Kuri uyu wa kane mu gitondo kandida Perezida Philippe Mpayimana yiyamamarizaga mu bice by’iburengerazuba, mu murenge wa Nyamyumba yahageze asanga ategerejwe n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge ariko ntiyahatinda kuko hari abantu mbarwa. Yavuye aha Nyamyumba ahamaze umwanya muto, ahita yerekeza mu murenge wa Gisenyi ku kibuga cya Nengo naho ahasanga Umunyabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge gusa waje kumwakira. Aha […]Irambuye