Digiqole ad

KWITA IZINA ku nshuro ya 10. AMAFOTO

Umuhango wo Kwita Izina ubera mu kigo cy’umuco kiri munsi y’umusozi wa Sabyinyo, Abanyakinigi nk’uko bisanzwe ababa babukereye kuva mu gitondo cya kare baba bari ku mihanda bareba abashyitsi baza muri uyu muhango, ariko no kuwitabira bawitabira ku bwinshi.

Umwe mu misozi miremire y'u Rwanda uzwi nk'Ikirunga cya Sabyinyo.
Umwe mu misozi miremire y’u Rwanda uzwi nk’Ikirunga cya Sabyinyo. Munsi y’iki kirunga niho uyu muhango wabereye

Abatuye mu Kinigi bavuga ko amashuri, amavuriro n’imihanda myiza babonye byinshi babikesha iterambere ry’ubukerarugendo mu Rwanda, ubu ngo babashije kumva akamaro k’Ingagi n’uyu muhango wo kwita izina.

Aha ni mu gitondo mu masaha ya saa mbiri barimo berekeza ahari kubera ibirori.
Aha ni mu gitondo mu masaha ya saa mbiri abaturage ba hano bari kwerekeza ahabera umuhango wo Kwita Izina
IMG_9517
Bategereje ko uyu muhango utangira
Ubwo Minisitiri w'Intebe Dr Pierre Damien Habumuremyi yahageraga.
Ubwo Minisitiri w’Intebe Dr Pierre Damien Habumuremyi yahageraga yakiriwe n’abayobozi ba RDB n’uhagarariye Ingabo. Aha arakirwa na Amb Valentine Rugwabiza umuyobozi mukuru wa RDB
Minisitiri w'Intebe Dr Pierre Damien Habumuremyi ari nawe mushyitsi mukuru yakiriwe n'abayobozi batandukanye.
Yakirwa na Maj Gen Mushyo Kamanzi
Umufasha wa Minisitiri w'Intebe (i buryo), Minisitiri w'Intebe Dr Pierre Damien Habumuremyi na Valentine Rugwabiza, umuyobozi wa RDB, hatangizwa umuhango wo kwita izina ku ncuro ya cumi ku mugaragaro.
Umufasha wa Minisitiri w’Intebe (i buryo), Minisitiri w’Intebe Dr Pierre Damien Habumuremyi na Valentine Rugwabiza, umuyobozi wa RDB, hatangizwa umuhango wo kwita izina ku nshuro ya cumi ku mugaragaro.
Umufasha wa Minisitiri w'Intebe (i buryo), Minisitiri w'Intebe Dr Pierre Damien Habumuremyi na Valentine Rugwabiza, umuyobozi wa RDB.
Ambasaderi Valentine Rugwabiza aganira na Ministre w’Intebe kuri uyu muhango
Minisitiri w'Ubucuruzi n'Inganda, Francois Kanimba (i bumoso), Minisitiri w'Ubutabera, Johnston Businge, Minisitiri w'umutungo kamere n'ibidukikije Stanislas Kamanzi na Minisitiri w'Umuco na Siporo Mitari Protais nabo bari bitabiriye uyu muhango.
Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda, Francois Kanimba (i bumoso), Minisitiri w’Ubutabera, Johnston Busingye, Minisitiri w’umutungo kamere n’ibidukikije Stanislas Kamanzi na Minisitiri w’Umuco na Siporo Mitari Protais nabo bari bitabiriye uyu muhango.
Umuyobozi wungirije wa RDB, wahoze anayiyobora Claire Akamanzi.
Umuyobozi wungirije wa RDB, wahoze anayiyobora Claire Akamanzi.
Minisitiri w’Ubuhinzi n’ubworozi Agnes Karibata (i buryo) na Minisitiri w’Impunzi no guhangana n’ibiza, Seraphine Mukantabana nabo bitabiriye uyu muhango.
Minisitiri w’Impunzi no guhangana n’ibiza Seraphine Mukantabana na Minisitiri w’Ubuhinzi n’ubworozi Dr Agnes Karibata muri uyu muhango
Abaturage nabo baba bitabiriye ari benshi.
Abaturage bitabiriye uyu muhango ari benshi.
Amb. Valentine Rugwabiza, Umuyobozi mukuru wa RDB ubwo yagezaga ijambo kubari bitabiriye uyu muhango.
Amb. Valentine Rugwabiza, Umuyobozi mukuru wa RDB aha ikaze abitabiriye uyu muhango.
Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga wa Sudani y’Epfo Nhial Deng Nhial yita ingagi.
Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga wa Sudani y’Epfo Nhial Benjamin Marial Barnaba Bil yita ingagi.
Ambasaderi wa USA mu Rwanda nawe ari mu bahaye amazi abana b'ingagi 18 biswe amazina.
Ambasaderi ucyuye igihe wa USA mu Rwanda nawe ari mu bahaye amazina abana b’ingagi 18 biswe none
DSC_0008
Umunyarwenya Diogene Ntarindwa bita Atome, n’umuhanzi Kidumu basusurutsa abantu
DSC_0011
Umuhanzi w’Umurundi Kidumu aririmbira abari muri uyu muhango
DSC_0109
Umuhamirizo unogeye ijisho w’Intore
DSC_0138
Byari byiza cyane kureba izi ntore zibyina
DSC_0166
Abakobwa bicaye mu rugo rwa kinyarwanda rwateguwe muri uyu muhango
DSC_0171
Inzu ya Kinyarwanda yamurikiwe abashyitsi, aha bari barimo imbere batambagizwa iyo nzu, ari naho bambariye mbere yo kwita amazina.
DSC_0186
Aba ni abashyitsi bakuru baturutse mu bihugu bitandukanye bavuye mu nzu ya Kinyarwanda, ari nabo bise amazina ingagi.
DSC_0228
Abantu bagera kuri 300 baturutse mu mahanga bazanye amatsiko yo gukurikirana umuhango nk’uyu
DSC_0241
Ministre w’Intebe ahabwa umwanya ngo atange izina ku mwana w’Ingagi
DSC_0254
Imbyino z’imishayayo z’abanyarwanda zagaragajwe muri uyu muhango
DSC_0269
Maj Gen Mushyo Kamanzi yise ingagi “Ndegera”
DSC_0279
Abanyamakuru batari bacye baje gukurikirana uyu muhango
IMG_1695
Abaturutse mu bihugu bitandukanye bahawe amahirwe yo kwita ingagi
IMG_9436
Abana n’abakuru bose baba bitabiriye uyu muhango
IMG_9437
Hari kandi “Compagnie musicale” yaje gususurutsa abari hano
IMG_9458
Ku nshuro ya 10, iki gikorwa cyari kigamije “Kurengera – Guha imbaraga no koongeera” umubare w’ingagi n’ibizikikije
IMG_9483
Umuhanzi Jay Polly ukunzwe cyane nawe yahawe umwanya
IMG_9492
Aba ni abafana b’uyu muhanzi ukora injyana ya Rap
IMG_9501
Ba Ministre Mukantabana na Karibata batangajwe n’uburyo uyu muhanzi akunzwe cyane n’uburyo aririmba
IMG_9503
Claire Akamanzi umuyobozi muri RDB muri uyu muhango
IMG_9509
Aha byaberaga hari hateguye ku buryo bwihariye kandi bunogeye ijisho
IMG_9520
Ikirere cyiza cyo munsi y’ikirunga cya Sabyinyo cyatumye uyu muhango ugenda uko wateganyijwe
IMG_9530
Kidumu wifuzaga kwita umwana w’ingagi izina rye “Kibido” mu ijwi rigororotse atarama
IMG_9542
Atome agira ibyo abwira Kidumu
IMG_9566
Uyu mugabo yise umwana w’Ingagi “Inkindi”
IMG_9570
Yitwa Omar Samra, aturutse mu Misiri asanzwe akora iby’ubukerarugendo
Ambasaderi w'Ubuholandi mu Rwanda, Leoni Margarita Cuelenaere nawe yise umwana w'Ingagi "Ubukwe".
Ambasaderi w’Ubuholandi mu Rwanda, Leoni Margarita Cuelenaere nawe yise umwana w’Ingagi “Ubukwe”.
IMG_9591
Bakurikiranye cyane uyu muhango
IMG_9619
Buri wese afite amatsiko yo kumva ayo mazina
IMG_9620
Kubera ubwinshi bw’abahari, aba basore bo buriye ibiti ngo bakurikirane neza nta wubakingiriza
IMG_9625
Kuko ari mugufi yagiye hejuru ngo adacikanwa
IMG_9628
Abaturage bacyereye ibi birori
IMG_9647
Abantu baba bambitswe imyambaro ituma basa n’ingagi nibo bifashishwa mu kwita amazina
IMG_9668
Sofia Nzayisenga uririmba injyana Gakondo araririmba muri uyu munsi
IMG_9690
Abana b’ingagi bahawe amazina ni abavutse mu gihe cy’umwaka gishize
IMG_9702
Abasore b’itsinda Mashirika bakora ‘acrobatie’ nabo basusurukije abantu cyane
IMG_9704
Umuyobozi mukuru wa Rwandair John Mirenge wise umwana w’ingagi “Kwigira”
IMG_9713
Uyu yavuze ko ababazwa no kuba iwbao muri Nigeria ingagi zahabaga abaturage baraziriye zigashira, agashimishwa n’uburyo mu Rwanda zihabwa agaciro nk’aka
IMG_9720
Nizeyimana Fidel, umwe mu babungabunga umutekano w’ingagi nawe yise yise ingagi “Ibendera” yo mu muryango witwa Hirwa
IMG_9731
Amb Yamina Karitanyi, Umuyobozi ushinzwe ubukerarugendo muri RDB yakira impano iturutse mu Bushinwa
IMG_9766
MInistre w’Intebe yashimiye ingabo ku mutekano usesuye zitanga n’abaturage ku ruhare rwabo
IMG_9773
Abaturage ngo batagize uruhare mu kubungabunga umutekano no kurengera ibidukikije ibi ngo ntibyagenda neza


Photos/Venuste Kamanzi/UM– USEKE

Venuste KAMANZI
ububiko.umusekehost.com

 

0 Comment

  • Amafoto ni sans faute. Narimvuye kuyindi website, mbega itandukaniro. Murabambere bravoooo

  • Wow, it seems to have been wonderful

  • Komeza imihigo Rwanda yacu…Uyu muhango ni mwiza cyane kuko aho ndi Canada umaze kumenyakana nk’umwihariko w’u Rwanda. Mukomeze munoze uko ukorwa

  • Umuseke ndabakunda cyane! Amafoto yanyu atuma mera nkaho nari mpibereye. u re more professional than anyone in Rwanda……. Imana ibahe gukomeza gutera imbere

  • Nigeria, ngo pe Ingagi barazimaze bazirya mbega mbega !!!!

  • nanjye ingagi nyise KIDUMU KIBIDO KIBUGANIZO  (KIKIKI)

  • uyu minister wa South Sudan yitwa Benjamin Barnaba ayo mazina sinzi aho mwayakuye ariko mwakoze ku nkuru mwanditse muba mwagerageje pe. 

Comments are closed.

en_USEnglish