Digiqole ad

Abahanzi mu majyepfo biteguriye irushanwa

Igisubizo concert ni igitaramo kibanjirije tournoir yiswe” IMBARAGA TOURNOIR” Icyo gitaramo kikaba kizabera muri lycce de nyanza kuri uyu wa gatandatu tariki ya 14/05/2011 saa 14h z’amanywa.

Concert mu Butansinda

Iyi TOURNOIR igiye gutangirwa n’abahanzi bishyize hamwe barimo P-FLY , MAITRE JADO,PACY,UNCLR PHILLA,SISTER LILY n’abandi batandukanye.

umuseke.com wegereye abo bahanzi badutangariza ko impamvu bazazenguruka ibigo by’amashuri aruko ariho umuziki nyarwanda ufite abafana kandi ariho urubyiruko rugaragara cyane cyane. Kuburyo ari nayo mpanvu bayise ‘IMBARAGA TOURNOIR’ kuko niho imbaraga zo gutera imbere kwabo ziri.

Umwe muri aba bahanzi P Fly ugaragara mu bayoboye iyi gahunda, ubu akaba asigaye yibera mu mujyi wa Muhanga. Yadutangarije ko bimworoheye we na Group asigaye abarizwamo ya “MAFIA IMPERIAL STATE” kwegeranya abahanzi bo mu majyepfo kuko abari hafi.

Bikaba bivugwako uyu musore, ufite umugore n’umwana umwe, yimukiye I Muhangango akomeze  kwegera nyina umubyara,  NZAMUKOSHA Hadidja, ukora kuri RADIO HUGUKA.

TNP

Umuseke.com

3 Comments

  • rider man is best song in rwanda so,niweukwiye.kuririmbana na king stone

  • aaahh best singer wu rda uwo mpa amahirwe ni rafiki king wa coga stlye,kuko ngereranije ntawundi muhanzi waririmbana na sean kingston kuko style baririmbamo zirananiwe sanaaaaaaaaaa !!!

  • man amakuru yanyu bull dogg ari muri concert tell ma plesease

Comments are closed.

en_USEnglish