Mu myanzuro yafatiwe mu nama y’abakuru b’ibihugu na Guverinoma by’Umuryango w’Ubumwe bwa Afurika yari iri kubera i Addis Ababa muri Ethiopia, kuri uyu wa 04 Nyakanga yemeje ko u Rwanda ruzayobora uyu muryango mu mwaka utaha wa 2018. Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga akaba n’umuvugizi wa Leta y’u Rwanda, Louise Mushikiwabo wabinyujije kuri Twitter, yavuze ko mu […]Irambuye
Tags : Kagame Paul
Abaturage bo mu kagari ka Muzingira mu murenge wa Mutenderi, babonye amazi meza nyuma y’igihe kinini Umuseke ubakorara ubuvugizi, ngo barwaraga indwara ziterwa no kunywa no gukoresha amazi mabi. Umuryango nyarwanda utegamiye kuri Leta, uharanira guteza imbere uburezi, washora miliyoni eshehsatu (Frw 6 000 000) mu mushinga wo kwegereza abaturage amazi kugira ngo bagire ubuzima bwiza, […]Irambuye
Kuri uyu wa kane, nyuma yo kwakira Kandidatire ya Mpayimana Phillipe wifuza kuba umukandida wigenga, Komisiyo y’Igihugu y’Amatora yakiriye na kandidatire ya Paul Kagame uzahagararira Ishyka rya RPF-Inkotanyi mu matora ya Perezida wa Repubulika ateganyijwe ku matariki 03 na 04 Kanama 2017. RPF Inkotanyi yabukereye ndetse yahagurukije abanyamuryango bayo benshi, ubu abarenga 100 bari kuri […]Irambuye
Umunsi wa gatandatu tariki 17 Kamena 2017 wari umunsi ukomeye ku banyamuryango ba RPF- Inkotanyi bari bwemeze uzabahagararira mu matora y’Umukuru w’Igihugu azaba tariki 4 Kanama 2017 mu Rwanda. Kagame Paul ni we watowe nk’umukandida uzabahagararira. Perezida Kagame Paul akaba na Chairman w’Umuryango RPF-Inkotanyi, akimara gutorwa yavuze ko abanyamuryango bagomba kurangwa n’ibikorwa aho kuba umwambaro […]Irambuye
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu Francis Kaboneka ku wa mbere atangiza icyumweru cy’Ubujyanama mu mujyi wa Kigali yatunguye benshi mu baturage, ahamagaza umwe muri bo i Gahanga ngo aze baganire begeranye. Mu buryo bwo gutebya, Minisitiri Kaboneka yabazaga uwo muturage witwa Hajamahoro Rasaro w’imyaka 37, wabwiye Umuseke ko atuye mu mudugudu wa Rugando II mu kagari ka […]Irambuye
Mu gutangiza icyumweru cy’Abajyanama ku rwego rw’Umujyi wa Kigali, Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu yavuze ko abaturage n’abayobozi bagomba gufatanya kubaka igihugu no kugera ku iterambere. Asubiza umuturage wavuze ko yangiwe kubaka, Kaboneka yavuze ko hari ubwo bikorwa ku bwo gutegera ejo hazaza, kuko ‘U Rwanda ruyobowe na Perezida Paul Kagame atari urw’akajagari’. Ni mu kagari ka […]Irambuye
Minisiteri y’Ubutabera ku bufatanye n’Akarere ka Muhanga, bashyikirije Abunzi amagare bemerewe na Perezida wa Repubulika Paul Kagame ubwo uru rwego rw’Abunzi rwizihizaga isabukuru y’imyaka 10 rwari rumaze rugiyeho. Ku ikubitiro Abunzi 147 ku rwego rw’Akagari n’Imirenge bigize Akarere ka Muhanga, nibo bashyikirijwe amagare bahawe n’Umukuru w’Igihugu Paul Kagame mu mwaka wa 2010. Bamwe mu bunzi […]Irambuye
Perezida Paul Kagame yasoje umwiherero w’Abayobozi bakuru b’igihugu ku nshuro ya 14 waberaga i Gabiro mu kigo cya Gisirikare, yavuze ko abayobozi bagomba kuzuza inshingano bafite zo gukura abaturage mu bukene, kandi bagafatanya. Uyu mwiherero watangiye ku wa gatandatu tariki 25 Gashyantare 2017, abayobozi bari bamaze iminsi itanu baganira ku ngamba zafatwa mu kwihutisha iterambere […]Irambuye
Mu mwiherero w’Abayobozi bakuru watangiye i Gabiro mu kigo cya gisirikare kuri uyu wa gatandatu, Perezida Paul Kagame yikomye bikomeye abantu banyereza imitungo ya Leta bigatuma igwa mu gihombo, ibyo yavuze ko bitazakomeza kwemerwa. Yasabye ko abayobozi barushaho gukorana aho kugira ngo buri wese akore ibye. Nyuma y’umuganda wabereye mu kagari ka Simbwa, mu murenge […]Irambuye
*Iyi nama yemeje amateka Irya Perezida ryirukana ba Officiye muri Polisi 66, n’Irya Minisitiri ryirukana ba Sous-Offisiye 132. Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateranye muri Village Urugwiro kuri uyu wa gatanu yashyizeho abayobozi mu nzego zitandukanye harimo MUKARULIZA Monique wayoboraga Umujyi wa Kigali wagizwe Ambassaderi w’u Rwanda muri Zambia. Iyi nama yari iyobowe na Perezida Paul Kagame yagize […]Irambuye