AbanyaKigali bamwe 'Poubelle' ni hejuru y'Inzu
Kigali, umujyi ukiyubaka mu miturire, utuwe n’abakene n’abakire. Imyanda iracyari ikibazo kuri bamwe bitewe n’aho batuye kuko kuyivana mu ngo byishyurirwa, gusa hari abasonerwa bagatwarirwa iyo myanda ku buntu kubera ikiciro barimo. Ariko hari abandi usanga imyanda bayijugunya hejuru y’inzu.
Imigirire nk’iyi usanga atari ikibazo cy’ubukene, ahubwo ikibazo cy’imyumvire.
UM– USEKE.RW