Digiqole ad

PGGSS IV: Reba uko igitaramo cya mbere cya Live cyagenze

Nyuma y’ibitaramo bya ‘playback’ byabereye ahatandukanye mu Ntara, ibitaramo bya Live byatangiriye mu Mujyi wa Kigali kuri Stade Amahoro i Remera kuri uyu wa Gatandatu 21, Kamena. Ni mu irushanwa rya PGGSS IV riri guhatanirwa n’abahanzi 10 batoranyijwe mu bandi.

Urubyiruko rwinshi i Kigali muri Stade baje kwirebera abahanzi bakunda
Urubyiruko rwinshi i Kigali muri Stade baje kwirebera abahanzi bakunda

Dukurikije urutonde rw’ukuntu batomboye, habanje
Senderi International Hit,
Bruce Melody,
Jay Polly,
Young Grace,
Active,
Dream boys,
Ama-G The Black,
Jules Sentore,
Christopher
Hasoza Teta  Diana.

Ibitaramo nk’ibi bya Live bizakomereza mu Mujyi wa Muhanga aho abahanzi baziyereka abakunzi babo mu mpera z’Icyumweru gitaha.

Mu bitaramo byabanje umuhanzi Jay Polly niwe abafana bagaragaje ko akunzwe kubera ukuntu basakuzaga iyo yabaga agiye kur rubyiniro. Nubwo bwose kuri uyu wa Gatandatu nabyo bamweretse ko bamuri inyuma, ariko umuhanzi Jules Sentore byagaragaye ko yateguye ababyinnyi be neza ndetse akabasha gushyushya urubyiniro cyane.

Umushyushya rugamba MC Arthur niwe watangaga uko gahunda iri bukurikirane, akanyuzamo agasetsa abafana mu gihe umuhanzi ukurikiyeho yabaga ataraza.

MC Arthur niwe watangaga uko gahunda iri bukurikirane
MC Arthur niwe watangaga uko gahunda iri bukurikirane
Senderi ati Nsomwa
Senderi ati: Nsomya nanjye ngusomye
Senderi na Primus
Senderi na Primus
Ababyinnyi ba Senderi bambaye amabara y'idarapo ry'igihugu
Ababyinnyi ba Senderi bambaye amabara y’idarapo ry’igihugu
Bruce Melodie kuri scene
Bruce Melodie kuri scene
Iyo ushaka kwemeza ntacyo utakora. Uwo ni Bruce Melodie
Iyo ushaka kwemeza ntacyo utakora. Uwo ni Bruce Melodie acuramye mu masiporo
Jay Polly mu ndirimbo ye Deux fois Deux
Jay Polly mu ndirimbo ye Deux fois Deux
Jay Polly agaragara ko yifitiye icyizere muri iri ruhanwa
Jay Polly agaragara ko yifitiye icyizere muri iri ruhanwa
Abakunzi ba Muzika i Kigali
Abakunzi ba Muzika i Kigali bari  benshi
Young Grace ati Bongo niyo mbyino
Young Grace ati Bongo niyo mbyino
Grace hamwe n'ababyinnyi be
Grace hamwe n’ababyinnyi be
Abafana b'umuraperi Young Grace
Abafana b’umuraperi Young Grace
Inteko y'abakemurampaka ikurikirana uko igitaramo kiri kugenda
Inteko y’abakemurampaka ikurikirana uko igitaramo kiri kugenda
Abakemurampaka bandika uko babona abahanzi bari kwitwara
Abakemurampaka bandika uko babona abahanzi bari kwitwara
Active Group
Itsinda rya Active ryaje kuri scene ryambaye imyenda imeze ityo
GroupActive n'ababyinnyi babo
Aba basore babyinnye karahava
Dream Boys babwiya abafana babo ko bafitanye isano
Dream Boys babwiye abafana babo ko bafitanye isano
Dream Boys
Dream Boys bambaye imyenda isa
Amag the Black
Amag the Black yaje yambaye ikabutura
Uyu muraperi ngo iyi Si ni ishuri
Uyu muraperi avuga ko Isi ari ishuri
Sentore umwemu bahanzi bashya ariko ukunzwe bigaragara
Sentore umwemu bahanzi bashya ariko bakunzwe bigaragara
Sentore mu mudiho nyarwanda
Yazanye abasore bacinya umudiho neza cyane
Uyu musore nawe ashobora kuzahindura ibintu
Uyu musore nawe ashobora kuzahindura ibintu
Christopher Muneza: ati Ndabyemeye
Christopher Muneza: ati Ndabyemeye
Muneza Christopher
Muneza Christopher
Teta Diana mu ndirimbo ye Call Me
Teta Diana mu ndirimbo ye Call Me
Teta n'ababyinnyi be ati: Ndaje
Teta n’ababyinnyi be bambaye imipira yanditseho izina rye
Umuhanzi Teta nawe yari afite abafana batari bacye
Umuhanzi Teta nawe yari afite abafana batari bacye
Jay Polly abaha imirongo
Jay Polly abaha imirongo
Abafana be hejuru
Abafana be hejuru
Amag the Black nawe ni imirongo aba atanga
Amag the Black nawe ni imirongo aba atanga
Mu kuririmba yafashe hasi
Mu kuririmba yafashe hasi
Abakemurampaka bafite ibyo bandika, uyu ni Lion Manzi
Abakemurampaka bafite ibyo bandika, uyu ni Lion Manzi
Bruce Melodie n'abamufasha
Bruce Melodie n’abamufasha
Sentore mu ijwi rizira amakaraza
Sentore mu ijwi rizira amakaraza
Imabraga ku mwuga we
Imabraga ku mwuga we
Arthur umushyushyarugamba ati mukomze murushanwe
Arthur umushyushyarugamba ati mukomeze murushanwe
Uko barishanwa niko bakora iyo bwabaga
Uko barishanwa niko bakora iyo bwabaga
Imyambarire yavuzweho ibitandukanye
Arambaye? ntiyambaye?
Dream Boys nk'impanga
Dream Boys nk’impanga
Heir?
Heil? Christopher araramukanya bwa ki Nazi?
umukobwa wa 'Bingo'
Umukobwa wa ‘Bingo’

Photos/Plaisir MUZOGEYE/UM– USEKE

RUTAGANDA Joel
ububiko.umusekehost.com

0 Comment

  • Mbega byiza mutubabarire mutwoherereze ka video

  • Ahaa ! Ndabona bigeze ahakomeye! Gusa mwajyaga mutwereka uko abafana bishimiye abahanzi none hano ntimwabigaragaje! Gusa kuvuga ko Sentore akunzwe bigaragara ni ugukabya cyane ukurikije amashusho na videwo mwagiye mutwereka! Yego si umuswa ariko hari henshi bigaragara ko hari abamuri imbere ukurikoje abafana bafite!

  • Ndababaye byahatari kuberiki batatwereka jay pol kandi ariwe dushaka cyane muze gukora update

  • Ndababaye  byahatari kuberiki  batatwereka  jay pol kandi ariwe dushaka cyane muze gukora update

  • Jay Polly bereke kbs hanyuma dukande amazi.

  • ndababaye kubona Tonzi muri guma guma, Tonzi we, oyaaaa nukuri urantunguye. ndabaza ubwo Pastor Minyoni arabishyigikiye? bibaye ari yego nakumirwa. Agakiza kubu we. Yesu yaravuze ngo muvane ibishimwa mubigawa. nakubwira iki rero

  • Kangwage amafaranga ava miri byeri nimenshi sana ntago tonzi yakwihanganira kuyareka na Yesu u wo uvuga yamuta

  • Tonzi nimumureke yishakire cash,harubwo mwamubonye inzoga azinywa se?erega inzoga Imana ntizanga kuko naYesu yarayzitanze mubukwe bw’ikana,nimumuveho rero

  • Ahhhh ariko uyu munyamakuru nawe nu munyarwenya yeee none se buriya urabona uriya muntu uvuze haruguru y’ambaye wangu yitwande ko yakuyeho 

  • SENTORE arabahayaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaa!

  • muvane amatiku aho sha barabazi ubwo Tonzi naburara uriya mu Pastrer we azamutunga mureke ashake cash nacyaha kirimo nashake azanaririmbe byose naribi rwose hano turi kw’ ISI ya cash nukwirwanaho

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

en_USEnglish
en_USEnglish