Meddy na The Ben, ni abahanzi bakunzwe cyane mu rubyiruko n’abakunda muzika nyarwanda, abafana ba muzika ntibahwema kubagereranya. Ubu byariyongereye cyane kubera indirimbo baherutse gusohorera rimwe zikunzwe muri iyi minsi. Dan Byiringiro akaba mukuru wa The Ben ari ku ruhande rwa murumuna we, we avuga ko aba bahanzi bombi umwe ari umuririmbyi undi akaba umubyinnyi. […]Irambuye
Tags : Meddy
Muri Rwanda Day yaberaga i Amsterdam mu Buholandi kuri uyu wa 03 Ukwakira 2014 abahanzi b’abanyarwanda bakumbuje cyane abanyarwanda baba iburayi bari bateraniye yo umuziki wo mu Rwanda, by’umwihariko Meddy na Teta na King James babataramiye na nijoro nyuma ya Rwanda Day nyir’izina. Mbere gato y’uko Perezida ahagera ahagana mu masaa kumi n’ebyiri (ku isaha […]Irambuye
Mu myaka ine The Ben na Meddy bamaze muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, ubu ngo barasabwa amezi 30 azagaragazwa na Visa ziri muri muri Passports zabo ku ngendo bagiye bakora cyangwa bashobora kuzakora noneho nyuma y’izo ngendo na Visa zitandukanye bakabona guhabwa ubwenegihugu bw’Amerika. Kugirango wemerewe kuba watangira gushaka ubwenegihugu bwa Amerika, ngo bisaba kuba […]Irambuye
14 Mutarama 2015 Ngabo Médard Jobert uzwi cyane muri muzika nka Meddy na mugenzi we Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben, bagiye gukorera igitaramo mu gihugu cy’u Burundi bakazakomereza mu Rwanda nk’uko Meddy yabitangarije Umuseke. Aba bahanzi bari bakunzwe cyane mu Rwanda, bamaze imyaka itandatu baba muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, indirimbo zabo zakomeje gukundwa ndetse […]Irambuye
The Ben na Meddy abahanzi bamamaye mu muziki ugezweho mu Rwanda guhera mu 2008 nyuma y’igihe gito bakajya kuba muri Amerika, ubwo bari bakunzwe cyane mu Rwanda havugwaga amakuru ko hari ubushyamirane bukomeye hagati ya bombi ubwabo ariko ntacyo babitangazagaho kuko bari banafitanye indirimbo bise ‘Jambo’. Umwiryane wavuzwe hagati yabo, hari abemeza ko ariwo watumye […]Irambuye
Ngabo Médard Jobert niyo mazina ye, mu muziki azwi nka Meddy, umwe mu bahanzi bazamutse baririmba injyana ya R&B igihe gito agahita akundwa bidasanzwe mu Rwanda. Yavutse ku itariki ya 7 Kanama 1989 avukira i Burundi mu mujyi wa Bujumbura, ubu aba muri Leta zunze ubumwe za Amerika. Avuga ko igihe cyo gushaka umukunzi abona […]Irambuye