Digiqole ad

Urashaka kujya kwiga mu Ubuhinde ku buryo bworoshye kandi bwihuse?

Ubuyobozi bwa Coin d`Art bufatanyije n`Intumwa za Universite zo mubuhinde buramenya abarangije amashuri yisumbuye bifuza kwiga Kaminuza ikiciro cya 2 ni cya 3 ko intumwa zizo kaminuza ziri mu Rwanda ngo zifashe ababishaka kubona ibisobanuro no kwiyandikisha.

Muri AVS COLLEGE OF ARTS AND SCIENCE aho ushobora kujya kwiga
Muri AVS COLLEGE OF ARTS AND SCIENCE aho ushobora kujya kwiga

Ababyifuza babariza ku ishami rya Coin d`Art riri i Muhanga ahitwa mu Cyakabiri kuri UCAN Internet Café , iminsi yose mu masaha y’akazi .

NB: Kwiyandikisha ni ubuntu

Ibindi bisobanuro bariza kuri – 0788352941

– 0787138767

Cyangwa ukandikira e mail:gnshizirungu@ y mail.com

Ibigo byo kujya kwigaho ni:

1. AVS COLLEGE OF ARTS AND SCIENCE Iherereye mu majyepfo y’Ubuhinde

2. SSM COLLEGE OF ENGENIERING nayo iherereye mu majyepfo y’ubuhinde

Abanyeshuli 20 ba mbere baziyandikisha bazagabanyirizwa 25% by’amafaranga y’ishuri n’ibindi bitandukanye

Ikindi kandi nuko amashami yose akenewe abarizwa muri izi za kaminuza uko ari ebyiri mubyiciro bitandukanye biri hejuru.

Muri SSM COLLEGE OF ENGENIARING naho ushobora kujya kwiga
Muri SSM COLLEGE OF ENGENIARING naho ushobora kujya kwiga

Bikorewe I Muhanga

Umuyobozi wa Coin d`Art

Gustave Nshizirungu

0 Comment

  • Yes nibyiza ariko aba byeyi babe maso kuko ibivugwa atariko biri keretse ni bikorwa nu muhinde ubwe naho yo % nti baho mubuhinde.

  • Bajye batubwira ibiciro bya minerval + sejour y’umwaka nibyo byadukurura tukajya kubaza.

  • ni byiza cyane ariko mujye mutubwira ibiciro.

  • byababyiza mutubwiye,amafaranga,mwishuza,kumwaka,ese mucumbikira abanyeshuli

  • ikigaragara nuko Mail yanyu yanditse nabi mudushyirireho inyayo kko iyo wohereje sms irakugarukira mubikore kdi mutubwire na contion bakeneye ubundi tujye kwirira inyuguti.

  • Muduhe email nyayo kuko iyo mwanditse hejuru atariyo.Please mugire courage mugukosora iyo EMAIL.

  • e mailniba itarimo kwemera mwakoresha iyi [email protected]
    kubashaka ibijyanye n ibiciro mwatwoherereza e mail tukabaha doc byaba byiza mukadusanga kuri office
    Ntimutinde kandi kuko kwiyandikisha ku bunu birangirana niki cyumweru

  • wangu education yo mu buhinde ntabwo ikomeye cyane keretse wenda iby”ubuganga naho ibindi ni ibisanzwe kandi icyongereza cy”abahinde ni gike cyanee

  • AVS ni abanyamutwe ndabazi n’ishuli ntiririzura kandi ni mucyaro mwagiye mureka kubeshya abana b’abanyarwanda koko? igihe mwabaroheye iyo za chidambalamu, Salemu, tirichi n’ahandi commission ntimurazihaga mwarekeye aho koko,

  • muzabaze abagiye mumajyaruguru y’ubuhinde.ahitwa punjabu ibyababayeho.

  • abahinde ntimubizere ugerayo bakaguhinduka.narahize ndahazi,ababishaka mwanyandikira kiri [email protected] nkabaha information zose.nubuntu.no yajye ni +919003607615

  • umva ni gute umuntu wo mu rda yaba information kurusha njyewe uhize mparangije na masters ntibazababeshye contact me my number yanjye ni +919500893571 nzabafasha niho niga muri avs college nibiciro byose muzabimbaze nzababwira

  • Hello. courrage

  • nshuti zanjye ntimupfe guhubuka mumanze mubaze.ibyo mbabwira nukuri jye ndahari.mumbaze kuri [email protected] cg kuri tel +919003607615 barababesha admission zitangira gutangwa mu 5 noneho ubu nidanger hano muri tamil nadu na siriranka rurageretse amasomo yahagaze.

  • Ibyo bababwira kugirango babakurure si ukuri,ubu nange niho ndi kwiga rero nzi ibyiza byaho nibibi byaho..kandi mwirinde guhubuka mbemereye kubaha amakuru kubabishaka..E-mail:[email protected]

  • mbanje gushima imana kuba naratanze msg nikinira ariko natunguwe nokubona umubare mwinshi warugiye kwiroha mumuriro batabizi,bose nabahaye inf yahano uko bimeze narabashimiye cyaye imana ibampere umugisha.hano mubuhinde batangira mu kwa 6 mushake documents vuba mutazacikanwa n’amasomo.abakunze aho nabarangiye mugiye kuza kwiga mwamenyesha kuri +919003607615 kugirango nzaze kubafata kuri airport kuko hari igihe umunyarwanda aza hari ababayobya bakabajyana ahandi kuka muba mutahazi.murakoze

  • dukeneye ibiciro wangu kuko ntiwakwiyandikisha mu ishuri utazi school fees,so byaba ari imitwe gusa muduhe retails z’ibintu byose turabikeneye

Comments are closed.

en_USEnglish