Tags : Sima

Sima yo mu Rwanda ngo ni ntamakemwa mu buziranenge –

Mu kiganiro yahaye abanyamakuru nyuma yo gutangiza inama nyafrica yiga uko gushyiraho amabwiriza y’ubuziranenge yanozwa kuri uyu mugabane, umuyobozi w’Ikigo cy’igihugu gishinzwe gukurikirana ishyirwa mu bikorwa by’ubuziranenge Raymond Murenzi yavuze ko kugeza ubu mu Rwanda hari ibikoresho na serivise bigera kuri 400 byahawe icyemezo cy’ubuziranenge. Muri byo ngo harimo Sima n’ibyuma bifasha mu kubaka (fer […]Irambuye

en_USEnglish