Ikipe ya APR FC yagukanye igikombe cya 14 cya shamoionat, nyuma yo gutera mpaga ikipe ya AS Muhanga itagaragaye ku kibuga. Rayon Sports yegukanye umwanya wa kabiri naho amakipe ya Esperance na AS Muhanga zisubira mu kiciro cya kabiri.
Uko uyu munsi wa nyuma wa shampionat wari wifashe mu mafoto ku bibuga bya Mumena (Rayon 2 – 1 Musanze) na Stade ya Kigali (APR FC 3 – 0 Muhanga, mpaga)byose biri i Nyamirambo:
Iyi Ti-shart yanditseho champoins turayikeneye nk’abakunzi ba APR FC bayishyire ku isoko tuyigure dukomeze kwishimana n’abana bacu batweretse ko za Containers ntacyo zirusha abana b’abanyarwanda, bravo APR FC, bravo ubuyobozi bwa APR FC, bravo abakinnyi bose ba APR FC , bravo abafana ba APR FC, n’ibindi bikombe tuzabitwara Congratulation !!!!!!
EVA says:
05/05/2014 at 11:32
Reka mbabaze akabazo k’amatsiko, iriya myenda bambaye yanditseho champions yakoreshejwe ryali?si ukuvuga ko bari bazi ko bazagitwara kandi nyamara irushanwa ritararangira?ahaa!!akarengane oyeeee!
CLAUDE says:
05/05/2014 at 17:16
Ibyo birasanzwe,no mu gikombe cy”isi amakipe yageze final aba yayikoresheje, akambarwa n’utsinze
kareg says:
05/05/2014 at 18:10
Lol, bifata se igihe kingana iki? ikindi ubwose urashaka kuvuga ko utazi ko ari ibisanzwe ku makipe yageze kuri final!! LOOOL
kalisa says:
05/06/2014 at 07:48
Na rayo yari iyifite ibitse muri ALPHA PALACE HOTEL bumvise ko as Muhanga itakije bahise bayisubizayo kuko byari byiteguye ko ngo iza gutsinda, yewe bari banayiguriye uko amakuru avugwa hanze aha, none iriye amafaranga yanyu yanze no kuza kandi muratsinzwe. Uwibaza iriya myenda rero azabaze iya Rayon muri Alapha Palace impamvu yayo kandi nsubije nabandi babaza ibyo bazi. Umupira wacu ngo iyo rayo yatsinze uba wateye imbere da yatsindwa ubwo bikaba byacitse twasubiye inyuma amaradiyo amwe akabyamamaza. None se nihehe amavubi yaba yarageze kure hashoboka APR FC idafitemo abakinyi, mwihangane aba bana nibakura bazawutera kandi bizaryoha gusa nandi makipe akinishe abanyarwanda wenda benshi kurusha abanyamahanga.
icyubusa says:
05/14/2014 at 07:28
kalisa we….ahubwo wakwibajije uti ni hehe amavubi yageze harimo abakinnyi ba….
kibondo says:
05/09/2014 at 16:43
Geanda wa macuho we! sha umwana wanzwe niwe ukura
Nyanza says:
05/05/2014 at 12:33
Ibibazo bya rayons sport birarangiye kuko ikibazo cyari IGIKOMBE. Ba arbitre bisubireho nah’ubundi RUHAGO yacu izasubira inyuma cyane kuko bashoboka ko bizajya biba nK’IBYO MUHANGA yakoze.. Ariko buriya MUHANGA ntabwo yigaragambije yanga kugera mu kibuga? Bayifatire ibihano bikaze pe kuko n’agasuzuguro.
Mugikorere nayo yaragikoreye. Ubutaha na za Mukura zizabakure ku mwanya wa kabiri nimukomeza gukinisha amagambo aho gukorera insinzi. Muri kwica ikipe muyihoza mu matiku gusaaaa
mim says:
05/05/2014 at 19:52
Buri wese akora icyo abashije wangu. Kata za APR si buri wese wabasha kuzikina
Ange says:
05/07/2014 at 08:31
Amagambo yashize ivuga wangu,aliko hali ibyanyobeye by’abanyamakuru,umunyamakuru wa Radio Rwanda wali ku mu Mumena yaranyumije pee yavuze ko igikombe bagitanze hali saa 16h54 yivugisha ngo ibyo Ferwafa ikora sibyo,nkaho yabajije uli Nyamirambo,Gusa nizere ko yakozwe isoni uwali iGisenyi amubwiye ko bategereza imikino yose ikarangira.mbega itangazamakuru???
Assumpta UMUGWANEZA says:
05/05/2014 at 20:03
Murakeye kabisa, haba mu bwiza ndetse no mu mwambarire. Ndabishimiye cyane. Congs APR FC. Muri abantu b’abagabo. Mbega ukuntu biryoshye gutwara igikombe!!!!!Muduhaye ishema rwose, kuko noneho Rayon iyo ikidutwara ntitwari kubakira. Thanks to all members of APR FC, May God bless U very much.Much love, Peace!
Iki gikombe ni FERWAFA si APR ntacyo Rayon yatweretse imikino y’ubuhanga muri iyi chamiyona igikombe ni icyayo emwe FWRWAFA na APR yemwe na de Gaule barabizi mumitima yabo igokombe si kiriya gikopo ni ubuhanga bwagaragaye oye Rayon
civis john says:
05/10/2014 at 10:02
congs A.P.R FC.mwatweretse ko mushoboye kandi murakina neza cyane.kandi icyo tubakundira nuko muri abana baba nyarwanda.naho aba Rayon bo bazavuga kugeza igihe ntazi. igihe baba bavugiye bagiye kandi bavuga amafuti gusa ,ubwo se ko bagitwaye umwaka ushize hari abafana ba APR bigeze basakuza nibikarume rero.gusa turayikunda nayo kuko ni equipe twemera kuko tujya duhangana nayo .ariko abafana bagabanye amagambo atarimeza bajya bagira iyo batsinzwe.ndabasuhuje cyane cyane abafana ba APR FC.
0 Comment
Mwana nimugitware,byanze bikunze n’ibindi bizaza, mwe mushyireho akuka tu,
Iyi Ti-shart yanditseho champoins turayikeneye nk’abakunzi ba APR FC bayishyire ku isoko tuyigure dukomeze kwishimana n’abana bacu batweretse ko za Containers ntacyo zirusha abana b’abanyarwanda, bravo APR FC, bravo ubuyobozi bwa APR FC, bravo abakinnyi bose ba APR FC , bravo abafana ba APR FC, n’ibindi bikombe tuzabitwara Congratulation !!!!!!
Reka mbabaze akabazo k’amatsiko, iriya myenda bambaye yanditseho champions yakoreshejwe ryali?si ukuvuga ko bari bazi ko bazagitwara kandi nyamara irushanwa ritararangira?ahaa!!akarengane oyeeee!
Ibyo birasanzwe,no mu gikombe cy”isi amakipe yageze final aba yayikoresheje, akambarwa n’utsinze
Lol, bifata se igihe kingana iki? ikindi ubwose urashaka kuvuga ko utazi ko ari ibisanzwe ku makipe yageze kuri final!! LOOOL
Na rayo yari iyifite ibitse muri ALPHA PALACE HOTEL bumvise ko as Muhanga itakije bahise bayisubizayo kuko byari byiteguye ko ngo iza gutsinda, yewe bari banayiguriye uko amakuru avugwa hanze aha, none iriye amafaranga yanyu yanze no kuza kandi muratsinzwe. Uwibaza iriya myenda rero azabaze iya Rayon muri Alapha Palace impamvu yayo kandi nsubije nabandi babaza ibyo bazi. Umupira wacu ngo iyo rayo yatsinze uba wateye imbere da yatsindwa ubwo bikaba byacitse twasubiye inyuma amaradiyo amwe akabyamamaza. None se nihehe amavubi yaba yarageze kure hashoboka APR FC idafitemo abakinyi, mwihangane aba bana nibakura bazawutera kandi bizaryoha gusa nandi makipe akinishe abanyarwanda wenda benshi kurusha abanyamahanga.
kalisa we….ahubwo wakwibajije uti ni hehe amavubi yageze harimo abakinnyi ba….
Geanda wa macuho we! sha umwana wanzwe niwe ukura
Ibibazo bya rayons sport birarangiye kuko ikibazo cyari IGIKOMBE. Ba arbitre bisubireho nah’ubundi RUHAGO yacu izasubira inyuma cyane kuko bashoboka ko bizajya biba nK’IBYO MUHANGA yakoze.. Ariko buriya MUHANGA ntabwo yigaragambije yanga kugera mu kibuga? Bayifatire ibihano bikaze pe kuko n’agasuzuguro.
hhhh ntakintu gishimisha nko kubona ikipe yitwa ko ikomeye ikina umukino wanyuma uyihesha igikombw mu rwogo rwo kubona abafana ikinjiriza ubuntu,ntihagire umbwira ngo apr irifashije kuburyo ayo mafranga bayanga ,APR iragitwaye ibibazo bya RAYON BIRASHIZE NIBAREKE RERO DUKINE UMUPIRA
Mugikorere nayo yaragikoreye. Ubutaha na za Mukura zizabakure ku mwanya wa kabiri nimukomeza gukinisha amagambo aho gukorera insinzi. Muri kwica ikipe muyihoza mu matiku gusaaaa
Buri wese akora icyo abashije wangu. Kata za APR si buri wese wabasha kuzikina
Amagambo yashize ivuga wangu,aliko hali ibyanyobeye by’abanyamakuru,umunyamakuru wa Radio Rwanda wali ku mu Mumena yaranyumije pee yavuze ko igikombe bagitanze hali saa 16h54 yivugisha ngo ibyo Ferwafa ikora sibyo,nkaho yabajije uli Nyamirambo,Gusa nizere ko yakozwe isoni uwali iGisenyi amubwiye ko bategereza imikino yose ikarangira.mbega itangazamakuru???
Murakeye kabisa, haba mu bwiza ndetse no mu mwambarire. Ndabishimiye cyane. Congs APR FC. Muri abantu b’abagabo. Mbega ukuntu biryoshye gutwara igikombe!!!!!Muduhaye ishema rwose, kuko noneho Rayon iyo ikidutwara ntitwari kubakira. Thanks to all members of APR FC, May God bless U very much.Much love, Peace!
hmmm mbega ukuntu biryoshye kwiba igikombe ukagitwara utakinnye hari hasigaye amanota 2 ukabona 3!!!!
good
Iki gikombe ni FERWAFA si APR ntacyo Rayon yatweretse imikino y’ubuhanga muri iyi chamiyona igikombe ni icyayo emwe FWRWAFA na APR yemwe na de Gaule barabizi mumitima yabo igokombe si kiriya gikopo ni ubuhanga bwagaragaye oye Rayon
congs A.P.R FC.mwatweretse ko mushoboye kandi murakina neza cyane.kandi icyo tubakundira nuko muri abana baba nyarwanda.naho aba Rayon bo bazavuga kugeza igihe ntazi. igihe baba bavugiye bagiye kandi bavuga amafuti gusa ,ubwo se ko bagitwaye umwaka ushize hari abafana ba APR bigeze basakuza nibikarume rero.gusa turayikunda nayo kuko ni equipe twemera kuko tujya duhangana nayo .ariko abafana bagabanye amagambo atarimeza bajya bagira iyo batsinzwe.ndabasuhuje cyane cyane abafana ba APR FC.
congs APR, mwatwaye igikombe mwakinnye neza mutsinda AS Muhanga hahaaaaa…nava Toro naragenze ndabona.
ariko abantu b’abagabo biba igikombe bagaserebra koko!!!!
Comments are closed.