Digiqole ad

PGGSS5: i Kabarondo uko byari byifashe

 PGGSS5: i Kabarondo uko byari byifashe

Urukundo aba ari rwose rw’abafana ku bahanzi

20 Kamena 2015 i Kabarondo mu Ntara y’Iburasirazuba niho habereye igitaramo kibanziriza icya nyuma mu bitaramo bya semi-live. Aho igitaramo cya nyuma nyiri ubwite kizabera i Rwamagana mu cyumweru gitaha. I Kabarondo hari abantu benshi baje kwakira abahanzi 10 bari guhatana, buri umwe muri aba nawe yari abafitiye impamba ya muzika ye.

Urukundo aba ari rwose rw'abafana ku bahanzi
Abafana ni benshi bazaniye abahanzi urukundo babafitiye

Nyuma yo kuzenguruka zimwe mu Ntara zose bataramira abakunzi ba muzika nyarwanda, ibitaramo bya semi-live biragana ku musozo aho bagomba kuzahita binjira mu kiciro cy’ bitaramo bya full-live ari nabyo bizaba bifite amanota menshi.

Irushanwa rya Primus Guma Guma Super uko rigenda riba ngaruka mwaka niko rigenda rihindura imitegurire yaryo.
Ku nshuro ya gatanu ubu habaye ibitaramo byinshi kurusha izini nshuro zose zabanje.

Benshi mu bahanzi bahamya ko iri rushanwa ari imwe mu nzira yoroshye ku muhanzi wagize amahirwe yo kuryitabira kuba ibihangano bye bimenyekana hirya no hino nawe aakabona abafana atapfa kubona mu gitaramo yiteguriye.

Jules Sentore, Dream Boys, Knwoless, Senderi International Hit, Bruce Melodie, TNP, Paccy, Rafiki, Bulldogg na Active nibo bagomba kuvamo umuhanzi umwe wegukana iri rushanwa.

Abagize akanama nkemurampaka bageze ahabera igitarama
Abagize akanama nkemurampaka bageze ahabera igitarama, Lion Imanzi, Tonzi na Aimable Twahirwa (bari hagati)
Itsinda rya Active mbere yo kujya kuri stage
Itsinda rya Active mbere yo kujya kuri stage
Active mu ndirimbo 'lift'
Active mu ndirimbo ‘lift’, bagiye kuri stage bambaye indi myambaro
Derek,Tizzo na Olivis bagize itsinda rya Active
Derek,Tizzo na Olivis bagize itsinda rya Active
Senderi yahitishagamo indirimbo abafana be bashaka ko aririmba
Senderi yahitishagamo abafana be inirimbo bashaka ko abaririmbira
Senderi ni umwe mu bahanzi bamaze kwitabira iri rushanwa inshuro eshatu
Senderi ni umwe mu bahanzi bamaze kwitabira iri rushanwa inshuro eshatu, inyuma ye aba afite abantu bakora utuntu dutangaje duhugenza abafana
Uyu mukecuru arumviriza uburyohe bw'iki kinyobwa cya Primus
Nta nyota kuko Primus kuri macye zirahari
Knowless yitwaye neza nubwo yari amaze iminsi anarwaye
Knowless yitwaye neza nubwo yari amaze iminsi anarwaye
Knowless ni umwe mu bahanzi bashobora kuririmba indirimbo nyinshi atavuye kuri stage
Knowless yaje kuri stage yambaye amajeans amwegereye
Bulldogg mu njyana ya HipHop
Bulldogg mu njyana ya HipHop
Injyana ya HipHop ni imwe mu njyana zikunzwe cyane n'urubyiruko
Injyana ya HipHop iri mu zikunzwe cyane n’urubyiruko, aha bamuteze yombi
TNP nubwo ari ubwa mbere mu irushanwa bamaze kumenyera guhuza n'abafana
TNP nubwo ari ubwa mbere mu irushanwa bamaze kumenyera guhuza n’abafana
Paccy na Trecy bagize itsinda rya TNP
Paccy na Trecy bagize itsinda rya TNP
Rafiki agorwa cyane n'urubyiruko ruba rutibuka indirimbo ze
Rafiki agorwa cyane n’urubyiruko ruba rutibuka zimwe indirimbo ze
Rafiki mu bafana be
Rafiki mu bafana be
Jules Sentore ni umwe mu bahanzi bategwa amtwi cyane bumva indirimbo ze kubera ikinyarwanda kiba kirimo
Jules Sentore ni umwe mu bahanzi bategwa amtwi cyane bumva indirimbo ze kubera ikinyarwanda kiba kirimo
Jules Sentore acishamo akanahamiriza
Jules Sentore acishamo akanahamiriza
Oda Paccy umwe mu bahanzi bari muri iri rushanwa bakora injyana ya HipHop
Oda Paccy umwe mu bahanzi bari muri iri rushanwa bakora injyana ya HipHop
Paccy arapa anabyina
Paccy arapa anabyina
Dream Boys itsinda rihabwa amahirwe muri iri rushanwa
Dream Boys itsinda rihabwa amahirwe muri iri rushanwa
TMC na Platini bagize itsinda rya Dream Boys
TMC na Platini bagize itsinda rya Dream Boys baje bambaye umukara n’amasheni mu ijosi
Bruce Melodie ari mu bahanzi bahabwa amahirwe
Bruce Melodie ari mu bahanzi bahabwa amahirwe
Bruce Melodie mu bakunzi be
Bruce Melodie mu bakunzi be

Uramutse warakurikiye iri rushanwa kuva ryatangira mu bitaramo byose bimaze gutambuka, ninde muhanzi uha amahirwe yo kuryegukana? Mu kiciro cya full-live ni bande bahanzi uha amahirwe yo kuba bazitwara neza?

Photos/Nsanzabera J.Paul

Joel Rutaganda
UM– USEKE.RW

4 Comments

  • mana yanjye ntamarangamutima nshizemo kugeza kuri kano kanya Butera arayoboye peeeeeee

  • Abantu bi Kabarondo ndabona bo baba bakonje sinkabo mwatweretse last time ba rubavu cg gicumbi sinibuka neza.urabona ko aba ntagushyuha kabisa

  • Njye Nkuwabikurikiye nkurikijuko Yagiye yitwara nuko yishimiwe nimbagayabantu ahoyageraga hose Mbona Knowless Ariwugikwiye ntawamurushije rwose turebye ibyabayebyose

    Muri Full live ntagushidikanya konaho azitwaraneza ndabyizeye Igikombe uyumwaka nicyumukobwa wa Muzika

    Butera Knowlesssssssss

  • nubwo ntari mukanama nkemurampaka ariko ukurikije uko ibitaramo byagiye bigenda, biragaragara ko kugeza ubungubu Knowless afite amahirwe meshi yo kwegukana PGGSS5 uyu mwaka 2015,

Comments are closed.

en_USEnglish