Digiqole ad

AbanyaKigali bamwe 'Poubelle' ni hejuru y'Inzu

Kigali, umujyi ukiyubaka mu miturire, utuwe n’abakene n’abakire. Imyanda iracyari ikibazo kuri bamwe bitewe n’aho batuye kuko kuyivana mu ngo byishyurirwa, gusa hari abasonerwa bagatwarirwa iyo myanda ku buntu kubera ikiciro barimo. Ariko hari abandi usanga imyanda bayijugunya hejuru y’inzu.

Si ku muri 'poubelle' ni hejuru y'inzu
Si ku muri ‘poubelle’ ni hejuru y’inzu

Imigirire nk’iyi usanga atari ikibazo cy’ubukene, ahubwo ikibazo cy’imyumvire.

Hejuru y'inzu nto yo mu rugo niho bajugunya imyanda imwe n'imwe
Hejuru y’inzu nto yo mu rugo niho bajugunya imyanda imwe n’imwe
Bigaragara ko ari ikibazo cy'imyumvire atari ubukene bwo kubura ayo kwishyura imyanda
Bigaragara ko ari ikibazo cy’imyumvire atari ubukene bwo kubura ayo kwishyura imyanda
Ikariso, ibase (basin), utujerikani, uducupa tw'amazi, Saucetomate, ibikarito, Sardines, uducupa tw'amavuta n'indi myanda ishyirwa hejuru y'inzu
Ikariso, ibase (basin), utujerikani, uducupa tw’amazi, Saucetomate, ibikarito, Sardines, uducupa tw’amavuta n’indi myanda ishyirwa hejuru y’inzu
Ibi bituma izi nyamaswa ziba zitembera aha hejuru
Ibi bituma izi nyamaswa ziba zitembera aha hejuru
Zirareba niba nta maramuko ari muri iyo myanda iri hejuru
Zirareba niba nta maramuko ari muri iyo myanda iri hejuru

UM– USEKE.RW

en_USEnglish