5 Comments

  • 110% by’ibyo wavuze ni uko.

  • Ibi byiciro bariho bakora, bakwiye kubikorana ubushishozi bwinshi, ntanze urugero: banshyize mu cyiciro cya gatatu kuko ndi umukozi wa Leta, ariko ukurikije imibereho mfite n’uko mbayeho biciriritse bakagombye kunshyira mu cyiciro cya kabiri, mu gihe i Nyanza n’i Huye, hari abafite amazu agezweho afite agaciro ka 30.000.000F n’andi bakodesha, n’abakozi ba Leta, bose babashyize mucyiciro cya kabiri. Uko kutumva kimwe gushyira abantu mu byiciro mu turere dutandukanye, biraterwa n’iki?

    • Gushyira abanyarwanda mu byiciro uko biteye muri iki gihe biraca amarenga y,amacakubiri. ni ibyo kwitonderwa bigakorwa n’urwego rumwe,bigakorwa kimwe ku banyarwanda bose hagamijwe kugaragaza ukuri gusa.

      • Biratwibutsa politiki yiringaniza.

  • munyihanganire kubaza iki kibazo: kera abantu barahingiranaga bakabyita guhinga ubudehe ari igikorwa cyo guhana umubyizi barangiza bakanasangira bakishima none ubu bashyira abaturage mu byiciro by’ubudehe . Ubudehe ni iki? uwabasha kubunsobanurira yaba agize neza.

Comments are closed.

en_USEnglish