Tags : South

Muhanga: Umuturage arifuza gusubizwa isambu yubatsemo Ikigo Nderabuzima

MUNYANDAMUTSA  Jafari  atuye mu mudugudu wa Gatengezi, Akagari ka Nyamagana, Umurenge wa Ruhango mu Karere ka Ruhango,  amaze igihe yandikira Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga  asaba gusubizwa  ubutaka bufite ubuso busaga Ha 2 bukaba burimo n’ikibanza cyubatsemo Ikigo Nderabuzima cya Gitarama, yemera kuba yasasaranganya ubwo butaka n’Abaturage bahafite inzu kuko bamaze gutura. MUNYANDAMUTSA  avuga ko  bahoze […]Irambuye

en_USEnglish