Digiqole ad

PGGSS5: Igitaramo cya 15 cyabereye i Rubavu ari nacyo kibanziriza icya nyuma

 PGGSS5: Igitaramo cya 15 cyabereye i Rubavu ari nacyo kibanziriza icya nyuma

TNP ni ubwa mbere bitabira iri rushanwa

Ku wa 26 Nyakanga 2015 nibwo mu Karere ka Rubavu mu Ntara y’Iburengerazuba habereye igitaramo cy’irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star ribaye ku nshuro yaryo ya gatanu.

Microphones zateguwe mbere
Microphones zateguwe mbere

Kugeza ubu mu bitaramo byose bisaga 15 bimaze kuba, nta muhanzi n’umwe ushobora kuba wavuga ko ariwe uzegukana iri rushanwa bitewe nuko bose banganya amahirwe kugeza ubu.

Ibi bitandukanya cyane cyane iri rushanwa ribaye ku nshuro yaryo ya gatanu n’andi yagiye arinziriza aho byageraga ku gitaramo kibanziriza icya nyuma haramaze kugaragara uzaryegukana.

Uretse kuba buri muhanzi yumva muri we ko afite amahirwe yo kuba yakwegukana iri rushanwa, hari bamwe mu batangiye iri rushanwa bagenda bashyira bamwe mu bahanzi mu myanya cyangwa icyo umwe arusha undi.

Mu bahanzi bagenda bagarukwaho cyane kubera ibikorwa bagiye bagaragaza kuva iri rushanwa ryatangira, harimo Knowless, Bulldogg, Bruce Melodie, Jules Sentore, Dream Boys na Active.

Mu bahanzi bagiye bagaragaza ko bafite umubare w’abafana benshi harimo, Knowless, Bulldogg, Dream Boys na Bruce Melodie.

Umuhanzi ugenda ashyirwa mu majwi ko nta n’umwe bari kumwe mu irushanwa banganya ubuhanga mu miririmbire ni Jules Sentore. Itsinda rya Active bavuga ko ariryo tsinda rigira stage nziza kurusha abandi bahanzi.

Jules Sentore, Dream Boys, Knwoless, Senderi International Hit, Bruce Melodie, TNP, Paccy, Rafiki, Bulldogg na Active nibo bagomba kuvamo umuhanzi umwe wegukana iri rushanwa.

Amafoto uko byari byifashe

Hano buri wese yamanitse ukuboko kubera kwemera ibyo umuhanzi akoze
Hano buri wese yamanitse ukuboko kubera kwemera ibyo umuhanzi akoze
TMC na Platini bagize itsinda rya Dream Boys nibo bahanzi babanje ku rubyiniro ibyo bakunze kurwana n'isi
TMC na Platini bagize itsinda rya Dream Boys nibo bahanzi babanje ku rubyiniro ibyo bakunze kurwana n’isi
Platini uretse kuririmba aranawucinya
Platini uretse kuririmba aranawucinya
TMC usanga kenshi ariwe usigarana public iyo mugenzi we arimo kubyinana n'ababyinnyi babo
TMC usanga kenshi ariwe usigarana public iyo mugenzi we arimo kubyinana n’ababyinnyi babo
Hano Platini yavaga kuri stage ajya aho aririmbana n'abakunzi babo neza
Hano Platini yavaga kuri stage ajya aho aririmbana n’abakunzi babo neza
Akazi ni akazi, Lion Imanzi yarebaga ko bagushyigikiye cyangwa se udashyigikiwe
Akazi ni akazi, Lion Imanzi yarebaga ko bagushyigikiye cyangwa se udashyigikiwe
Senderi asigaye ari umuhanzi nawe ubyina kuri stage n'ababyinnyi be
Senderi asigaye ari umuhanzi nawe ubyina kuri stage n’ababyinnyi be
Senderi mu myambaro atari asanzwe azwiho cyane cyane ko yari amenyerewe ku dushya mu myambarire
Senderi mu myambaro atari asanzwe azwiho cyane cyane ko yari amenyerewe ku dushya mu myambarire
Uyu ni umwe mu babyinnyi nba Senderi
Uyu ni umwe mu babyinnyi nba Senderi
Mc Anita Pendo ni muri ubu buryo yari yambaye
Mc Anita Pendo ni muri ubu buryo yari yambaye
Mbere yo kujya kuri stage Knowless yabanje kuganira n'ababyinnyi be kimwe na Tino wasaga naho yashimishijwe n'imyambarire yabo
Mbere yo kujya kuri stage Knowless yabanje kuganira n’ababyinnyi be kimwe na Tino wasaga naho yashimishijwe n’imyambarire yabo
Knowless ati "Niba munkunda koko mumanike ukuboko kumwe gutya"
Knowless ati “Niba munkunda koko mumanike ukuboko kumwe gutya”
Ubu nibwo buryo Knowless yari yambayemo
Ubu nibwo buryo Knowless yari yambayemo
Icyo kunywa kiba gihari yaba fanta ku bana na Primus ku bantu bakuru
Icyo kunywa kiba gihari yaba fanta ku bana na Primus ku bantu bakuru
Paccy wo mu itsinda rya TNP
Paccy wo mu itsinda rya TNP
Trecy wo muri TNP
Trecy wo muri TNP
TNP ni ubwa mbere bitabira iri rushanwa
TNP ni ubwa mbere bitabira iri rushanwa
Bulldogg amaze kwerekana ko injyana ya HipHop iyoboye izindi mu Rwanda
Bulldogg amaze kwerekana ko injyana ya HipHop iyoboye izindi mu Rwanda
Bulldogg yongeye kwerekana ko akunzwe cyane i Rubavu
Bulldogg yongeye kwerekana ko akunzwe cyane i Rubavu
Itsinda rya Active baje bambaye nk'abasirikare bagiye ku rugamba
Itsinda rya Active baje bambaye nk’abasirikare bagiye ku rugamba
Derek wo muri Active
Derek wo muri Active
Olivis wa Active
Olivis wa Active
Tizzo wo muri Active
Tizzo wo muri Active
Moto y'ubucuruzi yahawe umunyamahirwe
Moto y’ubucuruzi yahawe umunyamahirwe
Paccy hano yumvishaga abantu ko ari umuraperi uzi ibyo akora
Paccy hano yumvishaga abantu ko ari umuraperi uzi ibyo akora
Paccy ni muri uburyo yari yambayemo
Paccy ni muri uburyo yari yambayemo
Uyu mwana wabonaga anezerewe cyane kuba arimo gufata amafoto
Uyu mwana wabonaga anezerewe cyane kuba arimo gufata amafoto
Ni ubu buryo Jules Sentore yari yambayemo
Ni ubu buryo Jules Sentore yari yambayemo
Jules Sentore imiririmbire ye benshi bahamya ko ntaho itaniye no kuba wamwumva kuri CD
Jules Sentore imiririmbire ye benshi bahamya ko ntaho itaniye no kuba wamwumva kuri CD
Ahamirizanya n'ababyinnyi be
Ahamirizanya n’ababyinnyi be
Bruce Melodie hano yumvisha abafana uko aririmba live
Bruce Melodie hano yumvisha abafana uko aririmba live
Bruce Melodie nta gihunga aba afite kuri stage
Bruce Melodie nta gihunga aba afite kuri stage
Mc Tino kuri iyi nshuro yari yambaye atya
Mc Tino kuri iyi nshuro yari yambaye atya
Rafiki hano yarimo aririmbana n'abafana
Rafiki hano yarimo aririmbana n’abafana
Rafiki ni uku yari yambaye
Rafiki ni uku yari yambaye

Biteganyijwe ko igitaramo cya nyuma cyo kizaba tariki ya 15 Kanama 2015 ari nabwo hazatangwa ibihembo ku bahanzi bose uko bagiye barushanywa.

Photos/Muzogeye Plaisir

Joel Rutaganda

UM– USEKE.RW

2 Comments

  • Mbega inkovu ku maguru ya Tino,wagirango yarwaye ubushita!!!

  • KNOLLESS NIWE UZACYEGUKANA

Comments are closed.

en_USEnglish