Digiqole ad

Mu mafoto: Ibyaranze umukino wa nyuma w’Igikombe cy’Amahoro

 Mu mafoto: Ibyaranze umukino wa nyuma w’Igikombe cy’Amahoro

Diarra yari yafoye ingumi ngo arwane n’umukinnyi wa APR FC

Ni irushanwa riba ku munsi wo Kwibohora, ikipe ya Rayon Sports yatsinze APR FC bigoranye 1-0 mu mukino wari ukomeye, urimo amahane n’ishyaka.

Igikombe Rayon Sports yatwaye
Igikombe Rayon Sports yatwaye
Abatoza ba APR FC, Nizar Khanfir na Rubona Emmanuel bagera ku kibuga
Abatoza ba APR FC, Nizar Khanfir na Rubona Emmanuel bagera ku kibuga
Mbere y'umukino barasuhuzanya
Mbere y’umukino barasuhuzanya
Bayisenge wari ufite amahane yavanywe mu kibuga kare aho yari mu ntambara na Savio
Bayisenge wari ufite amahane yavanywe mu kibuga kare aho yari mu ntambara na Savio
Savio wa Rayon Sports arwanira umupira n'umukinnyi wa APR FC
Savio wa Rayon Sports arwanira umupira n’umukinnyi wa APR FC
Karekezi Olivier na we yari yaje kureba Classico yahoze akina
Karekezi Olivier na we yari yaje kureba uyu mukino ukomeye yahoze akina
Ikipe yishakira abafana Rayon Sports yabengutswe na benshi mu Banyaburayi bari kuri Stade Amahoro barafana
Ikipe yishakira abafana Rayon Sports yabengutswe na benshi mu banyamahanga bari kuri Stade Amahoro bafana
Abayobozi ba Rayon sports, Gacinya Dennis, Haji Mudaheranwa, na Kimenyi Vedaste bareba uko abasore babo bitwara
Abayobozi ba Rayon sports, Gacinya Dennis, Haji Mudaheranwa, na Kimenyi Vedaste bareba uko abasore babo bitwara
Ingeri zose zishimiye uyu mukino
Ingeri zose zishimiye uyu mukino

 

Intambara ya Diarra n’abakinnyi ba APR FC

Uko Diarra yazonze abakinnyi ba APR FC na we yari yazonzwe
Uko Diarra yazonze abakinnyi ba APR FC na we yari yazonzwe
Diarra mu ntambara n'abakinnyi babiri ba APR FC
Diarra mu ntambara n’abakinnyi babiri ba APR FC
Diarra yari yafoye ingumi ngo arwane n'umukinnyi wa APR FC
Diarra yari yafoye ingumi ngo arwane n’umukinnyi wa APR FC
Barakigakiga Diarra ngo acururuke kuko yari afite amahane menshi
Barakigakiga Diarra ngo acururuke kuko yari afite amahane menshi
Umukino utaryoheye ijisho mu kibuga ariko wuzuyemo amahane
Umukino utaryoheye ijisho mu kibuga ariko wuzuyemo amahane

 

Umunyezamu Olivier Kwizera ari mu bihe byiza

Mu kirere nk'inyoni Kwizera arakiranya umupira utewe na bagenzi be yanga ko ujya muri corner
Mu kirere nk’inyoni Kwizera arakiranya umupira utewe na bagenzi be yanga ko ujya muri corner
Muri rusange Kwizera Olivier yakinnye neza
Muri rusange Kwizera Olivier yakinnye neza
Kwizera yasohotse nabi Diarra amutanga umupira
Kwizera yasohotse nabi Diarra amutanga umupira
Umupira watangiye Rayon Sports isatira cyane
Umupira watangiye Rayon Sports isatira cyane
Umutoza w'Amavubi Johnny Makinstry yaje kuri uyu mukino
Umutoza w’Amavubi Johnny Makinstry yaje kuri uyu mukino

 

Uko igitego cyabonetse:

Kwizera Pierro ateye urutambi mu izamu umuzamu Kwizera arawuruka
Kwizera Pierro ateye urutambi mu izamu umuzamu Kwizera arawuruka
Umupira uremereye uramucika
Umupira uremereye uramucika
Kwizera Olivier arwana no gukurikira umupira ngo awutange Diarra ariko ntibyashoboka 'Bigango' amurusha intambwe
Kwizera Olivier arwana no gukurikira umupira ngo awutange Diarra ariko ntibyashoboka ‘Bigango’ amurusha intambwe
Ismaila Diarra ni we wasonze mu izamu umupira wari utewe na Pierro Kwizera
Ismaila Diarra ni we wasonze mu izamu umupira wari utewe na Pierro Kwizera
Ku munota wa nyuma kiba kiranyoye
Ku munota wa nyuma kiba kiranyoye
Igitego cya Ismaila Diarra gihesheje Rayon sports igikombe cy'Amahoro
Igitego cya Ismaila Diarra gihesheje Rayon sports igikombe cy’Amahoro
Abakinnyi ba Gikundiro bishimye cyane
Abakinnyi ba Gikundiro bishimye cyane
Abakinnyi ba APR FC byababaje cyane
Abakinnyi ba APR FC byababaje cyane
Umukinnyi wa APR FC ntiyaguwe neza n'igitego cyo ku munota wa nyuma yacitse intege araryama
Umukinnyi wa APR FC ntiyaguwe neza n’igitego cyo ku munota wa nyuma yacitse intege araryama
Nyuma y'umukino Bakame yuriye izamu kubera ibyishimo
Nyuma y’umukino Bakame yuriye izamu kubera ibyishimo
Rwarutabura ashimira Imana mu bimenyetso by'umusaraba bitagira ingano
Rwarutabura ashimira Imana mu bimenyetso by’umusaraba bitagira ingano
Nyuma y'umukino Yannick arasa n'uwitangiriye itama bigaragaza kwakira gutsindwa
Nyuma y’umukino Yannick arasa n’uwitangiriye itama bigaragaza kwakira gutsindwa
Football si intambara nyuma y'umukino abakinnyi bafashe ifoto y'ubwiyunge
Football si intambara nyuma y’umukino abakinnyi bafashe ifoto y’ubwiyunge
Ku rundi ruhande ibyishimo muri Rayon Sport byari byinshi
Ku rundi ruhande ibyishimo muri Rayon Sport byari byinshi
Umutoza Masudi Djuma mu birere bati 'tuzahora twumva inama zawe'
Umutoza Masudi Djuma mu birere bati ‘tuzahora twumva inama zawe’
Abakinnyi ba Rayon Sports bashimira abafana babaabye hafi
Abakinnyi ba Rayon Sports bashimira abafana babaabye hafi
AS Kigali na yo yambitswe imidali nyuma yo gustinda Espoir FC
AS Kigali na yo yambitswe imidali nyuma yo gustinda Espoir FC
Maj Gen Jacques Musemakweli Umugaba Mukuru w'Ingabo zirwanira ku butaka akaba na Perezida wa APR FC atanga imidali
Maj Gen Jacques Musemakweli Umugaba Mukuru w’Ingabo zirwanira ku butaka akaba na Perezida wa APR FC atanga imidali
Perezida wa Rayon Sports Denis Gacinya na Kizigenza Bakame Eric bishimira igikombe
Perezida wa Rayon Sports Denis Gacinya na Kizigenza Bakame Eric bishimira igikombe
Ubwatsi bwa Stade Amahoro busigaye buhora butoshye
Ubwatsi bwa Stade Amahoro busigaye buhora butoshye
Umukino wa APR FC na Rayon Sports uhuruza imbaga
Umukino wa APR FC na Rayon Sports uhuruza imbaga

Amafoto/MUGUNGA Evode/UM– USEKE

UM– USEKE.RW

5 Comments

  • Ngo “abanyaburayi bari ku kibuga” mubwiwe niki ko ari abanyaburayi?mwababajije?sinon,bashobora kuba ari abanyafrica,Australia cg Amerika.umuzungu wese si umunyaburayi????????????

  • Umutoza w’ibiguruka ngo rayon ntiyari ayizi ati igikombe ni icyacu…..Abanyamakuru batubwire ibyo yatangaje nyuma yumukino. Erega na Shampiyona ntiyari iyabo nuko bazanyemo kata zabasifuzi nibirarane byimikino. Mwambwira KABAREBE YARI HEHE?

  • rayon rwose yabikoreye ,yarigikwiye big up

  • Ifoto ya Manzi na Usengimana Faustin wari kuri ntebe y’abasimbura ifite icyo ivuze.

  • APR FC IRARWAYE PE. ABATOZA BARI KU RWEGO RWO HASI. BYARAGARAGA KABISA AHO ABATOZA BARI BAFITE PANIQUE .BANANIRWA KU GERA UMUKINO KUGEZA NO MU BAKILNYI PANIQUE. DUKENEYE ABATOZA BO KU RWEGO RURI HEJURU NAHO UBUNDI TUZAHORA MU MARIRA.MURAKOZE

Comments are closed.

en_USEnglish