Tags : Thomas Murenzi

Gitifu w’Akarere ka Rutsiro yatawe muri yombi

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Rutsiro Murenzi Thomas afungiye mu Mujyi wa Kigali akekwaho ibyaha bya ruswa nk’uko byemejwe na Police y’u Rwanda. Abandi bayobozi b’akarere nabo bahaswe ibibazo. Chief Superintendent of Police (CSP) Celestin Twahirwa yabwiye Umuseke ko uwo muyobozi mu karere ka Rutsiro koko ubu akurikiranywe na Polisi y’u Rwanda, kandi iperereza riri gukorwa. Twahirwa ati “Yahamagawe […]Irambuye

en_USEnglish