Tags : Nyaruguru

Nyaruguru: Abaturage 4 bakomerekejwe n’abakekwa ko ari 'amabandi'

Mu ijoro ryo kuri iki cyumweru rishyira kuwa mbere tariki 11, mu mudugudu wa Cyamutumba, akagari ka Mukuge mu murenge wa Ngera, Nyaruguru, abantu bitwaje intwaro gakondo bakomerekeje abaturage basahura n’ibikoresho bya bamwe. Bane muri aba bakomerekejwe bikabije bari mu bitaro bya Kabutare mu karere ka Huye. MUKANKUSI Valentine, NSENGIYUMVA Emmanuel na bagenzi babo, ubwo […]Irambuye

I Nyaruguru biteguye kwakira Kagame ukomeje kwiyamamaza mu Majyepfo

Ku isaha ya saa 8h00, abaturage ba Nyaruguru bamaze kugera kuri site iri ahazwi cyane nka Ryabidandi, mu murenge wa Nyagisozi. Barararirimba indirimbo zisingiza ibikorwa by’ubutwari bya Perezida Kagame Paul. Nyuma yo kugera mu karere ka Ruhango na Nyanza ku wa gatanu aho yatangiriye ibikorwa byo kwiyamamaza, Kagame Paul umukandida wa RPF-Inkotanyi arakomereza ibi bikorwa […]Irambuye

Nyaruguru: Abaturage b’abahinzi bishyize hamwe bakora koperative ikora isabune

 *Umuturage wo muri ako gace ukeneye isabune adafite amafaranga ngo baramukopa, *Ikibazo bafite ni icyo kudahaza isoko ry’abakeneye isabune kubera imashini yapfuye. Mu murenge wa Nyagisozi wo mu karere ka Nyaruguru abaturage bishyize hamwe bashinga koperative ikora amasabune none ngo uretse kubafasha mu mibereho, bo ubwabo ngo n’abaturage baturiye aho koperative ikorera ngo ibafasha kwita […]Irambuye

Nyaruguru: Mayor Habitegeko yasabye abaturage b’abahinzi guhinga nk’uko babigize umwuga

*Ngo hari benshi bahorana inzara bokamwe n’ubukene kubera ubunebwe, *Hahingira isuka ya mbere kandi bagahinga ibijumba kuko byo byihanganira izuba. Ikibazo cy’amapfa cyateje gusonza kuri bamwe hirya no hino mu gihugu, i Nyaruguru ngo hari abo icyo kibazo kitagezeho cyane kuko igihembwe gishize bahinze kare ntibabuririza, gusa ngo hari n’abandi benshi bahinze batinzeho gato ntibabona […]Irambuye

Kibeho: Koperativi Isaro imboni y’abagore ibafasha kwita ku nshingano z’urugo

Leta ngo iyo ikangurira abantu kwibumbira mu makoperative ni uko iba izi ibyiza bazayabonamo, ngo guhura bagahuza imbaraga bituma bagera ku kintu umuntu umwe atazapfa agezeho. Mukamukama Therese Perezidante wa Koperative Isaro Imboni Kibeho avuga ko koperative y’abagore ayobora ubu ituma nta mubyeyi akibura amafaranga y’ishuri cyangwa ay’ibikoresho ngo umwana abe yacikiza amashuri, kandi ngo […]Irambuye

Amajyepfo: RCA ntiyemeranya n’urubyiruko ko amikoro arubuza kujya muri koperative

*Ngo umuzi w’ikibazo ushobora kuba ari amateka mabi yaranze amakoperative, Leta y’u Rwanda ikunze gukangurira Abanyarwanda by’umwihariko urubyiruko kwibumbira mu makoperative kugira ngo bahuze imbaraga barusheho kwihuta mu iterambere. Ikigo cy’igihugu gishinzwe amakoperative (RCA) kivuga ko n’ubwo urubyiruko ari rwo rukunze gukangurirwa kwishyira hamwe ari na rwo rukomeje guseta ibirenge mu kubahiriza izi nama. Mu […]Irambuye

Amafoto: Ubuzima bw’umuturage mu Karere ka Nyaruguru

Mu bihe bitandukanye umunyamakuru w’Umuseke Callixte Nduwayo yasuye Akarere ka Nyaruguru, yitegereza imibereho y’abaturage cyane mu mirimo ibateza imbere. Umuseke wabahitiyemo amwe mu mafoto ajyanye n’ubuzima bwa Nyaryuguru mu bijyanye n’akazi gasanzwe abaturage bakora ngo babeho, n’imiterere y’ubuhinzi muri Nyaruguru mu mwaka 2016 no mu matariki ya mbere ya Mutarama 2017. Mu gitondo cya kare, […]Irambuye

 Nyaruguru: Abagore b’Abavumvu ngo nta kirazira ku mwuga uguteza imbere

*Koperative mu myaka itatu imaze koroza buri munyamuryango itungo rigufi. Nyaruguru – Rusenge Koperative Urwiru Rusenge y’abagore borora inzuki ikanacuruza ubuki, abanyamuryango bayo bavuga ko yabahinduriye imibereho, bahinduka no mu mutwe bumva ko nta murimo w’abagabo cyangwa uw’abagore ubaho, ngo icyangombwa ni ukuwukora uwukunze na wo ukaguteza imbere.   Iyi koperative igizwe n’abagore 80 n’abagabo […]Irambuye

Nyaruguru: Abaturage barasabwa kuzigama birinda ingaruka z’imihindagurikire y’ibihe

*Bucya bwitwa ejo, ngo abaturage bagomba guteganyiriza ejo,  *Ababona amahirwe yo gukora imirimo ibahemba ntibakwiye kuba “yampe yose”, *Kuzigama ni byo bizabafasha kubaho mu bihe bibi biterwa n’ihindagurika ry’ibihe. Imihindagurikire y’ibihe ni kimwe mu bibazo bikomeye byugarije Isi, bigira ingaruka nyinshi ku buhinzi n’abahinzi. Muri Nyaruguru, nyuma yo kubona ko ikirere kibashwanira, abaturage basabwa kwiga […]Irambuye

en_USEnglish