Digiqole ad

PGGSS 5: Abafana b’i Kigali ntacyo wababeshya. Bishimye cg Batishimye barabikwereka

 PGGSS 5: Abafana b’i Kigali ntacyo wababeshya. Bishimye cg Batishimye barabikwereka

Microphone bazihinduye nk’ibirwanisho

Bitandukanye no mu Ntara mu gitaramo cya PGGSS ya Gatanu muri week end i Nyamirambo, abahanzi babonye ‘challenge’. Umuhanzi wazamukaga kuri ‘scene’ yabaga azi ko agiye kwerekana icyo ashoboye bitaba ibyo abafana bo bakamwereka ko batamwishimiye. Muri iki gitaramo umuhanzi wishimiwe cyane bikomeye ni Bull Dogg ukora Rap.

Ahagana saa kumi n'ebyiri abafana bari bamaze kuba benshi kuri Tapis rouge i Nyamirambo
Ahagana saa kumi n’ebyiri abafana bari bamaze kuba benshi kuri Tapis rouge i Nyamirambo

Abafana ba muzika i Kigali babanje kwereka Senderi na Julles Sentore ko batabishimiye bumvikanisha amajwi avuga ngo buuuuu!! Gusa aba bahanzi byabasabye gukoresha imbaraga muri ‘performance’ yabo barabigarurira.

Abandi bahanzi bishimiwe cyane harimo TNP, Rafiki na Dream boys ndetse na Active yatangaje abantu ikaza yambaye nk’aba Ninja.

Ahagana saa kumi n'ebyiri abafana bari bamaze kuba benshi kuri Tapis rouge i Nyamirambo
Ahagana saa kumi n’ebyiri abafana bari bamaze kuba benshi kuri Tapis rouge i Nyamirambo
Biganjemo cyane cyane urubyiruko
Biganjemo cyane cyane urubyiruko
Barimo abazanye ibyapa byo gushyigikira abahanzi babo
Barimo abazanye ibyapa byo gushyigikira abahanzi babo
Stage yari iteguye neza cyane, MC Tino yabanje nawe gushyushya imbaga yari aha
Stage yari iteguye neza cyane, MC Tino yabanje nawe gushyushya imbaga yari aha
Hari abantu ibihumbi n'ibihumbi baje kureba aba bahanzi bose bakorera muri Kigali
Hari abantu ibihumbi n’ibihumbi baje kureba aba bahanzi bose bakorera muri Kigali
Umwe mu bagize TNP, ari nabo babanje kuri stage
Paccy, umwe mu bagize TNP, ari nabo babanje kuri stage
Aba bahanzi barishimiwe cyane, ahanini kuko ari aba hano hafi mu Nyakabanda
Aba bahanzi barishimiwe cyane, ahanini kuko ari aba hano hafi mu Nyakabanda
Tracy nawe wo muri TNP aririmba
Tracy nawe wo muri TNP aririmba
Knwoless yazanye n'abandi bakobwa bitwikiriye imitaka bambaye na za 'timberland'
Knwoless yazanye n’abandi bakobwa bitwikiriye imitaka bambaye na za ‘timberland’
Uyu muhanzi ubu uhabwa amahirwe cyane atangiye kuririmba. Gusa aha i Kigali ntabwo yishimiwe cyane nko mu ntara
Uyu muhanzi ubu uhabwa amahirwe cyane atangiye kuririmba. Gusa aha i Kigali ntabwo yishimiwe cyane nko mu ntara
Yambaye imyambaro y'umuhondo imwegereye, Knowless ni umwe mu bageze kure muri iri rushanwa ryabanjirije iri (PGGSS III)
Yambaye imyambaro y’umuhondo imwegereye, Knowless ni umwe mu bageze kure muri iri rushanwa ryabanjirije iri (PGGSS III)
Bruce Melody ushoboye gushyushya imbaga ingana gutya wenyine
Bruce Melody ushoboye gushyushya imbaga ingana gutya wenyine
Mu ijwi rye, mu bitaramo bya Live ari mu bahabwa amahirwe
Mu ijwi rye, mu bitaramo bya Live ari mu bahabwa amahirwe
Umwe mu bafana aragaragaza ko yishimiye cyane Bruce Melody
Umwe mu bafana aragaragaza ko yishimiye cyane Bruce Melody
Anyuzamo kandi akanabashyushya akabashyira hejuru
Anyuzamo kandi akanabashyushya akabashyira hejuru
Senderi akihagera babanje kumuha urw'amenyo n'induru ngo 'Buuuu'
Senderi akihagera babanje kumuha urw’amenyo n’induru ngo ‘Buuuu’
Uyu muhanzi wari wambaye bidasanzwe ntabwo byamuciye intege
Uyu muhanzi wari wambaye bidasanzwe ntabwo byamuciye intege
Yashyizemo imbaraga akora akazi ke araririmba Live
Yashyizemo imbaraga akora akazi ke araririmba Live
Byarangiye yongeye kwigarurira bamwe
Byarangiye yongeye kwigarurira bamwe
Umuraperi Paccy yaje nawe agaragaza ko amaze igihe yitoza Live
Umuraperi Paccy yaje nawe agaragaza ko amaze igihe yitoza Live
Aratanga Rap ye injyana itoroha na gato kuririmba Live
Aratanga Rap ye injyana itoroha na gato kuririmba Live
Imbere y'abafana be abaha injyana ze, akanyuzamo akanifata atyo mu mbyino z'uruzungu
Imbere y’abafana be abaha injyana ze, akanyuzamo akanifata atyo mu mbyino z’uruzungu
Rafiki yaje ari hejuru, asaba ko ababylone babatwika
Rafiki yaje ari hejuru, asaba ko ababylone babatwika
Mu ndirimbo ze (uburara)"Bwongoza faux" yongeye kugaragaza ko ari umuhanzi mukuru
Mu ndirimbo ze (uburara)”Bwongoza faux” yongeye kugaragaza ko ari umuhanzi mukuru
Ni rasta ugikunzwe cyane uko byagaragaye
Ni rasta ugikunzwe cyane uko byagaragaye
Abaninja inyuma bari kwishyushya
Abaninja inyuma bari kwishyushya
Bafite n'ikipe nini iruhande rwabo
Bafite n’ikipe nini iruhande rwabo
Kuri scene Dream Boys bari guca ibintu
Kuri scene Dream Boys bari guca ibintu
Platini araririmba Live ukabona ko babimenyereye
Platini araririmba Live ukabona ko babimenyereye
Ubundi akikwega atya.....
Ubundi akikwega atya…..
Aba bahanzi bari mu bahabwa amahirwe, nibo kandi bafite uburambe cyane muri iri rushanwa basibyemo rimwe gusa
Aba bahanzi bari mu bahabwa amahirwe, nibo kandi bafite uburambe cyane muri iri rushanwa basibyemo rimwe gusa
Active 'Ninja' barahageze, buri wese yatangariye uko bambaye
Active ‘Ninja’ barahageze, buri wese yatangariye uko bambaye
Microphone bazihinduye nk'ibirwanisho
Microphone bazihinduye nk’ibirwanisho
Ariko ininja nazo zishobora kuba 'soft', aha araririmba ati 'Active love'
Ariko ininja nazo zishobora kuba ‘soft’, aha araririmba ati ‘Active love’
Abafana baberetse ko babishimiye cyane
Abafana baberetse ko babishimiye cyane
Ubundi batangira umwihariko wabo wo guceza neza kandi nta gusobanya
Ubundi batangira umwihariko wabo wo guceza neza kandi nta gusobanya
El Patrone....arahageze muri Rap ikarishye
El Patrone….arahageze muri Rap ikarishye
Yashyize abafana mu birere baririmbanaga nawe buri jambo
Yashyize abafana mu birere baririmbanaga nawe buri jambo
Uyu munsi wari uwa Bull Dogg
Uyu munsi wari uwa Bull Dogg
Sentore akihagera nawe ntiyakiriwe neza n'abafana
Sentore akihagera nawe ntiyakiriwe neza n’abafana bamwe na bamwe
Nawe ntiyacitse intege
Nawe ntiyacitse intege
Yashyizemo imbaraga nyinshi  agaragaza ubuhanga bwe mu kuririmba Live
Yashyizemo imbaraga nyinshi agaragaza ubuhanga bwe mu kuririmba Live
Byarangiye hari abo yigaruriye kubere injyana ye ya gakondo
Byarangiye hari abo yigaruriye kubere injyana ye ya gakondo

Photos/Plaisir MUZOGEYE/UM– USEKE

Plaisir MUZOGEYE
UM– USEKE.RW

11 Comments

  • ikibazo cya sentore aba yaryohewe ntaryohereze abantu. aba yiririmbira naho kuro talent arayifite peee.

  • @Christie wapi nta kibazo nakimwe cya sentore ikibazo ni audience itazi umuziki wumwimerere.baba bishakira ibiguruka tuuu

  • Hahahah Senkeli yararutanze kabisa… hahahah.. ariko uyu mwaka bazambabarire Guma guma bayimuhe .. Bitihise nk’abafana be tuzashinga ikigega, 24milions tuzimushakire tumushumbushe ntako aba atagize… Mayiweta oyeeeee!!!! #Hit ni Hit

  • Senderi jye nari nagize ngo numudamu bahuu!!!!! abahanzi biwacu mukomere.

  • Ka Knowless ni keza uwaga………

  • Dream Boyz irabikwiye ndavuga kwegukana guma guma

  • Senderi ni umuhanga, rero abanyakigali ibyo mwakwigira byose abo mufana bazajya bazima asigare. Muzarebe igihe yatangiriye mumbwire abandi bakizwi.

  • NDABONA UMUHANZI KNOLESS AYIKWIYE TU

  • knowless,kuko nzi neza ko nta ruswa iwacu, igihembo n’icyawe

  • Sentore yari akwiriye kumenya Public ye na Product imutegerejeho!! ibihangano imutegerejeho se ni ririya jwi rye rinoze nk’irya Mukuru we Masamba cg Se umubyara? cg ni umuziki uguterura ukakwesa wa mugani wa Kayirebwa Cécile! Nti watangara Senderi amurushije abafana kandi ari umuziki, ari imyitwarire by”abo bombi ntaho bihuriye na gato!!

  • DREAM BOYZ OYEEEE

Comments are closed.

en_USEnglish