Digiqole ad

AMAFOTO yo kuri Rayon na AS Kigali, umukino washojwe n’amahane

 AMAFOTO yo kuri Rayon na AS Kigali, umukino washojwe n’amahane

Kubera umujinya, Bakame na Ndoli babaye nk’abagiye kurwana

Rayon Sports bigoranye yatsinze AS Kigali mu minota ya nyuma y’umukino. Gusa ibi byashojwe n’amahane kubera icyemezo cy’umusifuzi wemeje igitego cya Rayon Sports mu gihe AS Kigali bavugaga ko cyatsinzwe umuzamu wabo Jean Claude Ndoli yagushijwe.

Babanje kwiragiza imana, banajya inama mbere yo gutangira igice cya kabiri
Babanje kwiragiza imana, banajya inama mbere yo gutangira igice cya kabiri
Impande za Rayon sports ni zo mbaraga zayo, umwe mubayifasha ni Nshuti Dominique Savio
Impande za Rayon sports ni zo mbaraga zayo, umwe mubayifasha ni Nshuti Dominique Savio
Manishimwe Djabel usatira aciye iburyo ari mubagoye AS Kigali
Manishimwe Djabel usatira aciye iburyo ari mubagoye AS Kigali
Nsabimana Eric Zidane winjiye asimbuye, yongereye imbaraga, hagati ha AS Kigali, aha aragerageza gucenga Nahimana Shasir
Nsabimana Eric Zidane winjiye asimbuye, yongereye imbaraga, hagati ha AS Kigali, aha aragerageza gucenga Nahimana Shasir
Sebanani Emmanuel Crespo na bagenzi be basatira muri AS Kigali, ntibashoboye kubyaza umusaruro amahirwe babonye
Sebanani Emmanuel Crespo na bagenzi be basatira muri AS Kigali, ntibashoboye kubyaza umusaruro amahirwe babonye
Tuyisenge Pekeake Pekinho byamugoye, butuma asimbuzwa kare, aha yarwaniraga umupira na Eric Irambona
Tuyisenge Pekeake Pekinho byamugoye, butuma asimbuzwa kare, aha yarwaniraga umupira na Eric Irambona
Stade Regional ya Kigali yari hafi kuzura abakunzi ba ruhago
Stade Regional ya Kigali yari hafi kuzura abakunzi ba ruhago
Umukino wahanganishije abatoza Masudi Djuma na Eric Nshimiyimana bakinanye muri APR FC
Umukino wahanganishije abatoza Masudi Djuma na Eric Nshimiyimana bakinanye muri APR FC
Ndoli Jean Claude atabara izamu rye
Ndoli Jean Claude atabara izamu rye
Munezero Fiston yongeye gufata umwanya uhoraho muri ba myugariro ba Rayon sports, kuko  Ange Mutsinzi ari mu bizamini
Munezero Fiston yongeye gufata umwanya uhoraho muri ba myugariro ba Rayon sports, kuko Ange Mutsinzi ari mu bizamini
Moussa Camara na Kodo ntibatandukanaga
Moussa Camara na Kodo ntibatandukanaga
Masudi aragira inama Djabel na Savio bakina ku mpande
Masudi aragira inama Djabel na Savio bakina ku mpande
Niyonzima Olivier Sefu yongeye kubanza mu kibuga bituma Mugheni Fabrice adakina
Niyonzima Olivier Sefu yongeye kubanza mu kibuga bituma Mugheni Fabrice adakina
Savio iyo afahe umupira arindwa na benshi
Savio iyo afahe umupira arindwa na benshi
Bishira Latif ni umwe mu basore ba AS Kigali bitwaye neza
Bishira Latif ni umwe mu basore ba AS Kigali bitwaye neza cyane
Ingufu za Moussa Camara ukomoka muri Mali, zagoye ba myugariro ba AS Kigali, bayobowe na Nshutiyamagara Kodo
Ingufu za Moussa Camara ukomoka muri Mali, zagoye ba myugariro ba AS Kigali, bayobowe na Nshutiyamagara Kodo
Masudi ati nimusatire
Masudi ati nimusatire
Igitego cya kabiri cya Rayon sports ni umutwe wa Nahimana Shassir, watsinze ibitego bitatu mu mikino itatu
Igitego cya kabiri cya Rayon sports ni umutwe wa Nahimana Shassir, watsinze ibitego bitatu mu mikino itatu
Bagitangira gushwana, Bakame yinjiye mu kibuga
Bagitangira gushwana, Bakame yinjiye mu kibuga kandi atakinnye uyu mukino
Ndoli Jean Claude ufite inararibonye, yabwiraga umusifuzi ko atishimiye uko bagenzi be bari guhabwa amakarita
Ndoli Jean Claude ufite inararibonye, yabwiraga umusifuzi ko atishimiye uko bagenzi be bari guhabwa amakarita
Nshimiyimana arasaba abakinnyi be kudashyamirana n'abasifuzi
Nshimiyimana arasaba abakinnyi be kudashyamirana n’abasifuzi
Manishimwe Djabel yaryamye, benshi bakeka ko yageragezaga gutinza iminota kuko ikipe ye yari yabonye igitego, imvururu zirongea ziratangira
Manishimwe Djabel yaryamye, benshi bakeka ko yageragezaga gutinza iminota kuko ikipe ye yari yabonye igitego, imvururu zirongea ziratangira
Twagirumukiza Abdoul Karim arasunika Ndoli ngo adakandagira Djabel
Twagirumukiza Abdoul Karim arasunika Ndoli ngo adakandagira Djabel
Kubera umujinya, Bakame na Ndoli babaye nk'abagiye kurwana
Kubera umujinya, Bakame na Ndoli babaye nk’abagiye kurwana
Ndoli JC yagaragazaga umujinya mwinshi
Ndoli JC yagaragazaga umujinya mwinshi
Hitabajwe ingobyi y'abarwayi
Hitabajwe ingobyi y’abarwayi
Bakame arabuza Ndoli gushyamirana n'umusifuzi
Bakame arabuza Ndoli gushyamirana n’umusifuzi
Eric Nshiyimana utishimiye imisifurire, yihanangirijwe na Samuel Uwikunda wayoboye uyu mukino
Eric Nshiyimana utishimiye imisifurire, yihanangirijwe na Samuel Uwikunda wayoboye uyu mukino
Umusifuzi mpuzamahanga Theogene Ndagijimana yabuze uko agira
Umusifuzi mpuzamahanga Theogene Ndagijimana yabuze uko agira
Twagirumukiza Abdoul Karim arasunika Ndoli ngo adakandagira Djabel
Twagirumukiza Abdoul Karim arasunika Ndoli ngo adakandagira Djabel
Byari ibyishimo byinshi kuri Rayon sports
Byari ibyishimo byinshi kuri Rayon sports
Barashimira abaje kubashyigikira
Barashimira abaje kubashyigikira
Mu gihe abandi hirya bishimiraga intsinzi, AS Kigali yo nk'uko isanzwe ibigenza gahunda yabo isozwa n'isengesho bapfukamye
Mu gihe abandi hirya bishimiraga intsinzi, AS Kigali yo nk’uko isanzwe ibigenza gahunda yabo isozwa n’isengesho bapfukamye
Nshimiyimana arabwira abasifuzi ko atishimiye imisifurire, bo bamwihoreye
Nshimiyimana arabwira abasifuzi ko atishimiye imisifurire, bo bamwihoreye
Masudi ngo yishimiye uko abasore be bitwaye, kandi ntacyo avuga ku misifurire
Masudi ngo yishimiye uko abasore be bitwaye, kandi ntacyo avuga ku misifurire
Eric Nshiyimana ntacyo ashinja abakinnyi be, ariko ntiyashatse kugira icyo avuga ku basifuzi
Eric Nshiyimana ntacyo ashinja abakinnyi be, ariko ntiyashatse kugira icyo avuga ku basifuzi

Photos © Innocent ISHIMWE/UM– USEKE

UM– USEKE.RW

6 Comments

  • Ndoli disii!!

    Niyunve uko gukina mubukipe buto bimera

    Hahaha????????????????????????????
    Muri APR Ndoli na Kodo bari Abtesi none kababayeho!!!!!

  • Uyu musifuzi abatamuzi bazakurikirane match ze zose asifurira Rayon sports uko abigenza,, ntacyo muvuzeho muzabyiboneraaa..

    • Umva rero wowe rwose ntacyo uvuze wari urutwa no guceceka kbsa

  • COURAGE BASORE BAJYE!!!!!!!!!!!!!!!!! RAYON OYEEEEEE!!!!!!!!!!!!!

  • Umusifuzi ni umuntu erega ntabwo yabona amakosa yose!
    Gusa abarebye match zo muri Weekend Nice vs Nantes igitego cya 3 cya Nice (https://youtu.be/3GsvgN5XLVU murebe ku munota wa 2:10) kigaragaramo kugongana ku mukinnyi na goalkeeper, ariko cyaremejwe….
    Football igira ibyayo, ikigayitse ni ukurwana….

  • Ikibazo ni uko muvuga mutazi amategeko y’imisifurire, ni mwitegereza murasanga Ndoli yarasanze Camara aho yari ahagaze.

Comments are closed.

en_USEnglish