Ibigo bishinzwe gutwara abantu byari bimaze iminsi bikorera imbere y’inzu z’ubucuruzi, kuri ubu byatangiye gukorera by’agateganyo muri Gare iri hafi ku kuzura. Hari hashize igihe iyi Gare nshya itegerejwe n’abacuruzi batari bake nubwo imirimo yo kuyubaka no kuyitaha yagiye yigizwa inyuma bitewe n’uko amafaranga yagendaga aboneka. Gutinda kuzura kandi kw’inyubako ya gare biri mu bintu […]Irambuye