Digiqole ad

Ibintu 10 utari uzi ku gitsina cy’umugabo

 Ibintu 10 utari uzi ku gitsina cy’umugabo

Abagabo yewe n’abagore ngo bakunda kuganira byinshi kuri kariya gace k’umubiri w’umugabo. Gusa ngo ni bacye baba bavuga ukuri ku byako, byinshi ngo ni amakabyankuru. Ikigo cy’Abongereza gishinzwe iby’ubuzima ibi ni ibintu 12 cyatangaje abantu benshi badakunze kumenya ku gitsina cy’umugabo.

Igitsina gabo ngo gihaguruka inshuro eshanu mu ijoro nubwo umugabo ngo abimenya rimwe gusa mu gitondo
Igitsina gabo ngo gihaguruka inshuro eshanu mu ijoro nubwo umugabo ngo abimenya rimwe gusa mu gitondo

1.Gishobora gushwanyagurika; Nubwo nta gufa kigira ariko uramutse ugikaraze cyangwa ukigonagonze cyafashe umurego, imiyoboro (tube) iba yuzuyemo amaraso yashwanyuka.

2.Abagabo burya bashyukwa gatanu mu ijoro; Ibimenyerewe ni uko uko iyo (mugabo/musore) ukangutse mu gitondo kenshi usanga aka gace kagutanze kubyuka, ariko burya iba ari inshuro ya nyuma mu nshuro eshanu kaba kagiye gahaguruka mu ijoro usinziriye, bikajya bimara iminora hagati ya 25 na 35. Impamvu y’uyu murengo utabonwa kenshi ntiramenyekana neza.

3.Kunywa itabi bigabanyaho 1cm ku gitsina cyawe; Umenya iyi ariyo ‘message’ ikwiye kujya ishyirwa ku mapaki y’itabi. Boston University yagaragaje ko abagabo banywa itabi ibitsina byabo iyo byashyutswe biba byatakaje 1cm.

4.Uburebure bw’ibirenge n’intoki ntaho buhuriye n’ubwayo; Journal of Urology y’Abongereza niyo yahakanye aya makabyankuru. Nyuma y’ubushakashatsi ku bagabo benshi basanze indeshyo y’ibirenge cyangwa intoki zabo ntaho bihuriye n’uburebure bw’ibitsina byabo.

5.Ingufi zirarambuka cyane kurusha indende; Ibitsina bigufi iyo bifashe umurego byiyongeraho 86% hafi inshuro ebyiri z’ibiba bisanzwe ari birebire byiyongeraho gusa 47% mu gihe byafashe umurego.

6.Igitsina cy’umugabo ntabwo ari imikaya (muscle); Oya rwose. Kigizwe gusa n’imiyobora ibiri y’imyiburungushure ifata agatege mu gihe yuzuye amaraso gusa.

7.Ibibazo byo gushyukwa cyangwa kurangiza vuba ni ikimenyetso cya cancer y’amabya; Ihutire kureba muganga niba hari ubwo ushyukwa ariko igitsina ntigifate umurego cyose cyangwa neza, cyangwa ukaba ufite ibibazo byo kurangiza vuba cyane bidasanzwe, ihutire kwa muganga naho ubundi wazicuza.

8.Igipimo rusange cy’igitsina gabo; ni hagati ya 7 na 10Cm ku gitsina kitahagurutse. Ni ibyavuye mu bushakashatsi bwakorewe henshi ku isi muri uyu mwaka..

9.Umuvuduko w’intangangabo ni; ikigereranyo rusange ni 45km/h. Iyo ugiye munsi ya 32Km/h hazamo ikibazo cyo kugera aho zigana.

10.Agatsina gao gato kagaragaye kareshyaga na; 1,5cm z’uburebure.

UM– USEKE.RW

11 Comments

  • Rwagihuta yajye ihagaze bwuma na busumari hari uwaraye abihamije.

  • …is extra coz bnsab kgruka

  • Hahah sha umuseke murasetsa mwasetsa nuvuye guta nyina.kuri gatatu ngo niyo message ikwiye kwandikwa kuri boxes yamatabi.nahose abagore bo baritumura ra?

  • Kiraziba 1cm

  • @Summer breeze: wenda umugore ugatumura igitu… cye nacyo kiragabanuka ndetse yakomeza kurinywa cyane kikabura burundu! Ngayo nguko! Great comment from you though!

  • @Mahame lol you had me laughing in the office like crazy.ni hatari pe

  • Iyi nyagwa ndayikuuuuuumda wenda nzapfe.

    Imboro we ,……!!!

  • Hahahahahaaaaaa Mubaraka usigaye utuma ngukunda ntakuzi rwose !! itabi rituma kiziba ???

  • Tarinyota ntu gasaze ibya bien biri imbere.

    Uyu mu bingwa batweretse afite ikibapfasha kiza sanaaa nawe ubwe ateye nkutarangwa nu bunebwe mu karimo ka kigabo nizere yuko azi no kugasobeka bagasigara basobanyije amaguru !!!

  • Barabeshya jye icyanjye kigira 15cm cyaba gifashe umurego kikagira 22cm kdi gikora neza ntakibazo ugize ibyago nkagera iwawe ntiwazongera kuvuga ijambo ngo ryumvikane

  • Baratubeshye iyange igira 15cm yafata umurego ikagira 22cm kandi ikora neza ibaze ngeze iwawe wazongera kuvuga

Comments are closed.

en_USEnglish