Inama yo gutangiza iki kigo kitwa Sustainable Development Goals Center for Africa, yabereye mu nyubako ya Kigali Convention Center muri iki gitondo. Perezida Paul Kagame yavuze ko iki kigo ari amahirwe ku Banyafurika kugira ngo barebe uko bakorera hamwe mu kugeza abaturage ku iterambere. Iyi nama yitabiriwe n’intumwa zaturutse mu bihugu 24 bya Africa n’abandi […]Irambuye
Tags : Kagame Paul
Mu nama y’Umushyikirano iri kuba ku nshuro ya 14, Umunyarwandakazi Mukantaraga Edissa uba mu gihugu cya Uganda avuga ko impano y’ubumenyi yahawe Perezida Paul Kagame ikwiye gusangizwa amahanga biciye mu kigo yifuza ko gishyirwaho kikitirirwa Perezida. Ati “ Numvise Imana imbwira ngo habayeho ikigo kitwa ‘Kagame Institute of Good Governance’. Atanga igitekerezo cye, Edissa Mukantagara […]Irambuye
Umuhanda unyura ahitwa mu Giperefe mu mujyi wa Muhanga watangiye gushyirwamo kaburimbo igice cya mbere, NZABONIMPA Onesphore Umuyobozi ushinzwe ibikorwaremezo mu Karere avuga ko imirimo yo kubaka uyu muhanda igeze kuri 75%. Uyu ni umwe mu mihanda Perezida Paul Kagame yasezeranyije abaturage ubwo yimamarizaga manda ya kabiri yo kuyobora iguhugu mu mwaka wa 2010, igihe […]Irambuye
*Me Evode yibukije Abanya-Rubavu ko uwo Abanyarwanda benshi bifuza yababwiye ‘Yego’, *Ngo ntawaciwe intege. Ati “ Hari uwo se twaziritse amagura n’amaboko”, *Ati “ Ntabwo ndi muri Campaign ariko rusibiye aho ruzanyura.” Kuri uyu wa 10 Ukuboza, u Rwanda rwifatanyije n’Isi yose kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’Uburenganzira bwa muntu. Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubutabera ushinzwe […]Irambuye
Kuri uyu wa gatanu tariki 18 Ugushyingo 2016, Perezida Paul Kagame yakiriye indahiro z’abadepite batatu bashya, Karinijabo Barthelemy, Mukamana Elizabeth na Bitunguramye Diogene basimbuye, Abadepite bagiye mu zindi nshingano na Hon Nyandwi Desire uherutse kwitaba Imana. Karinijabo Barthelemy, Mukamana Elizabeth na Bitunguranye Diogene baturuka mu muryango RPF-Inkotanyi basimbuye Nyirasafari Esperance wagizwe Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, […]Irambuye
Inama y’Abaminisitiri idasanzwe, yateranye ku wa gatanu tariki 10 Ugushyingo 2016, yemeje ko umuturage wo mu cyiciro cya mbere cyangwa icya kabiri cy’Ubudehe, nasuzumwamo Malaria n’Umujyanama w’Ubuzima cyangwa ku Kigo Nderabuzima, azajya avurirwa ubuntu, iyi nama y’Abaminisitiri yanemeje abayobozi mu bigo bitandukanye bya Leta, barimo MURENZI Raymond wagizwe Umuyobozi Mukuru (Director General) wa RSB. Mu […]Irambuye
Amakuru y’urupfu rwa Makuza Bertin, umwe mu baherwe u Rwanda rwari rufite, yamenyekanye mu gicuku cyo ku wa gatatu tariki 2 Ugushyingo 2016, ubwo ngo yari mu modoka ajya ku kazi agatangira kumererwa nabi, akajyanwa kwa muganga mu Bitaro byitiriwe Umwami Faisal ari naho yaguye, bivugwa ko yazize indwara ya ‘stroke’ ibafa ubwonko. Makuza Belletin […]Irambuye
Umunyamabanga Mukuru wa UN wungirije, Jan Eliasson wasoje uruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri mu Rwanda, yavuze ko yashimishijwe cyane n’uburyo impunzi zitabwaho mu Rwanda, asaba ko n’amahanga yose ashyiraho amategeko afasha abimukira n’impunzi kubaho neza. Mu kiganiro kigufi n’abanyamakuru, Jan Eliasson yasobanuye ko uruzinduko rwe mu Rwanda rwari rufite impamvu nyinshi nyuma yo kumara imyaka myinshi […]Irambuye
Inama y’Abaminisitiri yateranye muri Village Urugwiro iyobowe na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yafashe imyanzuro itandukanye harimo uwo guhagarika Gasana Richard Eugene wari Ambasaderi w’u Rwanda muri UN, ndetse iha imirimo mishya Amb. Dr Charles Murigande muri Kaminuza y’u Rwanda. Inama y’Abaminisitiri yemeje imibare fatizo (index value) ya 350 na 400 y’imishahara mu […]Irambuye
Mu ijambo ry’Umunsi wo Kwibohora Perezida Paul Kagame yavugiye mu Mudugudu wa Mbuganzeri, mu Kagari ka Batima, Umurenge wa Rweru, Akarere ka Bugesera, yibukije ko mu kwibihora hari urugamba rwa mbere rwaranzwe n’amasasu n’intwaro rwarangiye, ubu urugamba rusigaye rukaba ari urw’iterambere rushingiye kubyo abanyarwanda bifuza kandi bihitiyemo. Uyu muhango wo kwizihiza ku nshuro ya 22 […]Irambuye