Digiqole ad

Guma Guma Superstar I Gicumbi byari ibicika

Igihembo cya Guma Guma Superstar, kuri uyu wa gatandatu bari I Gicumbi, aho bashimishije benshi bari baje kwihera ijisho ku buntu.


Anita na Mc Tino baba bashyuhije rubanda bidasanzwe

Amafoto ya bano bahanzi niyo avuga byinshi, Bralirwa ibaha buri kimwe, ndetse kandi igatanga ikinyobwa cya Primus kuri make cyane.

Gusa benshi bakomeje gutangarira ubushyushyarugamba bwa Mc Tino na Anita ukora kuri CFM.

Babanza kubaha icyo kurya, Rafiki, Mc Murenzi na King James

Rafiki abwira King James ati:”Umva Coga mba numva ureke RNB zanyu”


Dream Boys, Riderman na Tom Close wakoze ibizami vuba ngo Guma Guma itamucika


TMC (Dream Boyz) na Safi (Urban Boyz) bizihiwe na Primus Guma Guma


Primus niyo ihanyobwa gusa


Safi avuye kwihina mu bwiherero


Urban Boyz bari kuri stage


Dr claude akunzwe na benshi cyane


Tom Close kuri stage


Uyu mukobwa ngo yabwiraga TMC ko atari gutaha umwana we atamubonye kuko amukunda cyane


Style nshya ya Riderman nukwambara Lunette macuri


Nizo (Urban Boyz) aribeta inyuma akawuceka na ba Rugigana

kuri iki cyumweru, aba bahanzi bakaba bahagurutse i Kigali ahagana saa tanu berekeza i Ngoma (Kibungo) kujya kunezeza abaho.

Plaisir Muzogeye

Umuseke.com


13 Comments

  • ni ukwisubiraho mukajya mukoresha amatermes adasesereza nko kuri iyo photo ya nyuma ngo “Nizo (Urban Boyz) aribeta inyuma akawuceka na ba Rugigana” biriya ni ibintu bidakwiriye niba dushaka guteza imbere itangazamakuru riri online inkuru igomba kuba iryoshye rimwe na rimwe wenda isize umunyu ariko hatariko gusesereza. Murakoze

  • Nyumvira type wana!!! ubwo se ninde utazi ko barugigana ari abazungu!!!!!! Inkuru iraryoshye bihagije rwose!!!

  • tmc aramunjanye se

  • byari byiza ariko niba ari audio natwe dufite speakers please

  • nukuri ntaco mfise ndenzako kandi ni uburenganzira bwiwe bwogutambana nuwo ashatse wese,gusa muze mutubwirire tom close na King James ko abarundi tubakeneye i bujumbura

  • ahahaha ndabona sean p wacu ari ku ma hit ariko rereo basore banjye mujye mufata ka primus gake kuko muracyazifite imbere yanyu keep it up

  • Na Safi w’umudivantiste w’umunsi wa karindwi yitereka rubariro ya PRIMUS nta soni? Ni akumiro!!!!Gusa ibinntu byarakomeye (Umwana wo mu gipasiteri!!!!!!!)

  • none se hari icyo bigutwaye ko mukunda kugenda ku bantu ashobora kuba aba azirimo atazinywa ntimukitiranye akazi n’ubusinzi

  • @yalayal wigeze umubona ayinkwa!!ngaho ntukavuge ibyo utabonye man!safi keep it up ur a gud singer!

  • good mufite akkazoza umugani w’umurundi don’t giv up ibyiza biri imbere

  • very good mcs

  • kabisa ni bizima turabyishimiye BRALIRWA yakoze igikorwa cyizima .BRALIRWA nimukomeze muteze abahanzi i mbere ,munatugezaho ka MANYINYA karyoshye !!!!!
    kandi eewana DON’T GIVE UP .

  • nge ndumva mbere yo kumenya ibyabandi wabanza ukamenya ibyawe niba yarazinyweye bigutwaye iki kowansaga ibyo ukora birenze ibye uhubwo wowe isubirehoooooooooo

Comments are closed.

en_USEnglish