AMAFOTO: Umuhango wo kwibuka abajugunywe mu migezi
Mu ijambo Leon Mugesera ari kuburana yumvikanye asaba ko Abatutsi basubizwa iwabo banyujijwe muri Nyabarongo ngo niyo nzira ya bugufi. Yabisabye mu 1992 mu 1994 bishyirwa mu bikorwa, nta kindi cyari kigamijwe. Kurimbura Abatutsi. Ntabapfira gushira hari abarikotse, abafite ababo bishwe bajugunywe mu migezi no mu nzuzi babibutse kuri uyu wa 10 Gicurasi 2014, mu muhango wateguwe n’abana barokotse bari mu muryango witwa DUKUNDANE Family.
0 Comment
Ohhh my God binkoze ahantu.. mukomere bavandimwe sinahabonetse ariko ndabazirirkana cyane kdi merci @Umuseke muba mwahatubereye kandi neza. Imana ikomeze u Rwanda.
OOOOOOOOOOhhh Mana yange weeee…DUKUNDANE FAMILY muri intwari cyane pe! nkunda umurava,ubufatanye ishyaka kwanga umugayo n’urukundo mugira mu bikorwa byanyu byose kdi muri abantu b’abagabo cyane.Imana ibahe ubwenge bwiyongere kubwo mwifitemo kandi muhumure icyivi basize muzacyusa.nzi neza ko aho bari nabo bashimishwa n’ibikorwa byanyu.ku iherezo bizabaherekeze kandi bijye bibera icyitegererezo n’indi miryango y’abacitse ku icumu nayo igaragaze ibikorwa nk’ibi cg bahange izindi nzira n’uburyo butandukanye bwo kwerekana ko abacu twabuze batagomba kuzima kandi tukiriho.ndabakunda nubwo ntakibasha kuba ndi kumwe namwe ariko ndabazirikana.iminsi yose muri role model wange mu kwiyemeza no kugira intego kandi ngaharanira kuzigeraho,nubwo ibiduhutaza bitabura ariko icyerekana ko dushoboye nuko tubicamo byose kdi tugakomera tugakomeza kubaho kandi neza.ndabakunda mweseeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeee…courage!
Imana ishimwe kubwuwo muryango pe urafashije kandi nizera ko ufasha beshi mubuzima najye hari ba data wacu nabasogokuru baribahatuye ariko ubu ntanumwe turabona nu muryango wa karasira wamenya uwabo wasigaye azanyandikire
Comments are closed.