Tags : Nyagasozi

Rugabano: Abana mu ishuri ubu bicaye neza. Umurenge nawo ufite

Mu nkuru yo mu ntangiriro z’uyu mwaka, abana biga ku ishuri ribanza rya Nyagasozi mu murenge wa Rugabano mu karere ka Karongi bari babwiye Umuseke ko bifuza gutangira uyu mwaka bicaye ku ntebe kuko ushize bawize bicara ku mbaho bakandikira ku bibero bikabavuna cyane. Iki kibazo cyahise gihagurukirwa, ubu abana bicaye ku ntebe zabugenewe. Uyu […]Irambuye

en_USEnglish