Digiqole ad

Amafoto East African Party: 2012 yatangiriye muri "Bomboli bomboli"

Icyagaragaye cyane ku bari aho ni uko umwaka wa 2012 (00.00) watangiriye mu ndirimbo ya “Bomboli bomboli” ya Riderman, maze abantu si ukwishima bivayo.

Riderman kuri stage yari yambaye ku buryo busekeje cyane
Riderman kuri stage yari yambaye ku buryo busekeje cyane

Iki ni igitaramo cyitabiriwe n’abantu benshi cyane ku buryo bugaragara. Abahanzi b’ibihangange nka Kidumu, Flavor, Frank Joe (uba muri Canada) bari bitabiriye iki gitaramo.

Abandi bahanzi bakunzwe cyane mu Rwanda, nka Dream Boys, Jay Polly, Riderman, Kitoko, King James, Tom Close n’abandi nabo bari bakereye iki gitaramo.

Abafana bari benshi cyane ku buryo budasanzwe
Abafana bari benshi cyane ku buryo budasanzwe
Casanova yazamukanye ikiradiyo rutura kuri stage
Casanova yazamukanye ikiradiyo rutura kuri stage
Umuririmbyi Casanova yinjiranye Ikiradiyo rutura kuri Stage
Casanova yabanje kugikanika
Inkweto za Casanova kuri stage
Inkweto za Casanova kuri stage
Casanova aririmbira abakunzi be
Casanova aririmbira abakunzi be
Umubyeyi na mushiki wa Casanova barazanye kurangiriza umwaka mu Rwanda
Umubyeyi na mushiki wa Casanova barazanye kurangiriza umwaka mu Rwanda
Uhereye ibumoso: Frank Joe, Kidumu, Ben Kayiranga na Pastor P
Uhereye ibumoso: Frank Joe, Kidumu, Ben Kayiranga na Pastor P
Frank Joe na Madam mbere ya stage
Frank Joe na Madam mbere ya stage
Frank Joe yeretse abakunzi be ikimero cye
Frank Joe yeretse abakunzi be ikimero cye
Uyu mufana yari yakomeje kwitegereza cyane Frank Joe
Uyu mufana yari yakomeje kwitegereza cyane Frank Joe
Imbyino zidasanzwe za Frank zakomeje gushotora abo bafana
Imbyino zidasanzwe za Frank zakomeje gushotora abo bafana
Wamufana byamurenze amusanga kuri stage
Wamufana byamurenze amusanga kuri stage
Umukobwa amaze kubona ayo mahirwe babyinanye cyane na Frank
Umukobwa amaze kubona ayo mahirwe babyinanye cyane na Frank
Frank Joe nuwo mukobwa
Frank Joe nuwo mukobwa

Nyuma ariko habaye intonganya ngo hagati ye n'umugore we kubera uburyo yitwaye n'uriya mukobwa
Nyuma ariko habaye intonganya ngo hagati ye n'umugore we kubera uburyo yitwaye n'uriya mukobwa
Kidumu nawe ufite abakunzi benshi mu Rwanda yanejeje benshi
Kidumu nawe ufite abakunzi benshi mu Rwanda yanejeje benshi
Kidumu yageze aho yikubitira ingoma
Kidumu yarekanye ko azi no kuvuza ingoma neza
Kidumu na Joe mu ndirimbo yabo Kipenda Roho narayibyinnye karahava
Kidumu na Joe mu ndirimbo yabo 'Kipenda Roho'
Sini na King James yica icyaka mbere ya stage
Ciney na King James yica icyaka mbere ya stage
Irebere imyambarire y'abo bari
Aba bakobwa bazwi muri Video Clip z'indirimbo za hano mu Rwanda
Buri wese yari yambaye ibyo akekako bimubera kurenza ibindi
Buri wese yari yambaye ibyo akekako bimubera kurenza ibindi
DJ yakaragaga ibyuma ukabyumvira mu gituza
DJ Bisoso
Knowless kuri stage
Knowless kuri stage
King James muri rya jwi rye rinyuze amatwi yashimishije abafana
King James muri rya jwi rye rinyuze amatwi yashimishije abafana
King James yari yambaye ipantalo yazinze nk'ugiye gutira umuvure n'izo nkweto ureba
King James yari yambaye ipantalo yazinze nk'ugiye gutira umuvure n'izo nkweto ureba
Uncle Austin kuri stage n'ababyinnyi be
Uncle Austin kuri stage n'ababyinnyi be
Tom na Austin nabo bakanyujijeho
Tom na Austin nabo bakanyujijeho
Uncle Austin
Uncle Austin
Tom Close mbere yo kuririmba yari anezerewe
Tom Close mbere yo kuririmba yari anezerewe
Inkweto Tom yari yambaye. From US?
Inkweto ya Tom Close bivugwa ko yayiguze 500$
Iragaragara nk'inkweto ihenze koko
Iragaragara nk'inkweto ihenze koko
Tijara Kabendera na Jay Polly
Tijara Kabendera na Jay Polly
Flavor ntawuzi ibyo yavuganaga na Anita
Flavor avuganaga na Anita
Ibumoso ni umusore ufasha Flovor, Flavor (wambaye amadarubindi), Manager wa Flavor, n'umwe mu bateguye ibirori Joseph bita Boubou
Ibumoso ni umusore ufasha Flovor, Flavor (wambaye amadarubindi), Manager wa Flavor, n'umwe mu bateguye ibirori Joseph bita Boubou
Dream Boys kuri stage
Dream Boys kuri stage
TMC yarabyinnye ipantalo ipasuka hagati y'amaguru ariko yarakomeze aribyinira
TMC yarabyinnye ipantalo ipasuka hagati y'amaguru ariko yarakomeze aribyinira
Abafana baseka TMC
Abafana baseka TMC
Dream Boys na Jay Polly
Dream Boys na Jay Polly
Kitoko kuri stage
Kitoko kuri stage

 

MC TINO na MC Anitha bati "Bend over"
MC TINO na MC Anitha bati "Bend over"
Flavor (wikoti ritukura) n'abaja be babanje kujya kwihagarika mbere ya stage
Flavor (wikoti ritukura) n'abaja be babanje kujya kwihagarika mbere ya stage
Mr Flavor ajya kuri stage
Mr Flavor ajya kuri stage
Flavor kuri stage
Flavor kuri stage yavanyeme imyenda hejuru asigarana Furari y'amabara y'idarapo ry'u Rwanda
Flavor aririmbira abafana anabaramutsa
Flavor aririmbira abafana anabaramutsa
Mr Flavor yari yambaye ipantalo nk'utabishaka
Mr Flavor yari yambaye ipantalo nk'utabishaka
ibumoso umubyinnyi wa Riderman, iburyo uwo bivugwa ko ari girlfriend wa Riderman
ibumoso umubyinnyi wa Riderman, iburyo uwo bivugwa ko ari girlfriend wa Riderman
Biravugwa ko ari uy mukobwa ari Girlfriend wa Riderman
Biravugwa ko ari uyu mukobwa ari Girlfriend wa Riderman

Photos: MUZOGEYE P.

Plaisir MUZOGEYE
UM– USEKE.COM

0 Comment

  • sinari mperutse mu rwanda ariko umuziki waho ni igitangaza. uriya muhungo ngo jay polly ni umuhanga cyane ntazamva mumutwe.

  • ukuyemo kidumu wa dange, jay polly,rider nakitoko nibo bigaragaje cyane

  • Dream boys byo biyambarira pirate gusa, ahubwo n’ibitari biriya bizaba tu!! nibo banyamuziki bambara nabi nabonye kuva navayo!!!!

  • reba tuuu!!!!KIDUMU KIBIDO KIBUGANIZO n’umuntu w’umugabo dore ko ari nawe wakoze LIVE MUSIC wenyine abandi niba ga (CD)gusa.

  • Imyambarire y’abakobwa b’i Kigali ikomeje kudutera inkeke, biri kugenda bifata indi ntera.

  • ariko mumbwire, anita bavuga niwawundi wakoraga kuri city radio? noneho nakumirwa mbandoga kigeli!!!

    • ibipampa byaramwishe!!!

  • iyo myambarire ni urukozasoni peeeeeeeee

  • Riderman Afite Umwana mwiza cyane peee ntuzamupfushubusa sha. uzamubyazemo umusaruro

  • Well! Well! Verry wonderfull nubwo ntari mpari nibura ndanyuzwe! Stage nziza cyane! Ibindi byo sinavuga! GIKONKO ho Twaratemesheje pe! mbega uburyo NAASONI yadukamiye mukitoze! Narumiwe! “[Umwakamushaya muhire ku bakunzi b’umuseke!]”

  • Knowless yari yambaye neza peeeee! Uyu mwana araberwaaaa! Naho uwo mukobwa yashakaga kumira Frank joe bunguri neza!

    • ndakwemeye kabisa uziko ari pirate kweri sha uzi ibintu kabisa

    • yego musaza ntubakatubeshye abanyarwanda baratwifatiye i bagiye hanze ngo nagiye muri studio ikomeye , ikorera lli wayne sinzi nibindi shit isi yabaye umudugudu man , ibibera usa tubikurikirana twiyicariye hano mu rda

  • TOM IS A HANDSOME GUY ARAKEYE BIDASUBIRWAHO,ANY COMMENT ABOUT THIS.

    • yeah azaguhe ku bwi nyuma

  • BIG UP MAN! CASSANOVA ABERETSE KO AVA USA KABISA ANYWAY JAY POLLY KOKO WAMUHA IKI, TMS YI HANGANE NTAWE UMUCYEMO UTABERA, PAECE KURI POLLY NA TUFF YOSE

  • Bariya bahungu bagira rimwe kuri WC buriya si ako ku mugongo wi ngonaa bari bagiye gufata? big up men

  • sinarimperutse muranda ariko uriya mwana witwaking jeames nu muhanga cyane sinabona uko mbisobanura gisa numuhanga cyane kdi ngamukunda

  • Dutekenye kumva comments za Minisitiri ufite Umuco mu nshinganoze kubera ko ambwe muri aya mafoto ari urukoza soni, haba ku bana (urubyiruko) ndetse no ku bantu bakuru. Mufate ingamba amazi atararenga inkombe

  • Iyo nkweto ya Tom Close barayibeshyera. Erega nataho aragera duhahira hamwe nawe ntakatubeshye

  • Imyambarire y’uriya mukobwa wari kumwe na Frank Joe ntihwitse rwose ni urukozasoni kuri Société nyarwanda naho ibyi birori ndabona byari byiza kuko umuziki urabona ko umaze gufata indi ntera n’abafana basigaye bajya muri mood ya music si nka mbera umuntu yaririmbaga bakamureba nka statut.

  • KEVIN,KO NGUTINYE BURIYA TOM NTASEBYE KUMUGARAGARO.

  • mbese na flavor yicurangira play back? RIP good music

  • Ariko se abantu biha Tom Close, muri mwese hari uwo yiyemeho cg ngo amubeshye ko inkweto ye ihenze!Niba umunyakuru yarayikunze akayifotora nibyo byakagombye gutuma mumwiha! Naho abavuga ngo abantu bambaye urukozasoni… mbona ari uguta umwanya n’ibirenze biriya bazabyambara with time!

  • UMUGUNI WA DIPROMATE BATWEMEJE KU NKUMI BAZAZE NO KU NGUMI.PAECE KURI TUFF GANGAS

  • ariko buriya anutha iriya ya nita ntituma abahungu bashyukwa

  • Igihe nyakubahwa Perezida adusaba kwihesha agaciro ,natwe ntitwakagobye guhesha agaciro umuco nyarwanda ? Ubwo uriya munyarwandakazi washyize kukarubanda umutungo we reta ntiyakagobye kwerekana umurongo ntarengwa.Erega umuco ntiwigwa mumashuri no mumiryango gusa , tuwusanga no mubidukikije.Ejo ababyeyi bazabona abana babo bambaye imyenda ya Adamu na Eva ntibikabatungure.

  • ariko Tom yaratubeshye ye.abona nutaragezeyo adafite bene wabo babayo?erega ntabwo abanyaranda turi injiji?baramubeshye.agize kudupfunyikira ikibiribiri mu ndirimbo ye na S.K.STON none umva agarutse anatubesha.ariko ku urugero rwe yari yagerageje.

  • ese mbabaze uyu mukobwa urimo kubyinana na Frank JOE ni ikariso mbona cg ni agapipi?

  • jay polly urigusebya music wo mu Rwanda

  • iriya pantalo ya TMC YARI IYAMAKE yayiguze $3 gusa Nyabugogo.

  • umva abakobwa murimo ntabwo kwishimisha bivuze gukoza isoni abatubyaye uriya mukobwa vmt ashakwe ahanwe kuko asebeje abakobwa bandi iyo ntabwo ari imyambarire ikwiye umwari ikindi nabambaye batyo bose mwisubirehoooooooooooooooo

  • cyari cyiryoshye bizosubire

  • Tmc yararaburijwe kabisa

  • sha abahanzi burwanda bamaze gutera imbere kabis gusa ikibi nabavangira ibirorori byacu ngo ngaho amasaha ararangiye bareke guteza umutekano muke mubwonko bwacu wang kuko ahandi barakesha si no bafunge na za boite de nuit

  • gusa turashimye kabis

  • ahahahahahhahhaha!!!!!!!!!!! byari birenze kbs tom yari yambaye urukweto rurenze pe! naho tmc yarakemye girl frnd wa riderman arakeye sana

Comments are closed.

en_USEnglish