Aba mu mugi wa Kigali mu karere ka Gasabo, yatsindiye guhagararira Intara y’Amajyepfo, yasuye Umuseke mbere yo kujya mu mwiherero asubiza bimwe mu bibazo rusange n’ibireba u Rwanda ashaka kubera itara. Abakobwa bemererwa guhatanira kuba Miss Rwanda baba bari hagati y’imyaka 18 na 25 kandi barize nibura amashuri yisumbuye (humanities) atuma umuntu aba akerebutse mu […]Irambuye