Digiqole ad

AMAFOTO waba utarabonye muri PGGSS 5 i Rusizi

 AMAFOTO waba utarabonye muri PGGSS 5 i Rusizi

Knowless arishimana anabyinira abafana be kuri Kamarampaka

Irushanwa ni ryarindi, abafana ni benshi cyane kuko umuziki n’abahanzi 10 bakomeye mu Rwanda babasanze iwabo ku buntu. I Rusizi abagera ku bihumbine bari kuri stade Kamarampaka baje kureba irushanwa. Knowless niwe uri kurusha umurindi abandi uko bigaragara. Irushanwa riri mu ntangiriro. 

MC Tino na Anita Pendo bashyushya abafana mbere y'abahanzi
MC Tino na Anita Pendo bashyushya abafana mbere y’abahanzi
Ibihumbi by'abafana bari baje kureba, harimo na bamwe baturutse hakurya i Bukavu
Ibihumbi by’abafana bari baje kureba, harimo na bamwe baturutse hakurya i Bukavu
Tonzi, umukemurampaka azamuka mu cyicaro aramutsa n'abafana, arasangayo Aimable Twahirwa na Lion Imanzi
Tonzi, umukemurampaka azamuka mu cyicaro aramutsa n’abafana, arasangayo Aimable Twahirwa na Lion Imanzi
Senderi Eric International Hit 3D hejuru kuri Hit
Senderi Eric International Hit 3D hejuru kuri Hit!!
DJ Bisoso nawe akazi yakunamiye, umurimo ni nk'undi uyu nawo wasanga umuvuna umugongo nko guhinga
DJ Bisoso nawe akazi yakunamiye, umurimo ni nk’undi uyu nawo wasanga umuvuna umugongo nko guhinga ariko ukanagabura
Abahungu umwihariko wabo bawukoresha neza, Active barabyina 'udukoryo twinshi'
Abahungu umwihariko wabo bawukoresha neza, Active barabyina ‘udukoryo twinshi’
Uyu mwana w'i Rusizi mumwitege mu PGGSS ya 25
Uyu mwana w’i Rusizi mumwitege mu PGGSS ya 25, yabanje kuza kureba ‘umuvuno’
Jules Sentore imbere y'abafana be abaririmbira"Ngera"
Jules Sentore imbere y’abafana be abaririmbira”Ngera”
Dream Boys i Rusizi barakunzwe cyane, aha nibo bari hagati y'abafana
Dream Boys i Rusizi barakunzwe cyane, aha nibo bari hagati y’abafana
Abahanzi ni urugero ku bato, imyambarire yabo bayireberaho. Uyu niba itamukwira ni aho yashatse kuyigeza
Abahanzi ni urugero ku bato, imyambarire yabo bayireberaho. Uyu niba itamukwira ni aho yashatse kuyigeza
Aashobora kuba yavuye i Bukavu niba atari umuhanzi w'i Rusizi w'umu 'Star a domicile'
Aashobora kuba yavuye i Bukavu niba atari umuhanzi w’i Rusizi w’umu ‘Star a domicile’
Bruce Bull, mu ijwi rye yongeye kumvikanisha umwihariko we no muri 'sape' y'ibimasa (bull)
Bruce Bull, mu ijwi rye yongeye kumvikanisha umwihariko we no muri ‘sape’ y’ibimasa (bulls) ku ngofero n’isengeri
Umufana aramufasha kuririmba n'imbaraga ze zose ngo arushe ibyuma
Umufana aramufasha kuririmba n’imbaraga ze zose ngo arushe ibyuma kuko nk’ubu bizimye yakumvikana no hakurya y’umusozi
Mugenzi we nawe arafasha Bruce Melodie mu ndirimbo ye
Mugenzi we nawe arafasha Bruce Melodie mu ndirimbo ye
Bakoranye igihe kinini none basigaye banatambuka kimwe kuri stage
Bakoranye igihe kinini none basigaye banatambuka kimwe kuri stage
Bake muri mwe nibo bashobora kuzamuka 'stage' bagaceza n'urukweto rureshya rutya
Bake muri mwe nibo bashobora kuzamuka ‘stage’ bagaceza n’urukweto rureshya rutya
Paccy ashobora kurapa (rap) arwambaye
Paccy ashobora kurapa (rap) arwambaye
Akanibogeka agaceza anaririmba
Akanibogeka agaceza anaririmba
Abafana bagaragaza uruhande rwabo
Abafana bagaragaza uruhande rwabo
Inyuma y'ikibuga baraterana ka morale
Inyuma y’ikibuga baraterana ka morale
Umurasta ari 'kubaha' kuri Coga Style ya kera n'iya vuba
Umurasta ari ‘kubaha’ ku njyana ye ‘Coga Style’ ya kera n’iya vuba
Knowless mu irushanwa ni nka 'Rayon Sports' ku bafana
Knowless mu irushanwa ni nka ‘Rayon Sports’ ku bafana
'Kung-Fu stands'
‘Kung-Fu stands’
Acigatiye ibiki aha?
Acigatiye ibiki aha? cyangwa ni ya mivuno abana baba bareba?
Knowless arishimana anabyinira abafana be kuri Kamarampaka
Knowless arishimana anabyinira abafana be kuri Kamarampaka
Bull yahageze na 'rap' itavangiye y'imirongo ikakaye
Bull yahageze na ‘rap’ itavangiye y’imirongo ikakaye
'Old school'; timber, ikoboyi na bandana ku mutwe nk'aba black panthers ba cyera
‘Old school’; timber, ikoboyi na bandana ku mutwe nk’aba black panthers ba cyera

Photos/Plaisir MUZOGEYE
UM– USEKE.RW

25 Comments

  • Kabisa ndemeye!!!Amafoto uduha na cmts ziyakurikira biranyica pe! Ndaseka imbavu zigasigara zibabara!!Uri number 1,komereza aho!

    • courage, nkunda ukuntu uyu munyamakuru azi gukora comment!

  • Bravo Umuseke!
    Muri abanyamwuga kabisa.
    Ntimugacogore.

  • Plaisir izi photo zawe na comments zazo ni professional kbs, big up rwose !!!

  • N’ubu ndacyaseka. Keep it up Plaisir!

  • Plaisir ni plaisir kabisa, tu ne changes pas! Ndakwemera bya cyane, uwakumpa….

  • Ngo yaturutse i bukavu cg ni star A domicile.hehehe you are crazy Plaizo

    • Uyu ni umuhanzi ndamuzi,,,,,,,gusa byyaramuyobeye ,,,, nawe undebere aya madarubundi aba yambaye

      • haha ni star A domicile se mugani wa Plaizo?ndumiwe koko

      • gusa na username yawe nayo itumye imbavu zirusha kundya.urakoze wa mbwa we.lol

      • its hard to have competent, competitive and well behaved singer to convince entire population.

  • haaaa haaaa mumfashe izi mbavu ziranyishe

  • hahahah Plaisir arabizi byo tu! Corage kabisa!

  • ngo ni ibiki acigatiye aha!

  • Jyenda Knowless reka unafanwe wari waaaye neza,wanaceje neza

  • plaisir buriya washakaga gusobanura iki kuririya pic ya Butera???? Anyway sibyiza gufata pic nkiyo ugashaka kuyikurizamo ibind bintu kuko ndabona ntakidasanzwe kirimo nabandi bahanzi cg undi muntu wese arabikora so ntitukanarise ikintu ngo dushake kugihinduramo ibindi bintu knd bitaringombwa. kabebe courage rata nibitaribi bizavugwa knd aba star niko bigomba kugenda. nicyo umu star bivuze avugwa ibyiza nibibi wowe ikomereze urugendo rwawe ibyiza nibibi uzabisanga imbere knd ntibikagucintege ahubwo bijye biguha gutuma ukora cyane kuko udakora ntiwavugwa.

    • Ariko uyu wanditse iyi nkuru nkeka ko kuri Butera atashatse kumuvugaho bibi,ahubwo kuri iriya photo,aho avuga ngo….’acigatiye ibiki?’,ni uburyo bwo kuryoshya inkuru gusa nta kindi.

    • Reka itiku

  • uzi ko boss aturutse mukindi cyumba akaza kureba icyo mbaye kwihangana byanze , kubera ibitwenge,…. ati uri mubiki nanjye nti uwakereka,…….. arumiwe ati komeza raporo

  • ariko noneho ndabona musigaye mwitiranya ibintu ubuse koko kuririya pic ya butera washakaga gusobanura iki, ariko ntitugafate ikintu ngo dushake kucyanaliza dukuremo ibindi bintu knd bitari ngombwa, Anyway Kabebe humura ntabukwe butahwa butavuzwe ntanuwambikwa ikamba atavuze ntanu star utavugwa iherezo ryabyo ntarindi nukwegukana igikombe biguca intege wowe komeza ukore ibyiza nibibi uzabisanga imbere kuko utakoze ntibavuga so keep it up Imana ikuri hafi natwe abafana bawe hamwe no gusenga byose bizarangira tucyegukanye nubwo mbona bagutangiye hakiri kare ariko ubustar nicyo bivuze kuko uvugwa ibyiza nibibi byose knd ukabyakira bikagufasha gukora cyane

    • Paris, njye ntacyo mbona muri iyi nkuru gisebeje Knowless. Kabebe uvuga ngo ahumure koko ubu bamutwaye iki ko mpamya ko na nyir’inkuru ari inshuti n’umufana we kukurusha!!! Uyu munyamakuru akora entertainment and this is part of it. Keep it up Plaizo

  • Abamagambo ntibazabura iyofoto ya knowless ntacyo ibaye Abo ninkababandi babuze icyobasebya inka ngodore ibicebe byayo yitwaye neza ntawamurusha tugetuvugisha ukuri nakomeze abemeze ariyubaha nkabimukundira ahesha ishema abanyarwanda kazi

  • Ariko se iyi niyo muzika mu Rwanda dusigaranye? Bibaye aribi twaba turi muteremuko.Gushishura no kurimba kuri CD nta buhanzi burimo.

  • Wowooo! amafoto meza cyane kbsa! na cmts nziza biduha image ya PGGSS5. big up to plaisir!& imiseke.com

  • Senderi Eric International Hit 3D ? Ejobundi ntabwo abanyamakuru bazajya babona aho bandika amazina y’uyu muhungu? yongeyeho na Tuff Hit..barebe niba nta kibazo afite kbs.

Comments are closed.

en_USEnglish