Digiqole ad

KWIBOHORA: Muri Politiki, Ububanyi n'amahanga n'umutekano

Indi ntambwe yatewe nyuma y’urugamba rwo KWIBOHORA, muri Politiki, ububanyi n’amahanga, umutekano:

i Marlborough ubwo bakiraga u Rwanda mu muryango wa Commonwealth
Muri Werurwe 2010 i Marlborough mu Bwongereza ubwo bakiraga u Rwanda mu muryango wa Commonwealth

* U Rwanda rwinjiye mu kanama gashinzwe umutekano ka UN

* U Rwanda rwinjiye muri Commonwealth

* U Rwanda rwinjiye mu muryango wa East African Community

* Inzego z’ingabo na Polisi by’u Rwanda ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro ahatandukanye ku Isi.

* U Rwanda ruza mu bihugu bya Africa bitekanye kurusha ibindi

* Habayeho amatora ya Perezida inshuro ebyiri, n’ayabagize inteko ishinga amategeko imitwe yombi, ibi byabaye mu mahoro.

* Imiryango n’amabanki mpuzamahanga bitandukanye byashimiye politiki y’u Rwanda mu bukungu no gukoresha neza inkunga

* Havugurwe inzego z’ubutegetsi n’imiyoborere, ironda karere ricika buhoro buhoro.

* Umuyobozi ntabwo akiri umutegetsi, hariho ikigereranyo kitari kibi cy’uko umuyobozi abazwa ibyo akora n’abaturage cyangwa n’inzego zishobora kubavugira.

* Abanyarwanda bahawe indangamuntu zitarimo amoko.

* Kurwanya ruswa mu Rwanda biri ku kigero cyo hejuru nk’uko bigaragazwa na raporo mpuzamahanga zitandukanye.

ububiko.umusekehost.com

0 Comment

  • nyuma y’imyaka 20 u Rwanda rurubashywe mu rwego mpuza mahanga kandi runafite ijambo erega.

  • Mwibagiwekongeraho ku Rwanda rurimubihugu bifite impunzi hiryanohino kwisi

  • twaribohoye kandi n’amahanga yarabishimye , umwanya usigaye ni ukuzamuka tugatera imbere 

Comments are closed.

en_USEnglish