Tags : Nkosazana Dlamini-Zuma

AUSummit: Abahatanira gusimbura Dlamini-Zuma baburiwe icyizere gihagije

UPDATE: Amatora ya Perezida wa Komisiyo y’Umuryango wa Africa yunze Ubumwe yari ateganyijwe i Kigali mu nama y’Abakuru b’Ibihugu yasubitswe, yimurirwa muri Mutarama 2017. Nyuma y’uko abakandida bahataniraga umwanya wo kuyobora Komisiyo y’Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe babuze ubwiganze bw’amajwi yari akenewe, abakuru b’ibihugu na za Guverinoma bafashe umwanzuro wo kuyimura. Perezida wa Tchad, akaba […]Irambuye

en_USEnglish