*40% by’amabuye y’agaciro ari aho bacukura niyo babasha kuvanamo Kuri uyu wa kabiri, urwego rw’igihugu rushinzwe ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro, Peteroli na Gazi rwatangaje ko muri uyu mwaka w’ingengo y’imari bugiye kunoza ubucukuzi ku buryo umusaruro wabwo uzava kuri miliyoni 373 z’amadolari ya America yabonetse mu mwaka ushize ukagera kuri miliyoni 600. Byagarutsweho mu nama igamije […]Irambuye
Tags : Francis Gatare
Kigali – Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri Leta y’u Rwanda ihagarariwe na Minisiteri y’ubuhinzi yagiranye amasezerano na Kompanyi yitwa Unilever Tea Rwanda Limited yo kubyaza umusaruro ubuhinzi bw’icyayi buherereye ku Munini na Kibeho mu karere ka Nyaruguru. Unilever Tea Rwanda Limited y’abashoramari b’abanyamahanga biyemeje gushora amadorari arenga miliyoni 40$ mu kubaka inganda ebyiri […]Irambuye
Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatandatu Perezida Kagame yakiriye itsinda ry’Abasenateri batandatu bo muri Congress ya Leta z’Unze ubumwe za Amerika baganiriye nawe ku by’ububanyi bw’igihugu cyabo n’u Rwanda. Aba basenateri bo mu ishyaka ry’Aba-Republicans bari baherekejwe na Ambasaderi wa USA mu Rwanda Erica Barks-Ruggles. Ibiganiro bagiranye byiganje ku mibanire y’ibihugu byombi byarimo kandi […]Irambuye
Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri, Kompanyi y’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciryo y’Abashoramari bo muri Oman yasinye amasezerano y’ibanze na Leta y’u Rwanda ihagarariwe na RDB n’Umunyamabanga wa Leta ushinzwe ibya mine, y’imirimo y’ubushakashatsi no gucukura amabuye y’agaciro mu Bisesero mu karere ka Karongi. Ni ishoramari rifite agaciro ka miliyoni 39 z’Amadolari ya Amerika. Iyi Kompanyi […]Irambuye
Li Yong umuyobozi mukuru wa United Nations Industrial Development Organization (UNIDO) yabonanye na Perezida Kagame ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kane, uyu mushinwa yemereye Kagame ko bafite ingamba nshya zigamije guteza imbere inganda cyane cyane muri Africa. Li Yong wahoze ari Visi Minisitiri w’imari w’Ubushinwa ubu uyobora iri shami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe iterambere ry’inganda, […]Irambuye
*Imishinga y’ubukerarugendo irimo kubaka Hoteli y’inyenyeri 5 *Perezida Kagame avuga ko ari imishinga izaha akazi amagana y’urubyiruko Kuri uyu wa 17 Ugushyingo ikigo cy’igihugu cy’iterambere RDB cyasinye amasezerano y’ubufatanye n’ikigo cy’ibijyanye n’ishoramari cy’umujyi wa Dubai. Aya masezerano asinywa hari Sheikh Mohammed bin Rashid Al Maktoum Visi Perezida akaba na Minisitiri w’intebe wa UAE ndetse akaba […]Irambuye
Kakiru – Ku mugoroba wo kuri uyu wa kane KLab kubufatanye n’ikigo RDB na Ambasade ya Amerika i Kigali batangije mu Rwanda ihuriro (Global Network) rya ba rwiyemezamirimo ku isi rigamije kwigishanya, kuba intangarugero no guhuza ba rwiyemezamirimo bakomeye cyane n’abakizamuka. Iri huriro ubu riba mu bihugu 80 ku isi, u Rwanda rukaba uyu munsi […]Irambuye
*Buhanga ECO PARK aho Umwami wimye ingoma yakubitirwaga ibyuhagiro (agahabwa imitsindo) *Iriba yogeragamo rirahari riri mu buvumo *Nkotsi na Bikara ni iriba ryuzura amazi mu gihe cy’Impeshyi (izuba ari ryinshi) akagabanuka mu itumba *Iri riba hari Bourgmestre wahatse kuryimura, inzoka zimara igihe zigaragambya ku biro bye Ubwo nari i Musanze, twasuye Urugo rw’Umwami ruri mu […]Irambuye
Red Rock Center ni ikigo gicuruza imitako y’ubugeni bugaragaza umuco wa Kinyarwanda by’umwihariko uw’abantu batuye i Musanze, ariko by’umwihariko hakaba hari ubusitani butuje. Iki kigo kiri muri km nyeya uvuye mu mujyi wa Musanze gituranye n’Ishuri rya Nyakinama. Red Rocks, ntabwo ari urutare rutukura nk’uko wabyumva. Ni ahantu hatunganyijwe neza hari inyubako gakondo zijyanye n’ubukerarugendo […]Irambuye
Amb. Yamina Karitanyi ushinzwe ubukerarugendo muri RDB, kuri uyu wa gatatu yavuze ko mu muhango wo Kwita Izina ingagi, u Rwanda rushaka cyane kugaragaza ibyiza birutatse ku baturage bo mu karere ka Africa y’Iburasirazuba, no gukurura ba mukerarugendo bo mu mahanga ya kure. Uyu mwaka bazita amazina abana 24 b’ingagi. Kwita Izina abana b’ingagi bizaba […]Irambuye