Kuri uyu wa gatandatu kuri stade nto i Remera niho habereye kumurika ku mugaragaro Album ya gatatu y’umuhanzi Riderman.
Igitaramo cyitabiriwe n’abandi bahanzi nka Danny Nanone, Paccy, Knowless, Tete Roca, Jack B, King James, Urban Boyz, P FLA, Neg G the General, Uncle Austine, Urban boys, Emmy n’abandi benshi
Hari kandi umuhanzi Jaguar wo muri Kenya, umaze kuba icyamamare kubera indirimbo ye “Kigeugeu” ikunzwe cyane n’urubyiruko, akaba yashimishije abantu cyane.
Ababyeyi bombi b’umuhanzi Riderman, bakaba bari baje muri iki gitaramo cyarangiye ahagana saa sita z’ijoro.
Album yashyize ahagaragara iriho indirimbo 14 arizo;
1-Intro(muri jye)
2-Umurashi
3-Igicaniro
4-Nkwite nde?
5-Kuri facebook
6-Ubwo
7-Wari waraburiyehe ft General
8-Bararira
9-Biganza byanduye ft general & davidenko10-Glasses on
11-Nkwiye igihano
12-Ndivuga ibigwi
13-Mu gituza cyawe
14-Kitatire.
Abahanzi Dream Boys na Jay Polly ntabwo bigeze bagaragara muri iki gitaramo nubwo bari bari kuri affiche yacyo.
Ariko urashiraho agatwikira kubera iki waretse tukihera amaso ko aribo baba babishatse kutwereka
christine says:
12/25/2011 at 16:11
big ku museke.com ndabemera nzapfe ejo kabisa mutugezaho ibintu bifatika muri abantu babagabo 100%. any way knowless wari wambaye neza manza warikosoye. naho sacha apu!!!
mutuyi says:
12/25/2011 at 16:52
Ewana ko na gasoni namba baba bafite kuki mubahishira ibyo baba bashaka kwerekana.
Eeeeh!!! njyewe ntacyo mfa n’abantu bambara ibintu bigufi kuri stage ariko kuza nta kariso umubyinnyi yambaye byakabajijwe umuhanzi, ni igisebo kuwo yambyiniraga, Riderman ndamukunda ariko muzamutubwirire ajye abwira uwo mubyinnyi we yiyibuye! Ariko se ubwo aba yanyoye iki koko kimumara isoni bene kariya kageni? Thats too much for sure!
Ndakabaroga uyu se ni umunyarwandakazi ra? abafite amaso yaba yari yambaye agasamamagara cyangwa? yewe niba vision ari yi ko mbona katubayeho n’abana bacu? iyi mico mberuka kuyibona i Bugande( kumanura) ariko si iminyarwanda ndakabaroga; wamugani wabivugira wikwirirwa umuhishira abafite amaso birebere cyereka niba yarambaye yihuta akibagirwa Ikariso naho niba ari ubushake guhishira ibyo yashatse kwerekana waba utubahirije ibyo numva basigaye bita uburenganzira bwe da!
saido says:
12/25/2011 at 22:57
OYA
nana says:
12/26/2011 at 01:13
abahanzi nyarwanda muragerageza mu kuririmba ariko ntimuramenya icyerekeranye na style nka knowles ntabwo iyo style ari iya stage wagirango agiye mukazi pleadse style zero kabisa ntanubwo murebera kubandi basi
Igorora says:
12/26/2011 at 10:35
Ikibabaje ni uko bashyira abantu kura affiche ntibagaragare,ubundi kuri Xmas Dream boys na Mzee Polly bagombaga kujya Karubamba(i Kayonza),namwe mukadushuka,naho abo bakobwa umuco wacu barawugira ico,nge mbona bari kurenga iterambere barigira itamuco,bikosore anyway,byabaye kwa Knowless none naha,bishobora kuba bigiye kuba icyorezo!
G.D says:
12/26/2011 at 11:24
Ijambo “agasamamagara” rinkuyeho!!!! Uziko termes nyinshi iyo umuntu aje mu Rda zituma uba nk’umunyamahanga?! Gusa imyifatire dahwitse, n’imyambarire ya bamwe…. NTAHO BIHURIYE N’ITERAMBERE cg VISION 2020!!! Twikubite agashyi tuve i buzimu!!!! Noheli ikomeze ibabere nziza kandi happy new year 2012 ku banyarwanda tweseeeee aho turi hooooseeeeeeee!!
alain says:
12/26/2011 at 12:20
riderman ndakwemera kabisa kuko uririmba ukanshsimisha 2
Hahahahahahaaaaaaa
mumbabarire murebe muri iyi title ivuga ngo “Nyuma yo mu MIHANGO ya Miss KIE, bibaye ubwa kabiri Urban boys ijya kuri stage Anita akaba ariwe uba DJ. Uyu mwari akaba amaze kumenya uyu mwuga aherutse kujya kwiga muri Kenya”
Gakwaya Olivier says:
12/27/2011 at 09:41
uriya mukobwa wambaye ubusa ndamusha ahubwo!
KAKA says:
12/27/2011 at 09:49
Mana ishobora byose ugahoraho iteka turagusabye ngo ugenderere urubyiruko rw’urwanda, rinda abana bacu mwami kuko ni wowe murinzi ukomeye kuruta abandi bose!!! Ibi ni ibiki koko?!!!! Niko wowe Riderman wahamagaye ababyeyi bawe ngo uze kubereka aya mahano koko? reba ukuntu bumiwe!! Madamu wa Nyakubahwa ko yagowe ararwanya ibiyobyabwenge mukadukana andi mahano!!!!!!! Nk’uko bahagurukiye kurwanya ibiyobyabwenge nibahaguruke barwanya abagore n’abakobwa birirwa bitesha agaciro bambara ibidakwiye!!!!!
Polisi ijye ibafata kuko si uburenganzira bw’umuntu gukora ibidakorwa!!!
imandwa says:
12/27/2011 at 10:02
njyewe nari numiwe kuko ubwo bariya bakobwa bazaga kuri scene, mugenzi wanjye yariyamuriye ati uziko nta nikariso iri mbere ndamuseka mu kanya nanjye amaso akubitwa n’inkuba mbonye igit… kiri hanze.
ariko mumbwire, ibi bivunamuheto by’ibikobwa nange no ibihwinini da, biba byanyoye iki??????????? gusa mbabazwa nutwotwana duftuye nabi ngo ni ugufana!! anyinyaaa
ffghjkh says:
12/28/2011 at 19:30
mundebere utwo twana!!! tuzakura ari udupfu
neza neza!!!!!!! reta nitabare
umuco uri kujyenda utera imbere
nabonye icyo turusha abagande pe
nahubundi ntakibazo cya stlye gihari
ahubwo nibongere sexy stlye
birashyushye gusa noresi yari yambaye neza
nkabarokore ver good
Provy says:
12/30/2011 at 12:24
Mana ya Daniel na Isac na Jaque Tabara urubyiruko kdi wihanganishe n’ababyeyi Harya ngo ni 2020 vision mutubwirire uyu mukobwa basi yigire gutura muri Amerique cg mu burayi kuko atumye ababyeyi batuzinukwa burundu cg se ashake uko yakwigira mu barokore akizwe kuko ndabona aho ari atorohewe apfukame amavi akoboke!!!
Niyitegeka says:
12/30/2011 at 21:52
Ngenemera riderman
grace says:
01/03/2012 at 03:40
URIYA SI UMU DADA ARARENZE BASI IYO ASHYIRAMO SOUVE CYAKORA ABA KAMERAMAN BAHUYE NA ZWAHAMA, BAGIYE BAMBARA NKA KNOWRESS KO NTAWE UMURUSHA GUCYA
Nkomeje kwizera ko watanze ibisobanuro bihagije imbeye y’ababyeyi bawe…
Mwese banyarwanda kandi bavandimwe,nkomeje kubifuriza ibyiza by’uyu mwaka wa 2012
Daddy says:
01/08/2012 at 08:46
Dear all,
Aha ndibariza abazi kwitegerza neza!
“Umuhanzi Kamishi” yageze muri “ILLUMINATI” ryari? Uko mbibona se namwe niko mubibona? We se yaba abivugaho iki? Nimudufashe kuzitohoza…
72 Comments
abo babyinnyi bajye bagerageza kubahiriza umuconyarwanda!
vrmt ntago ari umuco w’abakobwa biyubaha’mbere yuko abantu bakubaha banza ubwawe biyubahe’
Ikirori cyari kimeze neza ariko ndanenga imyambarire ya bamwe mubabyinnyi b’ abakobwa babyina.
Ese ibi kuki batabifata nk’ibiyobyabwenge ariko nange ndirengagije, satani ntiyoroheye urubyiruko muri ibi bihe.
mbasabiye imbabazi
mutubwire, uyu mukobwa yari yambaye sous vetement?
Ariko urashiraho agatwikira kubera iki waretse tukihera amaso ko aribo baba babishatse kutwereka
big ku museke.com ndabemera nzapfe ejo kabisa mutugezaho ibintu bifatika muri abantu babagabo 100%. any way knowless wari wambaye neza manza warikosoye. naho sacha apu!!!
Ewana ko na gasoni namba baba bafite kuki mubahishira ibyo baba bashaka kwerekana.
aha byari shaud kbsa kwa Riderzoo iyo myambarire irarenze kbsa
Igitsina hanze ndakabaroga uyu we ni Sex in air Rihanna yavuze,mureke twirebere
Ubwo uriya mukobwa ntimwamuhemukiye kweli?
Arashaka kwamamaza ibintu bye namwe mukabipfuka? ndiwe nabarega, uko nukumuhohotera. Mureke abitandike nibwo bizabona abafana benshi. Murabana se atabikoze abigambiriye. Mumusabe imbabazi kandi ntimuzongere mani.
Eeeeh!!! njyewe ntacyo mfa n’abantu bambara ibintu bigufi kuri stage ariko kuza nta kariso umubyinnyi yambaye byakabajijwe umuhanzi, ni igisebo kuwo yambyiniraga, Riderman ndamukunda ariko muzamutubwirire ajye abwira uwo mubyinnyi we yiyibuye! Ariko se ubwo aba yanyoye iki koko kimumara isoni bene kariya kageni? Thats too much for sure!
abo bakobwa bibivume bambaye ubusa muratinyuka mukabashyira aho tubarora ibyo bigoryi byibyohe bidusebeje.nta wabashimye ahubwo babahane.uwo sumuco.pupupu murinjiji mwabakobwa mwe ushinzwe umuco abakurikirane
bon njyewe mbona abakobwa b’i rwnda entuk’ twataye umuco;twigana ibyabandi kdi ntago aribyacuuu;;;hmhhh;;birarenze pe!!!!!!!!!!
Ndakabaroga uyu se ni umunyarwandakazi ra? abafite amaso yaba yari yambaye agasamamagara cyangwa? yewe niba vision ari yi ko mbona katubayeho n’abana bacu? iyi mico mberuka kuyibona i Bugande( kumanura) ariko si iminyarwanda ndakabaroga; wamugani wabivugira wikwirirwa umuhishira abafite amaso birebere cyereka niba yarambaye yihuta akibagirwa Ikariso naho niba ari ubushake guhishira ibyo yashatse kwerekana waba utubahirije ibyo numva basigaye bita uburenganzira bwe da!
OYA
abahanzi nyarwanda muragerageza mu kuririmba ariko ntimuramenya icyerekeranye na style nka knowles ntabwo iyo style ari iya stage wagirango agiye mukazi pleadse style zero kabisa ntanubwo murebera kubandi basi
Ikibabaje ni uko bashyira abantu kura affiche ntibagaragare,ubundi kuri Xmas Dream boys na Mzee Polly bagombaga kujya Karubamba(i Kayonza),namwe mukadushuka,naho abo bakobwa umuco wacu barawugira ico,nge mbona bari kurenga iterambere barigira itamuco,bikosore anyway,byabaye kwa Knowless none naha,bishobora kuba bigiye kuba icyorezo!
Ijambo “agasamamagara” rinkuyeho!!!! Uziko termes nyinshi iyo umuntu aje mu Rda zituma uba nk’umunyamahanga?! Gusa imyifatire dahwitse, n’imyambarire ya bamwe…. NTAHO BIHURIYE N’ITERAMBERE cg VISION 2020!!! Twikubite agashyi tuve i buzimu!!!! Noheli ikomeze ibabere nziza kandi happy new year 2012 ku banyarwanda tweseeeee aho turi hooooseeeeeeee!!
riderman ndakwemera kabisa kuko uririmba ukanshsimisha 2
nnnnidangepeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeee!!!!!!!!!!!!!!
Hahahahahahhahahahahah !!!! mbega imyambarire y’abakobwa b’ubu !!!!!!aba bo tuzaraba ibyabo umunsi umwami yaje gutwara itorero rye,no gutesha umuco agaciro muzabibazwa.
Rideman bariya bakobwa baramusebeje, kandi bakwiye gukurikiranwa ku byaha bakoreye imbere y’ abantu harimo abana n’ ababyeyi ba Riderman bazabimuhanire kandi azasobanurire niba aribyo yari aje kubereka.
Yabatoraguye he?ko nta munyarwanda wabikora
ko mwagize isoni kurusha banyirabyo mwagiye mureka bakaryoshya ikirori.mwakaretse bakaba free wangu
muve ku bataye umuco.bariya si abakobwa ni ibirumbo.batesheje Riderman agaciro n’ababyeyi be bari bahari nukuntu twamwemeraga.
Mujye mureka abantu bisanzure uko babyumva.
Ngewe byandenze kubona umwari w u Rwanda yiyandagaza bene aka kageni.
yewe jye nishyizemo ko atari abanyarwandakazi kuko uko mbazi ndumva ntawatinyuka kwiyandarika bene kariya kageni!! Imana itabare urubyiruko rwa none kabisa
Yewe ni Imana yo Mwijuru yabarengera ntakindi pe, mubwire nkumubyeyi wabyaye umwe muri bano bakobwa iyo amurebye yambaye ubusa mbere y Imbaga ubwo abigenza ate koko, nyamara nkuko bahashya ibiyobyabwenge nibindi nkabyo bakwiye no gutangira guhana abantu nkabo mbonye hejuru iyo, banjye bajya kubikorera hanze y Urwagasabo kuko uko siko abanyarwandakakazi bambara pe
Hahahahahahaaaaaaa
mumbabarire murebe muri iyi title ivuga ngo “Nyuma yo mu MIHANGO ya Miss KIE, bibaye ubwa kabiri Urban boys ijya kuri stage Anita akaba ariwe uba DJ. Uyu mwari akaba amaze kumenya uyu mwuga aherutse kujya kwiga muri Kenya”
uriya mukobwa wambaye ubusa ndamusha ahubwo!
Mana ishobora byose ugahoraho iteka turagusabye ngo ugenderere urubyiruko rw’urwanda, rinda abana bacu mwami kuko ni wowe murinzi ukomeye kuruta abandi bose!!! Ibi ni ibiki koko?!!!! Niko wowe Riderman wahamagaye ababyeyi bawe ngo uze kubereka aya mahano koko? reba ukuntu bumiwe!! Madamu wa Nyakubahwa ko yagowe ararwanya ibiyobyabwenge mukadukana andi mahano!!!!!!! Nk’uko bahagurukiye kurwanya ibiyobyabwenge nibahaguruke barwanya abagore n’abakobwa birirwa bitesha agaciro bambara ibidakwiye!!!!!
Polisi ijye ibafata kuko si uburenganzira bw’umuntu gukora ibidakorwa!!!
njyewe nari numiwe kuko ubwo bariya bakobwa bazaga kuri scene, mugenzi wanjye yariyamuriye ati uziko nta nikariso iri mbere ndamuseka mu kanya nanjye amaso akubitwa n’inkuba mbonye igit… kiri hanze.
gusa UHORAHO N’ATABARE URWAGASABO KUKO UMUCO WO WARATAKAYEPE! MUMBWIRIRE RIDERMAN NGO NASHYIRE ABO BAKOBWA KU GICANIRO CY’IMPANURO,CYANGWA NAWE ARABASHYIGIKIYE!? NTAWAMENYA! ARIKO SIBYO AHUBWO POLICE Y’IGIHUGU NIHAGURUKIRE ABAMBARA UBUSA KU MUSOZI NGAHO NGO N’IBIGEZWEHO,”MURIBESHYA CYANE RWOSE!!! KNOWLESS ABABERE URUGERO. YAMBAYE NEZA RWOSE,NK’ABAKOBWA B’IRWANDA,”KNOWLESS KOMEREZA AHO WIGISHE N’ABANDI TURAGUSHYIGIKIYE RWOSE!!!!!!!!!!
Mbega ibirori?!
Naka ga mwahuye nako rwose?! buriyase uriya mukobwa ntasoni bimutera koko!
uziko apfobeje igitsina gore kumugaragaro!?
Ahaaa, Cash zizariko!
bega bibi!!!!!!!!!!!!!
uwo mukobwa ateye isoni pe!!!
Sibintu biriya wangu
Yewe ibyo mbonye ni agahomamunywa kuko uwo si umuco kabisa Imana ni itabare.
kamishi se ari gusha abafana ba cya kintuza……iyo mbonye kiriya kimenyetso ndara ndasinziriye.
nukubasonggeza kubintu mubireba naho ubundi sikuroya kuba umustar biza ushobaora no kuba umustar kandi wambara neza , ndetse no mubnayarwanda beshi ntibishimira uo bababambaye gusa nka zamayibobo nizo zonyine zizanjya zitabira ibirori naho abantu biyubshe bzanjya banga kubyinirwa na bamaraya imbere uzarebe na beyonce ntiyambara kuriya.
nukuri Niba umwali utinyuka kwambara ukuri imbere y’imbaga ,ngo yewe ni umusutali ,natwe tukamwihorera tugahimbarwa tukogeza ngo nabahanzi da!!!! ,biteye isoni n’agahinda pe!!!!!!!!!!,tujye duhanga ariko twibuka n’umuco wacu,ubwose umustali udutesha agaciro ni musitali ki???????? ntitukarebe ibirori gusa tujye tunashungura ,tutazisama twasandaye erega bibaye gombwa yambaye ubusa wamubwira agataha akazakora igitaramo ari uko yambaye bidateye isoni.
gusa bakobwa biwacu ubwiza bwanyu ntago rwose buba bwiza iyo mwambaye ubusa,ahubwo ,kuko muba mwitesheje agaciro natwe mukadutesheje,ngaho rero ni mwikosore.
uriya mukobwa ni umugandekazi
uriya mukobwa ni umugandekazi n; isura ye ntibereka.
uriyamukobwa buriya ntatara imyaku ba kameraman nabandi bose bareba aya ma4toz
tuvuge ibintu tubisubire iriya myambarire niyo mubimansoro kandi uriya mukobwa si umunyarwanda sinzi niba hari abavuganye nawe nta kinyarwanda azi ,rero numuco wacu ntawuzi none rero , agahugu numuco wako ajye abikora mu bimasoro cyangwa mumanight club hatari abana nabantu bababyeyi kuko bo birabababaza cyane ndibwira mama wa ridermani yarabimubajije rwose akanumirwa banyarwanda mwisubire rwose
Ikirori cyari cyiza cyane ariko uriya mwari yari ateye isoni kdi ninogutesha agaciro umuco nyarwanda si umukobwa ni dossier kabisa
vmt bikojeje isoni ariko uwowe biteye iseseme Ridman uri umuhungumwiza wiyubashe gerageza ntiwitesha agaciro ntugateshe numuco kandi urumuhanzi nyarwanda aho harimo contradiction usibyeko jyewe mbona ubereye kuririmba gospal music
Icyo mvuga nuko guhanga si bibi ariko ntakitagira ingaruka riderman twariganaga abivamo dore umusemburo yanyweyeho aranyurwa aza kwereka ababyeyi be,uko ni ukwikongereza umuvumo ku ri nyirubwite ,ni ukwemera imana z’amahanga,ni ukwarikira shitani mubahanzi nyarwanda,uwagiye ntacyo musaba cyakora nawe haracyari imbabazi abasigaye musenge uwiteka yenda yakwigarura ntaturimbure ,Abaroma 13:11 .YESU WEEE
ariko mumbwire, ibi bivunamuheto by’ibikobwa nange no ibihwinini da, biba byanyoye iki??????????? gusa mbabazwa nutwotwana duftuye nabi ngo ni ugufana!! anyinyaaa
mundebere utwo twana!!! tuzakura ari udupfu
neza neza!!!!!!! reta nitabare
Rider man arabizi akwiriye award
That was nice and you can do better than that.
baravuga ngo ugira impuhwe kurusha nyina wumwana abashaka kumurya.abanyamakuru nabo bikundira ubusa.ikindi navuga kuki mwabonye yambaye ubusa ntihagire usohoka?namwe mwarabishakaga
umuco uri kujyenda utera imbere
nabonye icyo turusha abagande pe
nahubundi ntakibazo cya stlye gihari
ahubwo nibongere sexy stlye
birashyushye gusa noresi yari yambaye neza
nkabarokore ver good
Mana ya Daniel na Isac na Jaque Tabara urubyiruko kdi wihanganishe n’ababyeyi Harya ngo ni 2020 vision mutubwirire uyu mukobwa basi yigire gutura muri Amerique cg mu burayi kuko atumye ababyeyi batuzinukwa burundu cg se ashake uko yakwigira mu barokore akizwe kuko ndabona aho ari atorohewe apfukame amavi akoboke!!!
Ngenemera riderman
URIYA SI UMU DADA ARARENZE BASI IYO ASHYIRAMO SOUVE CYAKORA ABA KAMERAMAN BAHUYE NA ZWAHAMA, BAGIYE BAMBARA NKA KNOWRESS KO NTAWE UMURUSHA GUCYA
aliko iliya mibyinire nsiyabana babanyarwanda pe ndetse babamurwanda nibihe agaciro kuko kwamabara ubusa imbere yimbaga yabantu nsumuco nyarwanda bagiye kucase bambara ubusa nibisubirehorwose umwaka mwiza banyarwanda mwese.
ni ukuri pe! Riderman uri umuririmbyi mwiza ariko abo babyinnyi bawe bakosore kabisa kuko ibyo ni urukozasoni, ubwo se abo babyeyi bawe batahanye iyihe message koko?
Ridazoo,
uzikuririmba ndakwemera kabisa ariko rero mugihe ababyeyi bawe baribaje kugushyigikira ntiwari gukoresha abakobwa batesha icyubahiro ababyeyi babo kuriya(batarezwe). nubwo batabikubwiye ariko ndacyekako ababyeyi babaye
Sha Raidazo namukundaga ariko niba ashobora kwiyandarika bigeze hariya akandarika abakobwa babanyrda bigeze hariya birababaje niyo kugawa kwamagana,police ikwiye gukora akazi kayo pe!!!
abahanzi nabo biheshe agaciro!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!
Sha Raidazo namukundaga ariko niba ashobora kwiyandarika bigeze hariya akandarika abakobwa babanyrda bigeze hariya birababaje niyo kugawa kwamagana,police ikwiye gukora akazi kayo pe!!!
abahanzi nabo biheshe agaciro!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!
nibitangaza byabo kabisa
uduhuzu twimbere natwo ntibatwibutse
ikirori cyari injyana muntu
To Riderman,
Uri inshuti ya benshi nanjye ndimmo,
uraririmba nkayurwa nk’abandi bose,
ARIKO nkwibutse ko ufite uburenganzira busesuye kugira ngo wambike neza (cg ubafashe guhitamo impuzu zikwiye)bityo abo muserukanye n’abakugaragiye munogere ijisho ababitegereza, inshuti n’umuryango!
Nkomeje kwizera ko watanze ibisobanuro bihagije imbeye y’ababyeyi bawe…
Mwese banyarwanda kandi bavandimwe,nkomeje kubifuriza ibyiza by’uyu mwaka wa 2012
Dear all,
Aha ndibariza abazi kwitegerza neza!
“Umuhanzi Kamishi” yageze muri “ILLUMINATI” ryari? Uko mbibona se namwe niko mubibona? We se yaba abivugaho iki? Nimudufashe kuzitohoza…
bariya bakobwa bataye umuco
BIRASHIMISHIJE KUBONA ABAKOBWA BABANYARWANDAKAZI BATANGIYE GUSHYIRA HANZE UBUSA BWABO.KUKO BIMUTERA KUGARAGAZA UBUBI BWE KANDI WE ABWIYIZIHO. NTITUMURAKARIRE AHUBWO NIYONGERA TUZAMUSHIMIRE TUMTERA AMACUPA KURI PODIUM
Ariko abavuga ngo Knowless yambaye nk’abakobwa b’i Rwanda muransetsa koko! ahubwi niwe usigaje kuvanamo byose! None ntimujya mubona andi mafoto ye yambaye twa mukondowazi nudukabutura tumeze nkudukariso. Ahubwo nawe yumvireho
Uwo mukobwa mumubwire azaze mugurire ikariso n’ingutiya wasanga ntabyo agira
oh my god its so ashaming
Comments are closed.