Tags : Police

Ibizamini bya ADN byakoreshwaga i Burayi ubu birakorerwa Kacyiru

Bizanoza ubutabera kuko hagabanuka igihe n’amafaranga, Ubushinjacyaha bwoherezaga ibizamini 800 mu Budage, Kuri uyu wa kane Minisitiri w’Ubutabera akaba n’intumwa nkuru ya Leta, Johnston Busingye yatangije isuzumiro ry’ibimenyetso bishingiye ku buhanga ‘Forensic Laboratory’, ngo rizafasha cyane mu kuzigama amafaranga yakoreshwaga mu kujya gupimisha ibimenyetso mu mahanga ndetse n’igihe kinini byamaraga umuntu ategereje igisubizo. Rwanda Forensic […]Irambuye

Wa mugabo w’i Kirehe ‘wiyitiriye BDF akambura abaturage’ yafashwe

Amakuru agera ku Umuseke ni uko Iyamuremye ukekwaho kwambura abaturage ababeshya ko akorera ikigo gitanga ubwishingizi ku mishinga y’urubyiruko n’abagore (BDF), bityo akazabafasha kubona inguzanyo yatawe muri yombi. Mu cyumweru gishize twabagejejeho inkuru ivuga ko hari umugabo witwa Iyamuremye Francois Xavier wo mu karere ka Kirehe bivugwa ko yiyitiriye ko akorera BDF akusanya amafaranga million enye […]Irambuye

Nakorewe ubutinganyi, mfatwa no ku ngufu n’abagore 4 muri Jenoside

*Burya n’abagabo batari bacye bafashwe ku ngufu muri Jenoside *Soma ubuhamya bw’uwakorewe ubutinganyi, akanafatwa ku ngufu n’abagore muri Jenoside Muri Jenoside yakorewe abatutsi habayemo amarorerwa menshi, gufatwa ku ngufu n’abicanyi ni imwe mu ntwaro yakoreshejwe n’interahamwe, ndetse Urukiko Mpuzamahanga mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda rwaje kwemeza icyaha mpuzamahanga cyo gufata ku ngufu nka kimwe mu byaha […]Irambuye

Champions Ligue Final: Hazifashishwa ibyuma bimenya abagizi ba nabi

Ubwo hazaba haba umukino wa nyuma wa Champions League ku kibuga cy’umupira cyitwa Millenium Stadium kiri mu mujyi wa Cardiff mu Bwongereza, Police irateganya kuzakoresha ibyuma bimenya buri isura ya buri wese uzaba ahari, hakarebwa niba yakekwaho ubugizi bwa nabi kandi Police ikaba yazabasha kumenya isura y’umuntu runaka uri ku rutonde rw’abashakishwa waba yihinduranyije ndetse […]Irambuye

Gahanga: Umurambo w’umusore watoraguwe mu gihuru

Mu gitondo kuri uyu wa Gatatu hari umurambo w’umusore uri mu kigero cy’imyaka 29 watoraguwe mu gihuru giherereye mu mudugudu wa Kaboshya mu Kagali ka Rwabutenge mu Murenge wa Gahanga. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Gahanga Florence Ntakontagize yabwiye Umuseke ko ahagana sa tatu za mu gitondo ari bwo uwo murambo wabonetse. Umurambo wa nyakwigendera ngo […]Irambuye

S.Africa: Gutwara wanyoye inzoga bizajya bihanwa nko kwica umuntu

Minisiteri yo gutwara abantu n’ibintu muri Africa y’Epfo yatanze umushinga w’itegeko rizahana abatwara ibinyabiziga basinze, iri tegeko niryemezwa ufashwe yarirenzeho agahamwa n’icyaha azajya ahanwa nk’uwishe umuntu abigambiriye cyangwa uwasambanyije umwana. Raporo ya Polisi muri Africa y’Epfo ivuga ko impanuka zabaye mu minsi mikuru irangiza umwaka ushize zahitanye abantu bagera ku 1 700 kandi abamotari 6 […]Irambuye

en_USEnglish