Kuri bamwe amatariki yo guhemberwaho aregereje, ku bandi bo ntibaheruka agashahara kabo kubera ba Boss batakabagerezaho itariki. Uyu munyarwanda dusanga kurubuga rwa Internet umurimo.com yahisemo kwandikira ibaruwa umushahara we awumenyesha ko awukumbuye.
4 Comments
yaba nawe uwukumbuye uzawubona!ubu se abashomeri tuzaba abande?agakweto karahengamye,agashati tukarwanira n’inzuki zigashakaho ubuki!inshuti ziratwihisha kuko zigira isoni iyo zitubonye turazisebya;none se ubu tuzandikire nde koko?
Niba nawe aragusura ukabimenya ko yahageze, abandi urahgera ibibazo bikarushaho kuba ibibazo kubera kubura icyo ikemura n’icyo ureka.
IYI SI MBONA IRUSHAHO GUHENDA, KUBURYO AKO GAFARANGA NAKO KATAKIBASHA KUTUZENGURUKAMO TWESE . ARIKO BITAVUZE KO HATARI AHO KANGERA KAGACUMBIKA.
Hahahahaha!!!!!!!!!
Ndasetse ariko nti byoroshye,ubutwebwe tumaze atatu yose atadusura,icyakora akatubipa kuri phone,iyo umwatse m2U arayiguha,ariko nawe ibaze amezi atatu kweli.Njye mbona ubaye inshuti mbe pee!!!!
Comments are closed.