Icyagaragaye cyane ku bari aho ni uko umwaka wa 2012 (00.00) watangiriye mu ndirimbo ya “Bomboli bomboli” ya Riderman, maze abantu si ukwishima bivayo.
Iki ni igitaramo cyitabiriwe n’abantu benshi cyane ku buryo bugaragara. Abahanzi b’ibihangange nka Kidumu, Flavor, Frank Joe (uba muri Canada) bari bitabiriye iki gitaramo.
Abandi bahanzi bakunzwe cyane mu Rwanda, nka Dream Boys, Jay Polly, Riderman, Kitoko, King James, Tom Close n’abandi nabo bari bakereye iki gitaramo.
ndakwemeye kabisa uziko ari pirate kweri sha uzi ibintu kabisa
desperado says:
01/03/2012 at 12:41
yego musaza ntubakatubeshye abanyarwanda baratwifatiye i bagiye hanze ngo nagiye muri studio ikomeye , ikorera lli wayne sinzi nibindi shit isi yabaye umudugudu man , ibibera usa tubikurikirana twiyicariye hano mu rda
flaver says:
01/02/2012 at 18:28
TOM IS A HANDSOME GUY ARAKEYE BIDASUBIRWAHO,ANY COMMENT ABOUT THIS.
desperado says:
01/03/2012 at 12:35
yeah azaguhe ku bwi nyuma
grace says:
01/02/2012 at 19:18
BIG UP MAN! CASSANOVA ABERETSE KO AVA USA KABISA ANYWAY JAY POLLY KOKO WAMUHA IKI, TMS YI HANGANE NTAWE UMUCYEMO UTABERA, PAECE KURI POLLY NA TUFF YOSE
joe says:
01/02/2012 at 20:04
Bariya bahungu bagira rimwe kuri WC buriya si ako ku mugongo wi ngonaa bari bagiye gufata? big up men
muhi says:
01/02/2012 at 20:39
sinarimperutse muranda ariko uriya mwana witwaking jeames nu muhanga cyane sinabona uko mbisobanura gisa numuhanga cyane kdi ngamukunda
Muhumuza says:
01/03/2012 at 07:25
Dutekenye kumva comments za Minisitiri ufite Umuco mu nshinganoze kubera ko ambwe muri aya mafoto ari urukoza soni, haba ku bana (urubyiruko) ndetse no ku bantu bakuru. Mufate ingamba amazi atararenga inkombe
Andrew says:
01/03/2012 at 08:41
Iyo nkweto ya Tom Close barayibeshyera. Erega nataho aragera duhahira hamwe nawe ntakatubeshye
lambert says:
01/03/2012 at 09:49
Imyambarire y’uriya mukobwa wari kumwe na Frank Joe ntihwitse rwose ni urukozasoni kuri Société nyarwanda naho ibyi birori ndabona byari byiza kuko umuziki urabona ko umaze gufata indi ntera n’abafana basigaye bajya muri mood ya music si nka mbera umuntu yaririmbaga bakamureba nka statut.
ok jazz says:
01/03/2012 at 10:23
KEVIN,KO NGUTINYE BURIYA TOM NTASEBYE KUMUGARAGARO.
desperado says:
01/03/2012 at 12:44
mbese na flavor yicurangira play back? RIP good music
Mohombi says:
01/03/2012 at 12:59
Ariko se abantu biha Tom Close, muri mwese hari uwo yiyemeho cg ngo amubeshye ko inkweto ye ihenze!Niba umunyakuru yarayikunze akayifotora nibyo byakagombye gutuma mumwiha! Naho abavuga ngo abantu bambaye urukozasoni… mbona ari uguta umwanya n’ibirenze biriya bazabyambara with time!
grace says:
01/03/2012 at 18:07
UMUGUNI WA DIPROMATE BATWEMEJE KU NKUMI BAZAZE NO KU NGUMI.PAECE KURI TUFF GANGAS
sunshine says:
01/04/2012 at 09:12
ariko buriya anutha iriya ya nita ntituma abahungu bashyukwa
ERNEST says:
01/04/2012 at 12:07
Igihe nyakubahwa Perezida adusaba kwihesha agaciro ,natwe ntitwakagobye guhesha agaciro umuco nyarwanda ? Ubwo uriya munyarwandakazi washyize kukarubanda umutungo we reta ntiyakagobye kwerekana umurongo ntarengwa.Erega umuco ntiwigwa mumashuri no mumiryango gusa , tuwusanga no mubidukikije.Ejo ababyeyi bazabona abana babo bambaye imyenda ya Adamu na Eva ntibikabatungure.
munyana caline says:
01/04/2012 at 22:33
ariko Tom yaratubeshye ye.abona nutaragezeyo adafite bene wabo babayo?erega ntabwo abanyaranda turi injiji?baramubeshye.agize kudupfunyikira ikibiribiri mu ndirimbo ye na S.K.STON none umva agarutse anatubesha.ariko ku urugero rwe yari yagerageje.
karabaye says:
01/05/2012 at 19:38
ese mbabaze uyu mukobwa urimo kubyinana na Frank JOE ni ikariso mbona cg ni agapipi?
T.bag says:
01/05/2012 at 20:43
jay polly urigusebya music wo mu Rwanda
shure says:
01/06/2012 at 13:02
iriya pantalo ya TMC YARI IYAMAKE yayiguze $3 gusa Nyabugogo.
0 Comment
sinari mperutse mu rwanda ariko umuziki waho ni igitangaza. uriya muhungo ngo jay polly ni umuhanga cyane ntazamva mumutwe.
ukuyemo kidumu wa dange, jay polly,rider nakitoko nibo bigaragaje cyane
Dream boys byo biyambarira pirate gusa, ahubwo n’ibitari biriya bizaba tu!! nibo banyamuziki bambara nabi nabonye kuva navayo!!!!
reba tuuu!!!!KIDUMU KIBIDO KIBUGANIZO n’umuntu w’umugabo dore ko ari nawe wakoze LIVE MUSIC wenyine abandi niba ga (CD)gusa.
Imyambarire y’abakobwa b’i Kigali ikomeje kudutera inkeke, biri kugenda bifata indi ntera.
ariko mumbwire, anita bavuga niwawundi wakoraga kuri city radio? noneho nakumirwa mbandoga kigeli!!!
ibipampa byaramwishe!!!
iyo myambarire ni urukozasoni peeeeeeeee
Riderman Afite Umwana mwiza cyane peee ntuzamupfushubusa sha. uzamubyazemo umusaruro
Well! Well! Verry wonderfull nubwo ntari mpari nibura ndanyuzwe! Stage nziza cyane! Ibindi byo sinavuga! GIKONKO ho Twaratemesheje pe! mbega uburyo NAASONI yadukamiye mukitoze! Narumiwe! “[Umwakamushaya muhire ku bakunzi b’umuseke!]”
Knowless yari yambaye neza peeeee! Uyu mwana araberwaaaa! Naho uwo mukobwa yashakaga kumira Frank joe bunguri neza!
Iyo nkweto ntibishoboka kuko ni pirate. originak ntirenza $90. check this link
http://www.endless.com/dp/B0051MO08U/190-7445234-0709436?ie=UTF8&creative=395033&suppressRedirect=1&linkCode=asn&tag=hyendpla-20&creativeASIN=B0051MO08U&ref_=asc_df_B0051MO08U1845237
ndakwemeye kabisa uziko ari pirate kweri sha uzi ibintu kabisa
yego musaza ntubakatubeshye abanyarwanda baratwifatiye i bagiye hanze ngo nagiye muri studio ikomeye , ikorera lli wayne sinzi nibindi shit isi yabaye umudugudu man , ibibera usa tubikurikirana twiyicariye hano mu rda
TOM IS A HANDSOME GUY ARAKEYE BIDASUBIRWAHO,ANY COMMENT ABOUT THIS.
yeah azaguhe ku bwi nyuma
BIG UP MAN! CASSANOVA ABERETSE KO AVA USA KABISA ANYWAY JAY POLLY KOKO WAMUHA IKI, TMS YI HANGANE NTAWE UMUCYEMO UTABERA, PAECE KURI POLLY NA TUFF YOSE
Bariya bahungu bagira rimwe kuri WC buriya si ako ku mugongo wi ngonaa bari bagiye gufata? big up men
sinarimperutse muranda ariko uriya mwana witwaking jeames nu muhanga cyane sinabona uko mbisobanura gisa numuhanga cyane kdi ngamukunda
Dutekenye kumva comments za Minisitiri ufite Umuco mu nshinganoze kubera ko ambwe muri aya mafoto ari urukoza soni, haba ku bana (urubyiruko) ndetse no ku bantu bakuru. Mufate ingamba amazi atararenga inkombe
Iyo nkweto ya Tom Close barayibeshyera. Erega nataho aragera duhahira hamwe nawe ntakatubeshye
Imyambarire y’uriya mukobwa wari kumwe na Frank Joe ntihwitse rwose ni urukozasoni kuri Société nyarwanda naho ibyi birori ndabona byari byiza kuko umuziki urabona ko umaze gufata indi ntera n’abafana basigaye bajya muri mood ya music si nka mbera umuntu yaririmbaga bakamureba nka statut.
KEVIN,KO NGUTINYE BURIYA TOM NTASEBYE KUMUGARAGARO.
mbese na flavor yicurangira play back? RIP good music
Ariko se abantu biha Tom Close, muri mwese hari uwo yiyemeho cg ngo amubeshye ko inkweto ye ihenze!Niba umunyakuru yarayikunze akayifotora nibyo byakagombye gutuma mumwiha! Naho abavuga ngo abantu bambaye urukozasoni… mbona ari uguta umwanya n’ibirenze biriya bazabyambara with time!
UMUGUNI WA DIPROMATE BATWEMEJE KU NKUMI BAZAZE NO KU NGUMI.PAECE KURI TUFF GANGAS
ariko buriya anutha iriya ya nita ntituma abahungu bashyukwa
Igihe nyakubahwa Perezida adusaba kwihesha agaciro ,natwe ntitwakagobye guhesha agaciro umuco nyarwanda ? Ubwo uriya munyarwandakazi washyize kukarubanda umutungo we reta ntiyakagobye kwerekana umurongo ntarengwa.Erega umuco ntiwigwa mumashuri no mumiryango gusa , tuwusanga no mubidukikije.Ejo ababyeyi bazabona abana babo bambaye imyenda ya Adamu na Eva ntibikabatungure.
ariko Tom yaratubeshye ye.abona nutaragezeyo adafite bene wabo babayo?erega ntabwo abanyaranda turi injiji?baramubeshye.agize kudupfunyikira ikibiribiri mu ndirimbo ye na S.K.STON none umva agarutse anatubesha.ariko ku urugero rwe yari yagerageje.
ese mbabaze uyu mukobwa urimo kubyinana na Frank JOE ni ikariso mbona cg ni agapipi?
jay polly urigusebya music wo mu Rwanda
iriya pantalo ya TMC YARI IYAMAKE yayiguze $3 gusa Nyabugogo.
umva abakobwa murimo ntabwo kwishimisha bivuze gukoza isoni abatubyaye uriya mukobwa vmt ashakwe ahanwe kuko asebeje abakobwa bandi iyo ntabwo ari imyambarire ikwiye umwari ikindi nabambaye batyo bose mwisubirehoooooooooooooooo
cyari cyiryoshye bizosubire
Tmc yararaburijwe kabisa
sha abahanzi burwanda bamaze gutera imbere kabis gusa ikibi nabavangira ibirorori byacu ngo ngaho amasaha ararangiye bareke guteza umutekano muke mubwonko bwacu wang kuko ahandi barakesha si no bafunge na za boite de nuit
gusa turashimye kabis
ahahahahahhahhaha!!!!!!!!!!! byari birenze kbs tom yari yambaye urukweto rurenze pe! naho tmc yarakemye girl frnd wa riderman arakeye sana
Comments are closed.