, cyangwa niba ari ibintu bisanzwe, ibyo nakwita ISHYALI mu bakozi….

    ITERAMBERE

    IMPLEMENTATION IS THE KEY. Aha na njye ndakurikira kabisa. Aha na njye nsanga iwacu harimwo habera ibitangaza. And the process is sustained, it is sustainable. And it is, hopefully, irreversible!!!…

    Ingoma ziraza, ingoma ziragenda. Igihugu n’abaturage barasigara. Sha ndakurahiye, umuturage wabonye akamaro k’umudugudu. Umuturage wabonye akamaro ka „Girinka“. Umuturage wabashije kuvuza umwana we akoresheje „Mutuelle de santé“. Umuturage wabashije kuva muli „Nyakatsi“. N’ibindi n’ibindi…..

    UWO MUTURAGE NTABWO AZONGERA KWEMERA IKINYOMA.

    Reka nkubwire nkwerulire. Jyewe kabone niyo naba ntavuga rumwe na Kagame kimwe na RPF ye. Jyewe kubera ibikorwa bifatika yagezeho, kubera aho agejeje IGIHUGU. Jyewe INGABIRE-UBAZINEZA, namukurira ingofero. Kuva ku mutwe kugeza hasi ku birenge. THAT IS A FACT. EVERYBODY HAS TO ACCEPT IT. ABSOLUTELY.

    Yewe ndekeye aha, le temps me manque, ibindi nzabigarukaho ubutaha….

    Merci encore et bon travail.

    Uwawe Ingabire-Ubazineza

  • Kubyo uvuze,hari ko bavanga ingabo ibyo n’ukuri kandi leta yacu ihora yakira kandi ifunguye imiryango,none se ubu wahatira umuntu kwinjira aho adashaka ubwo niyo démocratie?kandi si ahantu hamwe hankenerwa hari département nyinshi barimwo nawe uzi utirengagije,kandi iyo ukoze nanone ikosa ntureka guhanwa nibyo les sortants du pays qui n’aiment plus la gouvernance bavuga ngo barakandamijwe mugihugu cyabo,ese kuki bagihunga igihugu nibo bivaho.kandi natwe turi imbere ntangorane dufite,nta nkoni hejuru ku mutwe,nta gitsure,nta rushyi yewe ningumi n umugere,suko ntamakosa ahari cyangwa akorwa,ntibyatuma hatagira uhanwa kandi ahanwa mumategeko,kubyerekeye Rwandair ntabyo narinzi kandi mubyo ndeba mfite abakorayo benshi barishimira uko bafashwe,ariko umuntu yareba.uretse ko atari carriere yanjye.désolé.

  • Kuli mucuti wanjye Dr. Börgres,

    mbere na mbere ntanze bwakeye kandi nkwifurije umunsi mwiza. Une journée pleine de beaucoup de travail mais aussi d’un peu de poésie….

    Uyu munsi ndashaka rero gukomereza aho ejo twali tugeze. Kandi ndifuzako twakomeza ikiganiro cyacu ku ngingo zitandukanye. Icya ngombwa nuko twagerageza guhozaho. „I am found of continuity, systematic and reliability“. Kandi muli iki kiganiro cyacu nta bwiru burimwo, n’undi wese ushatse ashobora kutwunganira.

    Ku byerekeye Rwandair. Nta kibazo kuko na njye ndabizi, igihe cyacu ni gike cyane. Kandi hariho ibintu byinshi tugomba gutunganya buli munsi. „First Things First“. Jyewe nzakomeza nshake amakuru ahagije, maze menye umuzi n’umuhamuro wa kiriya kibazo. Nzabigeraho ndabyizeye.

    Ku byerekeye „Dissidence“. Cyane cyane abantu ubu bali muli RNC. Kiriya kibazo kirakomeye cyane, kuko gifite impamvu nyinshi. Uyu munsi ndifashe, ariko ndakumenyesha ko mfite ukuntu mbyumva ku giti cyanjye. Grosso modo, nous devrions aujourd’hui et dans le futur éviter une argumentation ping-pong!!! Nous devrions absolument adopter une attitude plus sereine, plus conciliante, plus noble et souveraine. C’est mon avis personnel. Nous y reviendrons. La question est très sérieuse!!!

    „……..ariko namwe mujye muba les ambassadeurs beza bavuga ukuri pe!“.

    Iki cyifuzo cyawe kiri muli imwe muli messages zawe, ni cyo ngiye kwibandaho uyu munsi. Humura kandi n’ibindi nzabigarukaho. Nkuko nabivuze hejuru, nkunda byimazeyo gushyira ibitekerezo k’umurongo. Ariko nyine ndahinira bugufi kubera igihe gikeya.

    Abantu benshi baba muli diaspora muzatugaye ikindi rwose!!!. Ikibazo ku muntu nka njye ntabwo ali kuba AMBASSADEUR MWIZA , ikibazo aho kiri ni uburyo. Iteka ndibaza nti nabigenza nte kugirango ndusheho kumenyekanisha u Rwanda, kugirango nshake inshuti. Ntabwo mvuga gusa inshuti ishobora kwishingira umwana w’impfubyi, cyangwa kuza m’u Rwanda mu biruhuko kureba INGAGI zo mu birunga. Ndashaka kuvuga umuntu ushobora kuza agashinga uruganda mu Gihugu, ndashaka kuvuga umuntu ushobora gusesengura akamenya GACACA, n’ibindi n’ibindi….

    Reka tuzirikane ko hanze haba hafi kimwe cya kane cy’abaturage batuye u Rwanda. Abo bantu ni benshi cyane. Ni cyo gituma nishimira cyane ukuntu Leta yahagurukiye gukemura ibibazo DIASPORA ihura na byo. Gutangilira k’uburyo bworoshye bwo kohereza amafaranga imuhira.

    Ariko muli rusange ntabwo byoroshye kuba amabassadeur mwiza. Nkubwiye ngo biroroshye naba nkubeshya. Kandi jyewe mubavuga ibinyoma ntabwo mbarirwamo. Impamvu biruhije ni ebyiri.

    Premièrement nous vivons ici dans un environnement très compétitif. Naturellement, nous avons beaucoup d’opportunités mais nous rencontrons aussi, quotidiennement, des problèmes énormes. Heureusement, la majorité d’entre nous ont une détermination absolue de réussir. Peu importe les circonstances malencontreuses. Peu importe les peines à endurer. Mais il faut souligner que nous avons peu de temps en réserve, pour nous engager profondément et rayonner en faveur de notre patrie.

    Deuxièmement, la portion des compatriotes qui sont dans l’opposition n’est pas à négliger. Et ces personnes ne dorment pas, ils sont très mobilisées et très motivées!!!

    Muli make, kuba ambassadeur mwiza ni urugamba nk’urundi. Hafi buli munsi rero, ino dukorera na twe Igihugu. Twirirwa dupiganwa n’abatavuga rumwe na Leta yacu. Naho abasebya u Rwanda bo, ntabwo ali ugupiganwa gusa. Oya ndakurahiye, ni mu mashiraniro, ni bimwe bya „NGWINO TURWANE WA MBWA WEEE“. Umuntu agomba kwitonda, ino haracyari AMACAKUBIRI, abantu muli imbere mu Gihugu mutabasha kwiyumvisha.

    Cyakora umwanzuro wanjye kuli iki kibazo ni mwiza. JE SUIS UN INCURABLE OPTIMISTE. Uko ibihe bigenda byicuma, amahanga aragenda asobanukirwa. Mbese u Rwanda nirukomeza inzira nziza rulimwo ubu. U Rwanda nirukomeza kwereka buli wese, IBIKORWA bifatika, rwabashije kwigezaho mu gihe gito. Ibindi nabyo bizatungana, byanze bikunze.

    Kuba ambassadeur mwiza w’u Rwanda muli diaspora, mu minsi ili imbere, bizaba byoroshye kandi biryoshye!!!

    Merci et bon travail.

    Uwawe Ingabire-Ubazineza

  • Shaloom mon cher,unganiriye neza pe!kandi bimpaye imbaraga zibyiringiro byaho ejo hazaza,
    kubya Rwandair ubanza le patron wayo John atumvikana nabo bari hamwe kandi birashoboka kuko nawe tekereza henshi avuye gukora haba hari kutumvikana,ngiyo Electrogaz ubu ni EWAS,Inyange,na none Rwandair,ntibitangaje,mubyo nizera Leta irabireba kandi numuvunyi arabizi.nzi gusa ko hari problem indani.
    Etre ambassadeur,ninumurimo mwiza ndetse utanoroshye,kandi ibyamacakubiri nziko ari pure aho,kandi naha birimwo mais ntibijya hanze,ahubwo dushime cyane Imana ko hari byinshi byavuyeho,nawe reba Gender,Gacaca,récoocilation rwandaise,n’ibindi byiza bigenda bivuka byivugira.jyewe ndabubaha cyane les Rwandais qui est a l’etranger muri les intelligents.uretse ko hari abitwara ukutariko aribo bangiriza abandi.
    Ese warabyaye?ko wambwiye ko uri kumwe numu blanco.bless u

  • Hello my friend Dr. Börgres,

    maze gusoma message yawe iranshimisha cyane. Ejo nzagusubiza muli make…

    Maze gusoma kandi ubutumwa wanditse ku byerekeye depression, nabwo ndabugushimira. Icyo kibazo narakihagurukiye, ndetse nibi nandika hano kuri runo rubuga ni umuti-nyakuri wo kurwanya ibisigazwa bya “Depression = Despair” yanjye. Ntabwo nayikize burundu, ahubwo nabashije kuyihagarika gusa!!!

    SELF-HELP IS THE KEY.

    Bonne soirée.

    Yours I-U.

  • Plz uzanyandikire kuri email yanjye [email protected],nushaka uzakoreshe adresse itariho izina propre ryawe.

  • Morning Brother Dr. Börgres,

    amakuru ki y’uyu munsi! Yewe ntabwo nshobora uyu munsi kukwandikira uko nali nabyitumye. Kubera impamvu z’akazi. Ariko humura tuzabigarukaho…

    Nkora mu byerekye “Computer science”. Igituma nabaye ndetse kukwandikira kuli E-Mail yawe cyangwa kugutelefona, bifite impamvu zinyuranye. Nta rundi rwango rurimwo. Tugomba kwitonda, kuko ibihe turimwo ubu birakomeye…

    Nawe cyakora ndakumva, nzi neza ko ufite impamvu zifatika, zituma ubinsaba…

    Maze rero ndagusabye unyihanganire, ni biba ngombwa ibyo tuganira tujye tureka kubisesengura, kandi tuvuge bike…

    Mu mezi atatu ali imbere, ndamezako ibintu bizaba byarahindutse. Ubwo rero nzaguha coordonnées zanjye zose….

    Merci beaucoup de ta compréhension

    Uwawe Ingabire-Ubazineza

  • iyoumuntu arimurikiriya gikorwa akaba afite ikibazo cyokurangiza vuba ubikora buhoro buhoroo kandi muganira mwibukiranya utuntu nutundi umugore ukamubwira utuntu twiza kugirango yirekure ukamubara mukarangirizakimwe

Comments are closed.

en_USEnglish